Urukiko rw’ ibanze rwa Ngoma rwakatiye Noella Ihirwe igifungo cy’ amezi atanu gisubitse nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gukorera iyicarubozo Synthia Umutoniwase wamukoreraga akazi ko mu rugo, gusa uwitwa Joseph watwikishije uyu mukozi ipasi nta gihano yahawe nyamara umuturanyi wahamijwe kumukanda amabere no kumupfura imisatsi yahanishijwe gufungwa umwaka n’ amezi atatu.
Kuba Noella yarakatiwe igifungo cy’ amezi atanu gisubitse bivuze ko atagezwa muri gereza.
Ibimenyetso umushinjacyaha (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uwatwikishije ipasi umukozi wo mu rugo w’ imyaka 16 nta gihano yahawe
31 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Ingabo z’u Burusiya zamaze kwinjira mu Murwa Mukuru wa Ukraine
25 February 2022, by Dusingizimana RemyAbasirikare b’Uburusiya bageze mu murwa mukuru Kyiv, nk’uko abategetsi baho babitangaje baciye kuri Twitter.
Minisiteri y’ingabo ya Ukraine yavuze ko "umwanzi" yageze mu karere ka Obolon, kuri 9km uvuye ku nteko ishingamategeko ya Ukraine iri hagati muri Kyiv.
Barasaba abaturage baho gukoresha ibicupa byacanyemo umuriro bizwi nka Molotov cocktails mu kubarwanya, ari nako basaba abandi gushaka ubwihisho.
Bagira bati: "Mwitonde baturage. Ntimuve mu ngo zanyu!"
Amashusho amwe yerekanye (…) -
Uwari umukozi wa Kizito Mihigo yakatiwe igifungo cy’imyaka 5 n’igice
22 October 2021, by Dusingizimana RemyUmucamanza mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge i Kigali yahanishije igihano cy’igifungo cy’imyaka itanu n’igice uwari umukozi w’umuhanzi w’icyamamare nyakwigendera Kizito Mihigo witwa Jean Bosco Nkundimana.
Umucamanza yavuze ko Jean Bosco Nkundimana ahamwa n’icyaha cyo kuba icyitso mu gushaka kwambutsa Kizito Mihigo banyuze ahantu hatemewe n’amategeko ndetse n’icyaha cyo kuba icyitso cyo gutanga ruswa.
Mu bandi babiri bareganwa umwe muri bo yagizwe umwere mu gihe undi yahanishijwe (…) -
Uzatsinda hagati ya Tyson Fury na Oleksandr Usyk azegukana umukandara wakozwe n’Abanyarwanda
12 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuTyson Fury na Oleksandr Usyk bari mu bahanga mu mukino w’iteramakofe bagiye kongera guhurira mu murwano, aho uzitwara neza azegukana umukandara wakozwe n’Abanyarwanda.
-
Gicumbi: Hashyizweho irondo ry’umwuga rizahangana n’amabandi
1 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbatuye mu tugari dutandukanye dukikije imirenge y’Umujyi wa Byumba bavuga banyuzwe no kuba bashyiriweho irondo ry’umwuga rizajya ribafasha guhashya ibisambo byari byarabazengereje.
-
Medvedev wayoboye u Burusiya yise abo muri EU inyenzi
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi wungirije w’inama y’umutekano y’u Burusiya, wanayoboye iki gihugu kuva mu 2008 kugeza mu 2012, Dmitry Medvedev, yise abayobozi bo mu muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) inyenzi.
-
PAM-Rwanda igiye kwizihiza ubwigenge bwa Afurika ku nshuro ya 62 yifatanyije n’abagore 70 ba rwiyemezamirimo
22 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuryango uharanira kwihuza no kwigenga kw’Abanyafurika Pan African Movement (PAM) ishami ry’u Rwanda wateguye umuhango wo kwifatanya n’Abanyafurika kwizihiza umunsi wo kwigenga uzabera mu Inteko Nshingamategeko y’u Rwanda.
-
Kigali: Uwo bakunda kwita pasiteri arakekwaho kwica umugore we
7 February, by Angeline MUKANGENZIUmugabo w’imyaka 32 witwa Businge Bonheur bakunda kwita pasiteri, yafashwe akekwaho kwica umugore we bari bamaranye igihe gito. Polisi y’Igihugu mu mujyi wa Kigali yatangaje ko hatangiye iperereza ku rupfu rw’uwo mugore bivugwa ko yishwe n’uwo mugabo akanatwika inzu yarimo.
-
Tems yavuze ku musore bakundanye wamusigiye igikomere
3 April, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi Tems yongeye kuvuga ku buzima bwe bw’urukundo, agaragaza uko yigeze kunyura mu mubano mubi wamugizeho ingaruka, aho yavuze ko uwo bakundanaga yamugaragarizaga urukundo ruvanze no kumwiyumvamo nk’aho amufiteho uburenganzira bwose
-
Igisirikare cya Amerika na Anduril byasinye amasezerano ya miliyari 20$
16 March, by Angeline MUKANGENZIIgisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko cyasinye amasezerano y’imyaka 10 n’Ikigo gikora ibijyanye n’ikoranabuhanga ry’ubwirinzi cyitwa Anduril.
Umuryango.rw
Ingabo z’u Burusiya zamaze kwinjira mu Murwa Mukuru wa Ukraine
Uwari umukozi wa Kizito Mihigo yakatiwe igifungo cy’imyaka 5 n’igice
Uzatsinda hagati ya Tyson Fury na Oleksandr Usyk azegukana umukandara wakozwe n’Abanyarwanda
Gicumbi: Hashyizweho irondo ry’umwuga rizahangana n’amabandi
Medvedev wayoboye u Burusiya yise abo muri EU inyenzi
PAM-Rwanda igiye kwizihiza ubwigenge bwa Afurika ku nshuro ya 62 yifatanyije n’abagore 70 ba rwiyemezamirimo
Kigali: Uwo bakunda kwita pasiteri arakekwaho kwica umugore we
Tems yavuze ku musore bakundanye wamusigiye igikomere
Igisirikare cya Amerika na Anduril byasinye amasezerano ya miliyari 20$