Édouard Philippe, wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, yasabye Perezida w’iki gihugu, Emmanuel Macron, kwegura avuga ko aricyo cyakemura ibibazo bya politiki biri mu Bufaransa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amajwi asaba Macron kwegura akomeje kwiyongera
8 October 2025, by ISIMBI Estella -
Hakenewe Miliyari 8.2 Frw yo gusana ubwato Perezida Kagame yemereye abatuye ku Nkombo
26 February, by ISIMBI EstellaAbadepite bagaragaje impungenge ku idindira ry’umushinga w’ubwato bwa Nkombo (Nkombo Boat II), bwagombaga kujya bukora ingendo hagati ya Rusizi na Rubavu butwaye abagenzi, nyuma y’uko bigaragaye ko hakenewe asaga Miliyari 8.2 Frw kugira ngo busanwe kandi burangire.
-
Rutsiro: Ibendera ry’Igihugu ryari ku biro by’Akagari ryibwe
14 July 2025, by ISIMBI EstellaAbantu bataramenyekana bibye Ibendera ry’Igihugu ryari ku Biro by’Akagari ka Ruhingo mu Murenge wa Gihango, mu Karere ka Rutsiro.
Amakuru dukesha IGIHE ni uko ubu bujura bwamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 14 Nyakanga 2025.
-
Gatsibo: Yanitse imyenda ku mugozi urimo amashanyarazi aramwica
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugore w’imyaka 28 wari utuye mu Murenge wa Kabarore mu Karere ka Gatsibo, yagiye kwanika ku mugozi imyenda yari arimo gufura, afatwa n’umuriro w’amashanyarazi uramwica.
-
Amerika: Icumi bahitanywe n’imodoka mu birori byo kwishimira umwaka mushya
1 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu bagera ku icumi ni bo bapfuye, abandi benshi barakomereka, ubwo imodoka yo mu bwoko bwa SUV yiraraga mu baturage benshi bari bateraniye mu gace ka Louisiana muri New Orleans, mu birori byo kwizihiza umwaka mushya.
-
Minisitiri Bahati yasabye Abanya-Uganda gushyira imbaraga mu guhahirana n’Abanyarwanda
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamabanga wa Leta ya Uganda ushinzwe ubucuruzi, inganda n’amashyirahamwe, David Bahati, yasabye abaturage begereye umupaka gushyira imbaraga mu guhahirana n’Abanyarwanda kuko birimo inyungu nyinshi.
-
Ali Bongo wari umaze igihe afungiye iwe yarekuwe
16 May 2025, by Angeline MUKANGENZIAli Bongo wahoze ayobora Gabon akaza guhirikwa ku butegetsi n’igisirikare mu 2023 ndetse agafungirwa iwe n’umuryango we kuva ubwo, yarekuwe ahita yerekeza i Luanda muri Angola.
-
RDC: Abantu 32 baguye mu mpanuka y’ubwato
13 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu babarirwa muri 32 baguye mu mpanuka y’ubwato bubiri bwari butwaye abagenzi barenga 100 bwarohamye mu kiyaga cya Tumba mu Ntara ya Equateur muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
-
Washington:Abadepite babwiye leta ya RDC ko Gusenya FDLR ari urufunguzo rwo gukuraho ingamba z’ubwirinzi z’u Rwanda
11 February, by ISIMBI EstellaAbadepite bagize ishami rya Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rikurikirana ibibera muri Afurika, bibukije ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko u Rwanda ruzakuraho ingamba z’ubwirinzi mu gihe gahunda yo gusenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR izaba yubahirijwe.
-
Uganda: Polisi itangaza ko 113 aribo baburiye mu nkangu
29 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi ya Uganda ivuga ko abantu 113 baburiwe irengero, naho abandi 24 bamenyekanye ko bapfuye nyuma y’inkangu yabereye mu burasirazuba bwa Uganda.
Umuryango.rw
Amajwi asaba Macron kwegura akomeje kwiyongera
Hakenewe Miliyari 8.2 Frw yo gusana ubwato Perezida Kagame yemereye abatuye ku Nkombo
Rutsiro: Ibendera ry’Igihugu ryari ku biro by’Akagari ryibwe
Gatsibo: Yanitse imyenda ku mugozi urimo amashanyarazi aramwica
Amerika: Icumi bahitanywe n’imodoka mu birori byo kwishimira umwaka mushya
Minisitiri Bahati yasabye Abanya-Uganda gushyira imbaraga mu guhahirana n’Abanyarwanda
Ali Bongo wari umaze igihe afungiye iwe yarekuwe
RDC: Abantu 32 baguye mu mpanuka y’ubwato
Washington:Abadepite babwiye leta ya RDC ko Gusenya FDLR ari urufunguzo rwo gukuraho ingamba z’ubwirinzi z’u Rwanda
Uganda: Polisi itangaza ko 113 aribo baburiye mu nkangu