Umukinnyi Filime muri Nigeria akaba n’umugore wa Senateri Ned Nwoko, Regina Daniels, yageze aho ava ku izima yemera gusubirana n’umugabo we nyuma y’iminsi yari amaze yahukanye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umukinnyi wa Filime Regina Daniel yavuye ku izima yemera gusubirana n’umugabo
8 November 2025, by ISIMBI Estella -
Portugal yegukanye UEFA Nations League itsinze Espagne
9 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’Igihugu ya Portugal yegukanye UEFA Nations League ya 2025 itsinze iya Espagne penaliti 5-3, nyuma yaho amakipe yombi yanganyije ibitego 2-2 mu minota 120.
-
Umugabo yatanze akayabo agura imodoka yari iye yibwe
3 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu Bwongereza, umugabo yatanze akayabo k’amafaranga agura imodoka, nyuma yo kubona isa n’iye yari imaze ibyumweru bicyeya yibwe, Polisi ikavuga ko itashoboye kuyibona, ariko amaze kuyigura aza gusangamo ibimenyetso byerekana ko imodoka yaguze ari iye yari yibwe, nubwo yahinduweho ibintu bimwe na bimwe.
-
Icyo buri ruhande rwiteze mu biganiro bihuza Trump na Zelenskyy
18 August 2025, by ISIMBI EstellaIbyari biteganyijwe nk’umuhuro usanzwe hagati ya Perezida Donald Trump wa Amerika na Volodymr Zelenskyy wa Ukraine, byahindutse inama rusange, kuko abayobozi bo mu bihugu birimo u Bwongereza, u Bufaransa, u Budage, u Butaliyani, Finlande, Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ndetse na NATO, bose bambutse inyanja ya Atlantic bagiye gushyigikira Zlenskyy muri iyi nama.
-
Sudani: Ingoro ya Perezida yarashweho amabombe
2 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kane, itariki ya 1 Gicurasi 2025, ibisasu bya rutura biturutse mu mutwe wa Rapid Support Forces (RSF) byibasiye ingoro ya Perezida wa Sudani iherereye i Khartoum rwagati, mu gitero cya kabiri nk’iki mu cyumweru.
-
Leta ya RDC yasubijwe amafaranga yari yaranyerejwe na Mutamba
12 September 2025, by ISIMBI EstellaRawbank yamenyesheje Umushinjacyaha Mukuru mu rukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko yamaze kohereza kuri konte ya Leta miliyoni 19 z’Amadolari zari zaranyerejwe na Constant Mutamba Tungunga wabaye Minisitiri w’Ubutabera.
-
Umuhungu wa Perezida Museveni Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yasezeye mu gisirikare cya Uganda
8 March 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmuhungu wa Perezida Museveni, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, yatangaje ko yasezeye mu ngabo z’iki gihugu yari amazemo imyaka 28.
-
Ba nyiri Instagram na YouTube barezwe kubaka ’imashini zigira abantu imbata’
10 February, by Angeline MUKANGENZIKompanyi z’imbuga nkoranyambaga za mbere nini cyane ku isi zashinjwe gushyiraho “imashini zigira abantu imbata” (bazikoresha nta kwigarura), mu rubanza rwanditse amateka rwatangiye ku wa mbere muri leta ya California muri Amerika, rusuzuma ingaruka ku buzima bwo mu mutwe ziterwa na Instagram na YouTube.
-
Ibikorwa by’imitwe ya politike muri Mali byahagaritswe
14 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIbikorwa by’imitwe ya politike muri Mali byahagaritswe, bifatwa nko gukomeza gucecekesha abo muri iki gihugu bakomeje kugaragaza ibitagenda mu miyoborere.
-
Leta ya Myanmar yatangaje ko abarenga 2000 bamaze kwicwa n’umutingito
31 March 2025, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma ya Myanmar yatangaje ko abarenga 2,056 bamaze guhitanwa n’umutingito wibasiye icyo gihugu mu gihe abandi 3900 bakomeretse bikomeye.
Umuryango.rw
Umukinnyi wa Filime Regina Daniel yavuye ku izima yemera gusubirana n’umugabo
Portugal yegukanye UEFA Nations League itsinze Espagne
Umugabo yatanze akayabo agura imodoka yari iye yibwe
Icyo buri ruhande rwiteze mu biganiro bihuza Trump na Zelenskyy
Sudani: Ingoro ya Perezida yarashweho amabombe
Leta ya RDC yasubijwe amafaranga yari yaranyerejwe na Mutamba
Umuhungu wa Perezida Museveni Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yasezeye mu gisirikare cya Uganda
Ibikorwa by’imitwe ya politike muri Mali byahagaritswe
Leta ya Myanmar yatangaje ko abarenga 2000 bamaze kwicwa n’umutingito