U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 223 babaga mu mashyamba yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, bari barafashwe bugwate na FDLR, umutwe w’iterabwoba ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abanyarwanda barenga 200 babaga mu mashyamba ya RDC batahutse
6 November 2025, by ISIMBI Estella -
Young Thug yakatiwe imyaka 15 isubitse ahabwa amabwiriza akakaye
1 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuraperi w’icyamamare w’umunyamerika, Young Thug, warumaze imyaka 2 n’igice muri gereza aburana ku byaha birimo ibiyobyabwenge n’imbunda, urukiko rwamaze kumukatira imyaka 15 isubitse ndetse ashyirirwaho amabwiriza akakaye azakurikiza akimara gufungurwa.
-
Kim Jong Un yongeye kwemezwa nka Perezida wa Koreya ya Ruguru
23 March, by ISIMBI EstellaInteko Ishinga Amategeko muri Koreya ya Ruguru yongeye kwemeza Kim Jong Un nka Perezida w’icyo gihugu.
-
Burundi: Abaturage bari bivuganye umupolisi warashe akica mugenzi wabo
17 October 2024, by Joseph IradukundaIcyaha cyabaye kuri uyu wa Gatatu ushize nijoro, mu gace ka Gatongati. Ni muri Zone ya Rugari, muri Komini n’Intara ya Muyinga (mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’u Burundi).
-
RDC: Minisitiri Kayikwamba mu gahinda nyuma y’uko Arsenal FC yanze kuvugana nawe
17 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’umupira w’amaguru ya Arsenal ikomeje gushinjwa gusuzugura bikabije Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yanga kubonana na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Thérèse Kayikwamba Wagner kugira ngo baganire ku masezerano yayo n’u Rwanda.
-
Nord kivu: Gen Maj Cirimwami gushyiraho imisoro itemewe
21 October 2024, by Joseph IradukundaAbadepite 10 bo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bandikiye Perezida Félix Tshisekedi, bamumenyesha ko Guverineri wabo, Gen Maj Peter Cirimwami, yashyizeho imisoro itemewe n’amategeko.
-
RDC mu biganiro byo kugura izindi ‘drones’ zo kwivuna M23
24 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRepubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje ibiganiro n’ikigo cy’u Bushinwa gishinzwe gutumiza no kohereza mu mahanga indege, Catic, kugira ngo kiyigurishe izindi ndege zitagira abapilote (drones) z’intambara.
-
Hamenyekanye akayabo kagiye gukoreshwa mu kubaka inyubako ndende kurusha izindi mu Rwanda
21 June 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yatangije iyubakwa ry’inyubako y’ubucuruzi igezweho ya Kigali International Finance and Business Square (KIFBS) igiye kubakwa mu mujyi wa Kigali aho izaba ifite igice kimwe cy’amagorofa 24 ndetse ikuzura itwaye akayabo ka miliyoni 100 z’amadolari.
Iyi nyubako, izaba ifite imiturirwa 2 y’impanga n’iy’ikigo Equity Group ari nacyo gifite Equity Bank Rwanda Limited.
Amakuru avuga ko izuzura itwaye akayabo ka miliyoni 100 z’amadolari kandi, abayobozi bateganya ko izaba (…) -
Havuzwe iki? Dore ibyo abayobozi, abanyamakuru , abakinnyi ndetse n’abafana batangaje ku mukino wa Rayon Sports wahagaritswe utarangiye.
19 May 2025, by Gladiator OGUmukino wa Bugesera FC na Rayon Sports wabaye kuri uyu wa gatandatu wasize byinshi ndetse uvugwaho byinshi cyane nyuma yuko uhagaze ugeze ku munota wa 57 biturutse ku mvururu zatewe n’abafana ba Rayon Sports bateye amabuye mu kibuga maze Komiseri wuyu mukino afata umwanzuro wuko uhagarara.
-
RDC: Abasirikare 13 bakatiwe urwo gupfa
1 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rwa Gisirikare rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) rwakatiye igihano cyo gupfa abasirikare 13 bahamijwe ibyaha birimo kwica, kwiba no guhunga urugamba.
Umuryango.rw
Abanyarwanda barenga 200 babaga mu mashyamba ya RDC batahutse
Young Thug yakatiwe imyaka 15 isubitse ahabwa amabwiriza akakaye
Kim Jong Un yongeye kwemezwa nka Perezida wa Koreya ya Ruguru
Burundi: Abaturage bari bivuganye umupolisi warashe akica mugenzi wabo
RDC: Minisitiri Kayikwamba mu gahinda nyuma y’uko Arsenal FC yanze kuvugana nawe
Nord kivu: Gen Maj Cirimwami gushyiraho imisoro itemewe
RDC mu biganiro byo kugura izindi ‘drones’ zo kwivuna M23
Hamenyekanye akayabo kagiye gukoreshwa mu kubaka inyubako ndende kurusha izindi mu Rwanda
Havuzwe iki? Dore ibyo abayobozi, abanyamakuru , abakinnyi ndetse n’abafana batangaje ku mukino wa Rayon Sports wahagaritswe utarangiye.
RDC: Abasirikare 13 bakatiwe urwo gupfa