Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Basketball yatsinzwe n’iya Morocco amanota 54-52 mu mukino wa nyuma wa gishuti, mu myiteguro y’imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Afurika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Basketball: U Rwanda rwasoje imikino ya gishuti rutihumurije ku ntsinzi
20 November 2024, by Joseph Iradukunda -
U Rwanda mu nzira yo gutangiza ingendo z’indege zijya muri Pakistan
24 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe yatangaje ko u Rwanda na Pakistan biri mu biganiro bigamije guteza imbere ubucuruzi n’ubukerarugendo hagati y’impande zombi ku buryo mu bihe biri imbere hazanatangizwa ingendo z’indege hagati zijya mu bihugu byombi zitagize aho zihagarara.
-
Impamvu zituma intoki zawe zigaragara nk’izishaje
12 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuHari ubwo intoki zawe zigaragara nk’izishaje nyamara nta kazi kenshi wakoze bityo bigatuma wibaza ibibazo byinshi udafitiye ibisubizo.Muri iyi nkuru uraboneramo igisubizo.
-
Zambia: Basabwa ruswa y’igitsina ngo bazashyigikirwe mu matora y’Abadepite
18 March, by ISIMBI EstellaUmuyobozi ushinzwe ishami ry’uburinganire mu biro bya Perezida wa Zambia, Mainga Kabika, yatangaje ko bamwe mu bayobozi b’amashyaka bari gusaba abagore kubaha ruswa y’igitsina kugira ngo babatoranye mu baziyamamaza mu matora rusange ateganyijwe mu 2026.
-
Sudani y’Epfo: Ingabo z’u Rwanda zavuye abaturage basaga 500
27 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmatsinda y’Ingabo z’u Rwanda na Polisi boherejwe mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS) yahaye serivisi z’ubuvuzi abaturage basaga 500 mu Mudugudu wa Amadi uri mu nkengero z’Umurwa Mukuru, Juba.
-
Ubwicanyi bwafashe intera muri Uvira, M23 yatabarije Abanyamulenge
22 January, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro Fleuve Congo (AFC/M23) ryatabarije abaturage b’Abanyamurenge ndetse n’abatuye Umujyi wa Uvira bakomeje guhohoterwa, nyuma yaho iri huriro rikuriyemo abarwanyi ingabo za Leta zigahita ziwinjiramo.
-
Minisiteri y’Uburezi ikeneye abarimu barenga ibihumbi 24 kugira ngo abakenewe buzure
9 January 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Uburezi Dr Valentine Uwamariya,yavuze ko bagikeneye abarimu bihumbi 24,410,ariyo mpamvu igikorwa cyo kubashyira mu myanya kigikomeje cyane ko ibyumba by’amashuri byinshi byamaze kuzura.
-
Intego ni uko igikombe kizaguma mu Rwanda! Perezida wa FERWAFA mbere y’uko FIFA Series 2026 itangira
26 March, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Fabrice, yatangaje ko u Rwanda rwiteguye kwakira neza irushanwa rya FIFA Series 2026, agaragaza ko rizatanga umusaruro ukomeye mu bukungu no mu iterambere rya siporo ndetse ko intego ari uko igikombe kuzasigara mu Rwanda.
-
Tanzania: Umuturage yasabye imbabazi Abanya-Kenya mu izina ry’igihugu cye
29 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuturage wa Tanzania witwa Juma Ibrahim, yasabye imbabazi Abanya-Kenya mu izina ry’igihugu cye nyuma y’amagambo mabi yavuzwe n’Abadepite bo mu nteko ishinga amategeko ya Tanzania yatumye abaturage benshi bambuka umupaka uhuza Kenya na Tanzania bagira uburakari, batangira gutuka abo badepite ndetse na Perezida wa Tanzania ku mbuga nkoranyambaga.
-
Lt Gen Innocent Kabandana yitabye Imana
7 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLt General Innocent Kabandana wabaye Umuyobozi w’ibikorwa by’inzego z’umutekano zoherejwe kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado, muri Mozambique, yitabye Imana, azize uburwayi.
Umuryango.rw
Basketball: U Rwanda rwasoje imikino ya gishuti rutihumurije ku ntsinzi
U Rwanda mu nzira yo gutangiza ingendo z’indege zijya muri Pakistan
Impamvu zituma intoki zawe zigaragara nk’izishaje
Sudani y’Epfo: Ingabo z’u Rwanda zavuye abaturage basaga 500
Ubwicanyi bwafashe intera muri Uvira, M23 yatabarije Abanyamulenge
Intego ni uko igikombe kizaguma mu Rwanda! Perezida wa FERWAFA mbere y’uko FIFA Series 2026 itangira
Tanzania: Umuturage yasabye imbabazi Abanya-Kenya mu izina ry’igihugu cye
Lt Gen Innocent Kabandana yitabye Imana