Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda bwatangaje ko buzi amakuru y’uko Umunyarwanda Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid yafitiwe muri Leta Zunze Ubukwe za Amerika (USA) bushimangira ko bwabigizemo uruhare ngo afatwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda ni rwo rwatanze inyandiko zifata Prince Kid muri USA
9 February, by ISIMBI Estella -
Mozambique bikomeje kuba bibi nyuma y’aho Mondlane watsinzwe atangaje ko azirahiza nka Perezida
11 December 2024, by Joseph IradukundaUmunyapolitiki Venancio Mondlane nyuma yo gutsindwa amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Mozambique, yatangaje ko ku wa 15 Mutarama 2025 azirahiza nka Perezida mushya w’iki gihugu.
-
Uganda yemeje umuntu wa mbere w’icyorezo cya Coronavirus hafatwa n’izindi ngamba nshya zikomeye
22 March 2020, by Martin MunezeroIzindi ngamba igihugu Leta y’igihugu cya Uganda yafashe nyuma yo kwemeza umurwayi wa mbere w’icyorezo cya Coronavirus, indege ziva hanze ntizemerewe kugwa ku kibuga icyo ari cyo cyose cyo muri iki Gihugu, Nta munyamaguru,cyangwa umunya-Uganda wemerewe kuva cyangwa kwinjira muri iki gihugu.
-
Abari baguze amatike mu gitaramo cy’abaraperi cyasubitswe, baremwe agatima
4 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu batandukanye bari bivovoteye abateguye igitaramo cyiswe “Icyumba cya Rap’’ cyasubitswe kubera imvura, bijejwe ko bazayakoresha mu kindi giteganyijwe cyo gusimbura icyaburijwemo.
-
Kamonyi: Umusore arakekwaho kwica nyina
8 February, by Angeline MUKANGENZIAbaturage batuye mu Kagari ka Kagina, mu Murenge wa Runda, Akaraere ka Kamonyi, mu gitondo cyo ku ya 7 Gashyantare 2026, basanze Mujawayezu Pelagie yiciwe mu nzu ye yatewe ibyuma, bakeka ko yaba yishwe n’umuhungu we wanahise aburirwa irengero.
-
Dr. Kizza Besigye agiye kuburanishirizwa mu nkiko za gisivile
17 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZAUrubanza rwa Dr. Kizza Besigye wari umaze iminsi yiyicisha inzara muri gereza, rugiye kuvanwa mu nkiko za gisirikare, rukimurirwa mu nkiko ziburanisha abasivile.
-
Perezida Kagame yasabye abanyaburayi kugabanya kumva ko bari hejuru mu kubahiriza uburenganzira bwa muntu
24 June 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Paul Kagame yasabye ibihugu byo ku mugabane w’Uburayi kugabanya kwishyira hejuru bumva ko bari hejuru ku bijyanye no kubahiriza uburenganzira bwa muntu kurusha indi migabane kuko hari ingero nyinshi z’ibyo bakora zibuhonyora.
-
Loni iratabariza abaturage ba Gaza bugarijwe n’inzara 100%
31 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuryango w’Abibumbye Loni uratanga impuruza ko abaturage ba Gaza 100% bugarijwe n’inzara nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi w’Ibiro bishinzwe imfashanyo muri Loni (OCHA).
-
Amerika yagejeje umusoro w’ibicuruzwa biva mu Bushinwa kuri 245%
16 April 2025, by Angeline MUKANGENZILeta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zongereye umusoro w’ibicuruzwa biva mu Bushinwa ho 100%, ibuziza ko bwafashe ingamba zo kwihimura.
-
Chuck Norris yapfuye
20 March, by ISIMBI EstellaCarlos Ray wamamaye muri sinema by’umwihariko muri filime nka Chuck Norris yapfuye afite imyaka 86 nk’uko umuryango we wabitangaje kuri uyu wa 20 Werurwe 2026.
Umuryango.rw
U Rwanda ni rwo rwatanze inyandiko zifata Prince Kid muri USA
Mozambique bikomeje kuba bibi nyuma y’aho Mondlane watsinzwe atangaje ko azirahiza nka Perezida
Abari baguze amatike mu gitaramo cy’abaraperi cyasubitswe, baremwe agatima
Kamonyi: Umusore arakekwaho kwica nyina
Dr. Kizza Besigye agiye kuburanishirizwa mu nkiko za gisivile
Loni iratabariza abaturage ba Gaza bugarijwe n’inzara 100%
Amerika yagejeje umusoro w’ibicuruzwa biva mu Bushinwa kuri 245%
Chuck Norris yapfuye