Abaturage batuye mu Murenge wa Kanyinya, Akarere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, barishimira intambwe imaze guterwa mu kuborohereza ingendo n’ibindi bikorwa bagezwaho ndetse na serivisi zibafasha kwiteza imbere.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyarugenge: Bishimira ko boroherejwe ingendo n’iterambere begerejwe
7 February, by Angeline MUKANGENZI -
Argentine nayo yikuye muri OMS
6 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZAUmuvugizi w’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Argentine, Manuel Adorni, yatangaje ko iki gihugu cyavuye mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), arishinja kuba ritarashoboye guhangana na Covid-19.
-
Hashyizweho miliyari 1,4 Frw k’uwabona umukecuru w’imyaka 84 wabuze
24 February, by Angeline MUKANGENZIUmunyamakuru wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Savannah Guthrie, yagaragaje ko umuryango we uri gutanga miliyoni 1$ ( arenga miliyari 1,4 Frw) ku muntu uzatanga amakuru y’umubyeyi we w’imyaka 84 wabuze.
-
Puerto Rico yashyizeho itegeko ribuza abari munsi y’imyaka 21 kwihinduza igitsina
21 July 2025, by ISIMBI EstellaPuerto Rico yemeje itegeko rikumira ibikorwa byo kwihinduza igitsina no gufata imiti ihindura imisemburo ku bantu bari munsi y’imyaka 21, rikazatangira kubahirizwa mu Ukwakira 2025.
-
Perezida Tshisekedi yayoboye inama y’igitaraganya nyuma y’imirwano yabereye i Sake
24 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yayoboye inama y’igitaraganya nyuma y’aho ingabo z’iki gihugu zihanganiye n’umutwe witwaje intwaro wa M23 rwagati mu mujyi wa Sake.
-
Joseph Kabila bitazwi neza aho ari biravuwa ko yakiriwe mu Bubiligi
14 September 2024, by Joseph IradukundaAmakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida w’iki gihugu yaba aherutse kwakirwa i Bruxelles mu Bubiligi.
-
U Bushinwa bugiye kugerera Amerika mu kebo k’imisoro yabugereyemo
9 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Bushinwa yatangaje ko igiye kongera kuzamurira ibicuruzwa bituruka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika umusoro wa 50% mu rwego rwo kwihorera.
-
Perezida Putin yahigiye kwihorera ku bitero bya ’drone’ bya Ukraine
23 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’u Burusiya Vladimir Putin yatangaje ko biteguye kwihorera mu buryo bukomeye ku bagize uruhare mu gutegura igitero cya drone cyagabwe ku mujyi wa Kazan ku wa Gatandatu.
-
Sarkozy azafungirwa mu cyumba cya wenyine
20 October 2025, by ISIMBI EstellaUwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicolas Sarkozy, agiye gufungirwa mu cyumba cya wenyine nyuma yo guhamywa icyaha cyo gukoresha amafaranga atemewe mu bikorwa bye byo kwiyamamaza mu 2007.
-
Trump yateguje ibitero byo ku butaka ku bacuruza ibiyobyabwenge muri Venezuela
28 November 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yateguje abasirikare b’iki gihugu ko vuba cyane bazatangira ibikorwa byo ku butaka birwanya abakura ibiyobyabwenge muri Venezuela.
Umuryango.rw
Nyarugenge: Bishimira ko boroherejwe ingendo n’iterambere begerejwe
Argentine nayo yikuye muri OMS
Hashyizweho miliyari 1,4 Frw k’uwabona umukecuru w’imyaka 84 wabuze
Puerto Rico yashyizeho itegeko ribuza abari munsi y’imyaka 21 kwihinduza igitsina
Perezida Tshisekedi yayoboye inama y’igitaraganya nyuma y’imirwano yabereye i Sake
Joseph Kabila bitazwi neza aho ari biravuwa ko yakiriwe mu Bubiligi
U Bushinwa bugiye kugerera Amerika mu kebo k’imisoro yabugereyemo
Perezida Putin yahigiye kwihorera ku bitero bya ’drone’ bya Ukraine
Sarkozy azafungirwa mu cyumba cya wenyine
Trump yateguje ibitero byo ku butaka ku bacuruza ibiyobyabwenge muri Venezuela