Hari ibitaro bivura indwara zo mu mutwe mu Mujyi wa Kigali bigaragaza ko 80% by’abo byakiriye mu mezi 9 ashize bari urubyiruko kandi ibyo bibazo bakaba barabitewe n’ikoreshwa ry’inzoga n’ibindi bisindisha.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kigali: 80% by’abagaragaweho n’ibibazo byo mu mutwe kubera ibiyobyabwenge mu mezi 9 ni urubyiruko
16 December 2024, by Joseph Iradukunda -
AFC/M23 yamaganye ibitero by’ingabo za Leta byahitanye abasivili muri Minzenze
26 January, by ISIMBI EstellaUmuvugizi wa AFC/M23 Lawrence Kanyuka yatangaje ko iri huriro ryamaganye ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC, Wazalendo n’Abarundi byahitanye abasivili mu gace ka Minzenze.
-
Jay-Z yashinjwe gufatanya na Diddy gusambanya umukobwa w’imyaka 13
9 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuJay-Z yagaragaye mu kirego gishinja Diddy gusambanya umukobwa w’imyaka 13, aho ashinjwa gufatanya n’uyu muraperi mugenzi we iki cyaha cyakozwe mu myaka irenga 20 ishize.
-
REG na WASAC byisobanuye kuri ruswa ikomeje kubivuzamo ubuhuha
13 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuDepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Mvano Nsabimana Etienne, yagaragaje ko kuba ibigo bya REG na WASAC byaraje ku isoga mu kurangwamo ruswa, biteye isoni ku bigo nk’ibi bitanga serivisi z’amashanyarazi n’amazi abaturage bakenera umunsi ku wundi.
-
Arnold Schwarzenegger (Komando) yiyongereye ku byamamare bishyigikiye Kamala Harris
31 October 2024, by Joseph IradukundaIcyamamare muri sinema y’Amerika, umushoramari n’umunyapolitiki, Arnold Schwarzenegger uzwi ku izina rya Komando, yemeje ko mu bakandida bahanganiye kuyobora Leta zunze Ubumwe za Amerika, ashyigikiye Umudemukarate, Madamu Kamala Harris.
-
Umugabo yafatanywe igihanga cy’ingona mu muzigo ku kibuga cy’indege cy’i Delhi
10 January 2025, by Joseph IradukundaAbategetsi bo mu Buhinde bavuga ko bataye muri yombi umugabo w’Umunya-Canada ku kibuga cy’indege cy’i Delhi kubera gutwara amagufa y’igihanga cy’ingona mu muzigo we.
-
Rutsiro: Umugabo watemaga ibiti by’amakara mu ishyamba kimwe cyamugwiriye arapfa
31 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMusabyimana Gaspard w’imyaka 36, watemaga ibiti byo gutwikamo amakara mu ishyamba yahawemo akazi n’uwitwa Habanabakize Vénant, ubwo we na bagenzi be batemaga igiti bagikurura ngo kitagwira insinga z’amashanyarazi, ubwo yagihungaga kiguye cyamuguyeho ahita apfa.
-
Bwiza na DJ Toxxyk bongewe mu gitaramo ‘Move Afrika’ cyatumiwemo John Legend
11 February 2025, by ISIMBI EstellaBwiza na DJ Toxxyk bongewe mu gitaramo ‘Move Afrika’, cyatumiwemo John Legend kikaba gitegerejwe kubera muri BK Arena ku wa 21 Gashyantare 2025.
-
M23 yateguje ko itazemera imyanzuro iyisaba kuva mu bice igenzura
8 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’umutwe witwaje intwaro wa M23, Bertrand Bisimwa, yateguje ko abarwanyi bawo batazemera imyanzuro ibasaba kuva mu bice bagenzura mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Dr. Ndugulile,Umunya Tanzaniya uherutse gutorerwa kuyobora OMS muri Afurika yapfuye
27 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuDr Faustine Engelbert Ndugulile, Umunya-Tanzania wari uherutse gutorerwa kuyobora Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima muri Afurika, yapfuye kuri uyu wa 27 Ugushyingo 2024.
Umuryango.rw
Kigali: 80% by’abagaragaweho n’ibibazo byo mu mutwe kubera ibiyobyabwenge mu mezi 9 ni urubyiruko
AFC/M23 yamaganye ibitero by’ingabo za Leta byahitanye abasivili muri Minzenze
Jay-Z yashinjwe gufatanya na Diddy gusambanya umukobwa w’imyaka 13
REG na WASAC byisobanuye kuri ruswa ikomeje kubivuzamo ubuhuha
Arnold Schwarzenegger (Komando) yiyongereye ku byamamare bishyigikiye Kamala Harris
Umugabo yafatanywe igihanga cy’ingona mu muzigo ku kibuga cy’indege cy’i Delhi
Rutsiro: Umugabo watemaga ibiti by’amakara mu ishyamba kimwe cyamugwiriye arapfa
Bwiza na DJ Toxxyk bongewe mu gitaramo ‘Move Afrika’ cyatumiwemo John Legend
M23 yateguje ko itazemera imyanzuro iyisaba kuva mu bice igenzura
Dr. Ndugulile,Umunya Tanzaniya uherutse gutorerwa kuyobora OMS muri Afurika yapfuye