Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze abayobozi batatu bakora mu rwego rushinzwe mine, peteroli na gas (RMB), bakekwaho ibyaha bine birimo ruswa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RIB yataye muri yombi abayobozi batatu bo mu kigo cy’igihugu gishinzwe Mine
26 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere izasubukurwa mu mpera z’icyumweru
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere “Rwanda Premier League” rwemeje ko izasubukurwa mu mpera z’iki cyumweru, tariki 18-20 Ukwakira 2024, hakinwa Umunsi wayo wa Gatandatu.
-
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Guinée yavuze ku byo perezida Kagame yaganiriye na Gen Doumbouya
5 May 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Guinée-Conakry, Général Mamadi Doumbouya n’umugore we, Lauriane Doumbouya, tariki ya 1 Gicurasi 2025 bagiriye uruzinduko mu Rwanda rwari rugamije gushimangira ubushuti buri hagati y’ibi bihugu.
-
Perezida Trump yigambye kwica abantu 11 bo muri Venezuela
3 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Donald Trump yavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye igitero ku bwato bwari butwaye ibiyobyabwenge hafi ya Venezuela, kigahitana abacuruza ibiyobyabwenge 11.
-
Abasirikare ba FARDC bari baragotewe i Goma batangiye koherezwa i Kinshasa
30 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmagana y’abasirikare bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ndetse n’abapolisi b’iki gihugu babaga mu kigo cya MONUSCO kiri mu mujyi wa Goma, batangiye kuhavanwa boherezwa i Kinshasa.
-
U Rwanda rwashimye imikoranire rufitanye Pologne
23 January, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb Nduhungirehe Olivier, yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda yishimira imikoranire ifitanye n’Igihugu cya Pologne kuko bigaragaza ko itanga inyungu nyinshi ku mpande zombi.
-
UVIRA: Haravugwa ikindi gitero cy’abakomando kabuhariwe ba M23 cyashimuse Col 2 na Maj mu ngabo z’u Burundi
17 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmakuru agera kuri BWIZA aravuga ko mu cyumweru gishize, umutwe wa M23 wohereje abasirikare kabuhariwe (Abakomando) bawo bakinjira mu kigo cya gisirikare cy’ingabo z’u Burundi mu bice bya Uvira, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, bagatwaramo abasirikare bakuru batatu abandi bakicwa.
-
Ingabo z’u Bubiligi zaba zatangiye kwicirwa mu burasirazuba bwa Congo
4 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuU Bubiligi bwahakanye uruhare rwabwo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), aho bivugwa ko buri gufasha Ingabo za Congo (FARDC), Inyeshyamba za Wazalendo, ndetse n’inyeshyamba za FDLR zirwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, mu rwego rwo kurwanya inyeshyamba za AFC / M23. Ariko, ibigaragara ku rugamba biratanga ishusho itandukanye.
-
White House yasabiye Trump igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel
2 August 2025, by ISIMBI EstellaUmuvugizi w’Ibiro bya White House, Karoline Leavitt, yavuze ko abona Perezida Donald Trump akwiriye kuba yarahawe igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel kera cyane.
-
Kurangiza kaminuza ntibivuze ko utakwiga umwuga-MINEDUC
3 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Uburezi (MINEDUC) ishimangira ko kuba umuntu yarize amashuri ya kaminuza bidakuraho ko ashobora kongeraho n’umwuga kuko byagaragaye ko mu gihe kiri imbere abazabona akazi benshi ari abize imyuga.
Umuryango.rw
RIB yataye muri yombi abayobozi batatu bo mu kigo cy’igihugu gishinzwe Mine
Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere izasubukurwa mu mpera z’icyumweru
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Guinée yavuze ku byo perezida Kagame yaganiriye na Gen Doumbouya
Perezida Trump yigambye kwica abantu 11 bo muri Venezuela
Abasirikare ba FARDC bari baragotewe i Goma batangiye koherezwa i Kinshasa
U Rwanda rwashimye imikoranire rufitanye Pologne
UVIRA: Haravugwa ikindi gitero cy’abakomando kabuhariwe ba M23 cyashimuse Col 2 na Maj mu ngabo z’u Burundi
Ingabo z’u Bubiligi zaba zatangiye kwicirwa mu burasirazuba bwa Congo
White House yasabiye Trump igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel
Kurangiza kaminuza ntibivuze ko utakwiga umwuga-MINEDUC