Abantu 37 – barimo Abanyamerika batatu, Umwongereza, Umubiligi n’Umunya-Canada – bakatiwe igihano cy’urupfu nyuma yuko urukiko rubahamije kugerageza guhirika perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RD Congo: Abanyamerika n’Umwongereza bari muri 37 bakatiwe igihano cy’urupfu
14 September 2024, by Joseph Iradukunda -
Rusizi: Umusore akekwaho kwica nyina yarangiza akikata igitsina
25 October 2025, by ISIMBI EstellaUmusore w’imyaka 20 wo mu Karere ka Rusizi yatawe muri yombi akekwaho kwica nyina amukubise ikintu mu mutwe, aho bikekwa ko yabikoreshejwe no kugira ngo ahite amuzungura. Nyuma y’aho bimenyekanye, bahise yikingirana mu nzu, yikata igitsina ariko nticyacika.
-
Trevor Noah agiye kuyobora ibirori bya Grammy Awards ubugira gatanu
22 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyarwenya Trevor Noah niwe uzayobora ibirori byo gutanga ibihembo bya Grammy Awards 2025 bigiye gutangwa ku nshuro ya 67, ku wa 02 Gashyantare 2025.
-
El Clásico y’amarira: Barça itsinda Madrid, Ancelotti asezera
12 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuFC Barcelona yanditse urupapuro rushya mu mateka y’umupira w’amaguru nyuma yo gutsinda Real Madrid mu buryo bw’igitangaza, itsinda ibitego 4–3 mu mukino wa shampiyona wagaragayemo ibitego 7, biba inshuro ya 4 itsinze Real Madrid yikurikiranya
-
Bamporiki yakatiwe gufungwa imyaka itanu agabanyirizwa ihazabu
23 January 2023, by Dusingizimana RemyUrukiko Rukuru rwahamije Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco yakatiwe icyaha cyo gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu nyungu ze bwite,rumukatira imyaka 5 y’Igifungo n’ihazabu ya Miliyoni 30 z’amafaranga y’u Rwanda.
Bamporiki yahamwe n’ibyaha bibiri ariko kubera impurirane mbonezamugambi yahaniwe icyaha cyiruta ibindi ari cyo gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu nyungu ze bwite.
Isomwa ry’Urubanza rwa Bamporiki Edouard ryabanje (…) -
Perezida Kagame yahaye ubutumwa bukomeye Padiri Nahimana uherutse kubeshya ko yatabarutse
6 September 2020, by Dusingizimana RemyMu kiganiro yatanze kuri radio na televiziyo y’u Rwanda uyu munsi ku cyumweru nyuma ya saa sita,Perezida Kagame yavuze ko nta mwanya yata kuri padiri Nahimana Thomas uherutse kuvuga ko yatabarutse bikagirwa ibanga amwibutsa ko nawe mu minsi mike ashobora kwisanga mu Rwanda.
-
Muyango yatunguranye mu gitaramo Uwangabiye cyaranzwe n’udushya
28 July 2025, by Joseph IradukundaUmuhanzi ukora umuziki gakondo akaba n’umwe mu batoza b’Itorero ry’Igihugu, Muyango Jean Marie, yatunguranye ku rubyiniro aririmbira abitabiriye igitaramo ‘Uwangabiye’ Lionel Sentore yamurikiyemo Alubumu.
-
RDC: Ahitwa Walikale,M23 iravugwaho kuhigarurira uduce dushya
26 October 2024, by Joseph IradukundaUmutwe wa M23 kuri uyu wa Gatandatu wigaruriye uduce dushya two muri Teritwari ya Walikale, nyuma y’imirwano n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Umugore wari ukuze cyane ku isi yapfuye
5 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugore w’Ubuyapani, Tomiko Itooka wari ufite imyaka 116 n’agahigo ko kuba umuntu ukuze kurusha abandi ku Isi, yapfuye ku wa 29 Ukuboza 2024.
-
ITANGAZO RYA CYAMURA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
5 November 2024, by UbwanditsiUmuhesha w’ Inkiko w’ Umwuga aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri Cyamunara binyuze mu ikoranabuhanga umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwo guhingaho buherereye mu Karere ka Gasabo.
Soma itangazo rirambuye….
Umuryango.rw
RD Congo: Abanyamerika n’Umwongereza bari muri 37 bakatiwe igihano cy’urupfu
Rusizi: Umusore akekwaho kwica nyina yarangiza akikata igitsina
Trevor Noah agiye kuyobora ibirori bya Grammy Awards ubugira gatanu
El Clásico y’amarira: Barça itsinda Madrid, Ancelotti asezera
Bamporiki yakatiwe gufungwa imyaka itanu agabanyirizwa ihazabu
Perezida Kagame yahaye ubutumwa bukomeye Padiri Nahimana uherutse kubeshya ko yatabarutse
Muyango yatunguranye mu gitaramo Uwangabiye cyaranzwe n’udushya
RDC: Ahitwa Walikale,M23 iravugwaho kuhigarurira uduce dushya
Umugore wari ukuze cyane ku isi yapfuye