Israël Mbonyi niwe muhanzi rukumbi wo mu Rwanda uhatanye mu bihembo bya Trace Awards and Festival bizatangirwa muri Zanzibar, mu ntangiro za 2025.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Israël Mbonyi ni we Munyarwanda wenyine uhatanye muri Trace Awards
2 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Igitutu cya Wazalendo cyatumye Brig Gen Gasita ahunga Uvira
10 September 2025, by ISIMBI EstellaBrig Gen Olivier Gasita ushinzwe ibikorwa by’igisirikare n’ubutasi mu karere ka gisirikare ka 33 mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahunze umujyi wa Uvira abitewe n’igitutu cy’imitwe yitwaje intwaro yibumbiye muri Wazalendo.
-
Gen. Kabarebe ntashobora kuririmba[ICYABIMUTEYE]
12 January 2020, by Martin MunezeroUmujyanama wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda mu byerekeye igisirikare n’umutekano, Genaral James Kabarebe avuga ko ubu adashobora kuririmba kubera ko yagize umwarimu mubi cyane akabimwangisha. Asaba abarimu gukunda abo bigisha no kuba inshuti zabo mu buzima bwose.
-
Perezida Kagame yasubije abayobozi b’utugari basabye kongererwa umushahara
28 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yabwiye abayobozi b’utugari basabye kongererwa umushahara ko Guverinoma izabyigaho ariko ko bizajyana n’imikorere yabo.
Ibi yabigarutseho ubwo yahuraga n’abasaga 2000 bagize Itorero rya ba Rushingwangerero, rigizwe n’Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’utugari bose bo mu gihugu,mu muhango wabereye kuri Intare Conference Arena, i Rusororo.
Perezida Kagame yavuze ko ikibazo cy’umushahara w’abayobozi b’utugari kizigwa kigashakirwa uburyo.
Ati "Sinahita ntanga igisubizo nonaha (…) -
U Bufaransa bwabonye Minisitiri w’Intebe mushya nyuma yo kweguza Michel Barnier
13 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya François Bayrou asimbuye Michel Barnier.
-
CEO wa Telegram uherutse gufungwa Macron akabihanana ubu arakorwaho iperereza byeruye
29 August 2024, by Joseph IradukundaAbayobozi mu Bufaransa batangiye iperereza ku mugaragaro ku Muyobozi wa Telegram, Pavel Durov nyuma yo gufatwa. Durov kandi yabujijwe kuva mu Bufaransa muri iki gihe.
-
Ba bana 18 bahawe imbabazi na Perezida Kagame barekuwe [AMAFOTO]
21 January 2018, by Nsanzimana ErnestGereza ya Nyagatare ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 21 Mutarama 2018, yarekuye abanyeshuri 18 bari bayifungiyemo nyuma y’ uko batsinze neza ibizami bya Leta bagahabwa imbabazi na Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame.
Aba bana uko ari 18 barimo 15 bakoze ibizamini bisoza amashuri abanza; batatu basoza icyiciro rusange ’Tronc Commun’. Abahungu 15 n’umukobwa umwe barangije abanza, umunani baje mu cyiciro cya mbere cy’abatsinze neza mu gihugu; barindwi baza mu cya kabiri na ho umwe (…) -
Element yaciye agahigo ko gukorera indirimbo Diamond na Zuchu
1 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMugisha Robinson wamenye mu gutunganya indirimbo no kuririmba nka Element, yaciye agahigo ko gukora amajwi y’indirimbo ya Naseeb Abdul Juma Issack [Diamond Platnumz] ndetse n’indirimbo ya Zuhura Othman Soud [Zuchu] bavugwa muri iki gihe mu rukundo n’ubwo umwe ari shebuja w’undi.
-
I Sake haravugwa Imirwano ikomeye yubuye hagati ya FARDC na M23
2 October 2024, by Joseph IradukundaKuva mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa 02 Ukwakira 2024 mu mujyi muto wa Sake uherereye muri Teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu ya Ruguru hongeye kumvikana imirwano ikaze yasakiranyije ingabo za Leta ya Kinshasa n’Inyeshyamba za M23.
-
Leta igiye kwegereza abaturage uburyo bwo gushaka ibimenyetso bikoreshwa mu butabera
27 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Ikigo cy’u Rwanda cy’Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi n’Ubuhanga bikoreshwa mu Butabera (Rwanda Forensic Institute, RFI) bwatangaje ko mu gihe cya vuba, butangira gushyira mu bikorwa imishinga yo kugaba amashami hirya no hino mu Ntara, hagamijwe kwegereza abaturage uburyo bwo kubona serivisi z’ibimenyetso bya gihanga bikoreshwa mu butabera.
Umuryango.rw
Israël Mbonyi ni we Munyarwanda wenyine uhatanye muri Trace Awards
Igitutu cya Wazalendo cyatumye Brig Gen Gasita ahunga Uvira
Perezida Kagame yasubije abayobozi b’utugari basabye kongererwa umushahara
U Bufaransa bwabonye Minisitiri w’Intebe mushya nyuma yo kweguza Michel Barnier
CEO wa Telegram uherutse gufungwa Macron akabihanana ubu arakorwaho iperereza byeruye
Element yaciye agahigo ko gukorera indirimbo Diamond na Zuchu
I Sake haravugwa Imirwano ikomeye yubuye hagati ya FARDC na M23
Leta igiye kwegereza abaturage uburyo bwo gushaka ibimenyetso bikoreshwa mu butabera