Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhanga, Ntezirembo Jean Claude ukurikiranyweho gukoresha imibanonano mpuzabitsina umukobwa idakingiye agamije kumwanduza indwara, Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye rutegetse ko afungwa by’agateganyo iminsi 30.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
MUHANGA:Gitifu wakoze imibonano idakingiye yategetswe gufungwa iminsi 30
26 August 2019, by Martin Munezero -
Hatahuwe indirimbo 12 za Michael Jackson zitigeze zijya hanze
15 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’imyaka 15 Michael Jackson wamamaye mu njyana ya Pop ku Isi yitabye Imana, hatahuwe indirimbo 12 ze zitigeze zijya hanze.
-
M23 yisubije Ngungu nyuma yo kubagagura FARDC n’abarimo Abarundi
14 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14 Mutarama wisubije agace ka Ngungu ko muri Teritwari ya Masisi, nyuma yo kukirukanamo ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Annet Murava yasuye Bishop Gafaranga muri gereza amugenera ubutumwa
14 June 2025, by ISIMBI EstellaAbinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram, Annet Murava yavuze ko yavuye gusura Bishop Gafaranga nawe amutuma kumbwira abafana be ko abakumbuye.
-
Namibiya igiye kuyoborwa bwambere n’Umugore Netumbo watowe ku wiganze
4 December 2024, by Joseph IradukundaNetumbo Nandi-Ndaitwah yatorewe kuba Perezida wa Namibia, yandika amateka yo kuba umugore wa mbere utorewe kuyobora icyo gihugu.
-
RDC na Sudani ntibakiriye neza ibyo Gen Muhoozi aherutse kubatangazaho
19 December 2024, by Joseph IradukundaRepubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Sudani byokeje Uganda igitutu, nyuma y’amagambo aheruka gutangazwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo zayo, Gen Muhoozi Kainerugaba.
-
Abafana bo mu Bwongereza bihaye Gianni Infantino
23 January, by ISIMBI EstellaAbafana b’umupira w’amaguru mu Bwongereza bihaye Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, wabasabye kuzitwararika ntihazagire ufungwa.
-
Imitungo iri ahazavugururirwa Gare ya Nyabugogo igiye gutangira kubarurwa
16 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmujyi wa Kigali watangaje ko ugiye gutangira kubarura imitungo cyangwa ibikorwa by’ubucuruzi bizimurwa n’imirimo yo kuvugurura Gare ya Nyabugogo.
-
Umukino wa APR FC na Pyramids wimuwe
15 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImikino ya APR FC na Pyramids yo mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League yigijwe inyuma, umukino ubanza ushyirwa tariki ya 28 Nzeri, uwo kwishyura ushyirwa tariki ya 4 Ukwakira 2025.
-
Umuyapani wafunzwe imyaka 48 arengana yemerewe miliyoni 1,44 y’Amadolari
26 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rwa Shizuoka mu Buyapani rwategetse Leta kwishyura miliyoni 1,44 z’Amadolari ya Amerika (miliyari 2 Frw) umusaza wamaze imyaka 48 afungiwe ibyaha atakoze.
Umuryango.rw
Hatahuwe indirimbo 12 za Michael Jackson zitigeze zijya hanze
M23 yisubije Ngungu nyuma yo kubagagura FARDC n’abarimo Abarundi
Annet Murava yasuye Bishop Gafaranga muri gereza amugenera ubutumwa
Namibiya igiye kuyoborwa bwambere n’Umugore Netumbo watowe ku wiganze
RDC na Sudani ntibakiriye neza ibyo Gen Muhoozi aherutse kubatangazaho
Abafana bo mu Bwongereza bihaye Gianni Infantino
Imitungo iri ahazavugururirwa Gare ya Nyabugogo igiye gutangira kubarurwa
Umukino wa APR FC na Pyramids wimuwe
Umuyapani wafunzwe imyaka 48 arengana yemerewe miliyoni 1,44 y’Amadolari