Komisiyo ishinzwe amategeko mu nteko ishinga amategeko y’u Bufaransa, yateye utwatsi umushinga wo kweguza Perezida Emmanuel Macron w’iki gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ubufaransa:Umushinga wo kweguza Perezida Macron wateshejwe agaciro
2 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Kiliziya Gatorika mu karere yasabye ko imipaka y’u Rwanda n’u Burundi yafungurwa
22 November 2024, by Joseph IradukundaInama y’Abepisikopi Gatorika bo mu bihugu by’u Rwanda, u Burundi na Repubulika ya Demokarasi ya Congo yaberaga i Bujumbura kuva kuwa Kabiri, yiga uko amahoro arambye yatsimbatirwa mu karere k’Ibiyaga bigari bya Afurika irasozwa kuri uyu wa Gatanu, itariki 22 Ugushyingo 2024, aho abayitabiriye basaba ko imipaka ifunze hagati y’u Rwanda n’u Burundi yafungurwa .
-
Kamonyi: Abantu bane bapfuye, hakekwa inzoga banyoye mu bukwe
31 December 2025, by ISIMBI EstellaAbantu bane barimo umwana uri munsi y’imyaka 18 bo mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Rukoma bapfuye, hakekwa inzoga banyoye mu bukwe bikekwa ko yari ihumanye, abandi bajyanwa mu bitaro.
-
Zimbabwe yanze inkunga ya Amerika
26 February, by Angeline MUKANGENZIAmasezerano y’inkunga mu by’ubuzima angana na $ miliyoni 367 (Frw miliyari 477,1) yagombaga gusinywa hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Zimbabwe, yanze kwemerwa na guverinoma ya kiriya gihugu cyo mu majyepfo ya Afurika.
-
Al Merrikh izakina Shampiyona y’u Rwanda yageze i Kigali (Amafoto)
6 November 2025, by ISIMBI EstellaIkipe ya Al Merrikh iri mu makipe abiri yo muri Sudani aherutse kwemererwa gukina muri Shampiyona y’u Rwanda yageze i Kigali.
-
Ghana na Zambia bakuyeho visa ku baturage b’ibyo bihugu
5 February, by Angeline MUKANGENZIGhana na Zambia basinye amasezerano yo gukuraho visa ku baturage b’ibyo bihugu, mu rwego rwo koroshya ingendo no gukomeza guteza imbere ubufatanye hagati yabyo.
-
RDC: Jean Pierre Bemba yashinjwe kubiba amacakubiri hagati y’abavuga ilingala n’igiswahili
2 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuSosiyete sivile yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yashinje Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ubwikorezi Jean-Pierre Bemba, kubiba amacakubiri n’inzangano hagati y’Abanyekongo bavuga Ilingala n’abavuga Igiswahili.
-
Icyamamare IshowSpeed ategerejwe mu Rwanda
8 January, by ISIMBI EstellaUmunyamakuru wo ku mbuga nkoranyambaga bizwi (livestreamer) Darren Jason Watkins Jr., uzwi ku rwego mpuzamahanga nka IshowSpeed ategerejwe mu Rwanda aho azanywe n’agahunda y’ubukerarugendo birimo gusura ingagi.
-
Thailand: Minisitri w’Intebe yegujwe kubera telefone
30 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rw’Ikirenga muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza Paetongtarn Shinawatra, wari Minisitiri w’Intebe, ,kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na Hun Sen, uyobora Sena ya Cambodia, akumvikana amwita ‘Nyirarume’ kandi ibihugu byari mu ntambara.
-
Ikoranabuhanga no guhanga ibishya bifashe ahazaza h’ubuhinzi bw’Afurika- Dr Ngirente
10 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente Edouard yagaragaje ko kugira ngo ubuhinzi muri Afurika butere imbere hakwiye kwimakazwa ikoranabuhanga ritagira uwo riheza kandi rigashyigikirwa mu buryo bufatika no kwimakaza guhanga ibishya muri urwo rwego.
Umuryango.rw
Ubufaransa:Umushinga wo kweguza Perezida Macron wateshejwe agaciro
Kiliziya Gatorika mu karere yasabye ko imipaka y’u Rwanda n’u Burundi yafungurwa
Kamonyi: Abantu bane bapfuye, hakekwa inzoga banyoye mu bukwe
Al Merrikh izakina Shampiyona y’u Rwanda yageze i Kigali (Amafoto)
Ghana na Zambia bakuyeho visa ku baturage b’ibyo bihugu
RDC: Jean Pierre Bemba yashinjwe kubiba amacakubiri hagati y’abavuga ilingala n’igiswahili
Icyamamare IshowSpeed ategerejwe mu Rwanda
Thailand: Minisitri w’Intebe yegujwe kubera telefone
Ikoranabuhanga no guhanga ibishya bifashe ahazaza h’ubuhinzi bw’Afurika- Dr Ngirente