Ingabo za Nigeria zarokoye abantu 76 bari barashimuswe n’amabandi mu Majyaruguru ashyira u Burengerazuba, mu Ntara ya Katsina, nubwo umwana umwe yapfiriye mu bikorwa byo kubarokora.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ingabo za Nigeria zabohoye abantu 76 bari barashimuswe
26 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Abanyabigwi muri ruhago y’u Rwanda bahuriye n’abakiri bato mu gikorwa cyo #Kwibuka31
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgikorwa cy’imikino ya ruhago cyamaze iminsi itanu kibera ku bibuga byo hirya no hino mu Mujyi wa Kigali, kigamije kunamira inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, by’umwihariko abakinnyi, abatoza, abasifuzi, abanyamakuru n’abafana bagera ku 110 bishwe muri ayo mahano, cyasojwe ku Cyumweru, tariki ya 4 Gicurasi, mu birori byabereye kuri Kigali Pelé Stadium i Nyamirambo.
-
Amavubi yerekeje muri Nigeria
2 September 2025, by ISIMBI Estellakipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ yerekeje muri Nigeria, aho izakinira n’iki gihugu umukino w’Umunsi wa Karindwi mu yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026.
-
Miss Uganda anyurwa no kumva indirimbo za Gospel
24 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNyampinga wa Uganda Natasha Nyonyozi, yatangaje ko akunda kumva indirimbo ziramya zikanahimbaza Imana (Gospel), ariko by’umwihariko ibihangano bya Brian Lubega.
-
Rutsiro: Umusaza wari wugamye imvura yakubiswe n’inkuba arapfa
8 July 2025, by ISIMBI EstellaUmusaza witwa Hitimana Aloys wo mu Karere ka Rutsiro wari wugamye imvura yakubiswe n’inkuba arapfa.
-
UPDF yaba igiye gufasha AFC/M23 gufata umujyi wa Kisangani?
24 March 2025, by Angeline MUKANGENZIUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko Perezida Yoweri Kaguta Museveni yatanze itegeko ry’uko ingabo z’igihugu cye cyangwa umutwe wa M23 bagomba gufata umujyi wa Kisangani bitarenze icyumweru kimwe
-
Kenya:Inkubiri yo kweguza Visi Perezida bashaka ko igera no kuri Perezida Ruto
5 October 2024, by Joseph IradukundaMu gihe muri Kenya hakomeje inkubiri yo kweguza Visi Perezida Rigathi Gachagua, bamwe mu banya-Kenya basabye ko niyegura, byazaba bityo no kuri Perezida Ruto.
-
Israel: Netanyahu yateye utwatsi ibyo guhagarika kugaba ibitero ku bayobozi ba Hamas
15 September 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko atazigera ahagarika kugaba ibitero ku bayobozi ba Hamas, kabone nubwo aba bayobozi bahungira hanze ya Gaza.
-
Perezida wa Colombia yasabye abaminisitiri batishimiye impinduka ze kwegura
10 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Colombia, Gustavo Petro, yasabye abagize guverinoma ye ko bakwegura mu mirimo yabo mu gihe baba batishimiye impinduka ateganya kuyikoramo.
-
Umwe mu bashinja Diddy yatahuweho kubeshya
10 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuThalia Graves uheruka kujyana Diddy mu rukiko rwa New York, amushinja we n’uwahoze amurindira umutekano witwa Joseph Sherman, kumukorera ihohoterwa rishingiye ku gitsina; yatahuweho guhimba ibinyoma ashaka amafaranga.
Umuryango.rw
Ingabo za Nigeria zabohoye abantu 76 bari barashimuswe
Abanyabigwi muri ruhago y’u Rwanda bahuriye n’abakiri bato mu gikorwa cyo #Kwibuka31
Amavubi yerekeje muri Nigeria
Miss Uganda anyurwa no kumva indirimbo za Gospel
Rutsiro: Umusaza wari wugamye imvura yakubiswe n’inkuba arapfa
UPDF yaba igiye gufasha AFC/M23 gufata umujyi wa Kisangani?
Kenya:Inkubiri yo kweguza Visi Perezida bashaka ko igera no kuri Perezida Ruto
Israel: Netanyahu yateye utwatsi ibyo guhagarika kugaba ibitero ku bayobozi ba Hamas
Perezida wa Colombia yasabye abaminisitiri batishimiye impinduka ze kwegura
Umwe mu bashinja Diddy yatahuweho kubeshya