Mu gusubiza niba Guverinoma ya DRC izemera ingingo umunani AFC/M23 isaba kugira ngo intambara iri mu Burasirazuba bwa DRC ihoshe, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Thérèse Kayikwamba yavuze ko ziri gusuzumirwa ishingiro kandi ko kuziganiraho bigikomeje.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Turi Gusuzuma Ishingiro Ry’Ibyo AFC/M23 Basaba- Kayikwamba
5 July 2025, by Joseph Iradukunda -
Burkina Faso yahagaritse by’igihe cy’amezi igitangazamakuru cy’ ijwi ry’Amerika
10 October 2024, by Joseph IradukundaUbutegetsi bwa gisirikari muri Burkina Faso bwatangaje ko bwahagaritse igihe cy’amezi atatu Ijwi ry’Amerika kubera ibitekerezo by’umwe mu banyamakuru bakorera iyo radiyo mpuzamahanga. Bwategetse kandi ibintangazamakuru byo mu gihugu guhagarika guhitisha amakuru y’ibinyamakuru mpuzamahanga byose.
-
U Rwanda rwasezerewe muri CECAFA U 17 rutarenze amatsinda
24 November 2025, by ISIMBI EstellaIkipe y’Igihugu y’abatarengeje imyaka 17 yatsinzwe n’iya Somalia ibitego 3-0 mu mukino wa gatatu wo mu itsinda rya mbere, asezererwa muri CECEFA itarenze amatsinda.
-
Rwandair yamaganye ibyo guhitamo abazajya kwiga gutwara indege mu mahanga
30 September 2017, by Iyamuremye JanvierSosiyete ikora ingendo mu kirere ya Rwandair yabeshyuje amakuru y’uko umuyobozi wayo wungirije wa Rwandair azahura n’abanyeshuri barangije mu mashami atatu ( Computer Engineering , Electrical Engineering , Mechanical and Electrical Engineering ).
Iri tangazo ryanyujijwe kuri Whatsapp ryavugaga ko ari mu rwego rwo guhitamo abazajya kwiga gutwara indege nyuma bakabona akazi muri RwandAir.
Mu itangazo iki Kigo cyashyize kuri Twitter, rigira riti :“RwandAir iramenyesha abanyarwanda bose ko (…) -
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
20 September 2024, by UbwanditsiMe Kagame k.Festo aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri cyamunara binyuze mu buryo bw’ikoranabuhanga, umutungo utimukanwa ugizwe n’ikibanza giherereye mu karere ka Kicukiro mu mugi wa Kigali.
Itangazo rirambuye warisoma aho hasi…… -
Israel yongeye kurasa kuri Iran, iburira abaturage bayo
15 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIsrael yongeye kugaba igitero mu Mujyi wa Tehran ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 15 Kamena 2025 nyuma yo kwica abasirikare bakuru ba Iran, kwangiza ibikorwaremezo bya gisirikare byayo ndetse n’ububiko bwa peteroli.
-
Kigali: Abananiwe kurangiza inyubako batangiye bagiye kuzamburwa
29 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko bitemewe ko umuntu atangira kubaka ngo asubikire inyubako hagati, ko abafite izo nzu bari kuganirizwa ku buryo nibatabyubahiriza mu mezi abiri gusa inzu zabo bazazamburwa zigahabwa ababishoboye.
-
Abanyarwanda barya imboga n’imbuto kenshi baracyari bake
19 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuRaporo y’Ishami rishinzwe kurwanya Indwara zitandura mu Rwanda mu Kigo Gishinzwe Ubuzima (RBC), yakozwe hagati y’umwaka wa 2021 kugeza 2022, yagaragaje ko imibare y’Abanyarwanda barya imboga n’imbuto ikiri ku rwego rwo hasi.
-
Alpha Rwirangira na AY bari mu gahinda ko gupfusha sekuru
2 September 2025, by ISIMBI EstellaAlpha Rwirangira na AY bari mu gahinda ko kubura sekuru witabye Imana mu ijoro rishyira ku wa 2 Nzeri 2025, afite imyaka 103 y’amavuko.
-
Ntabwo turi ikipe y’akanyenyeri- Chairman wa APR FC
15 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuChairman wa APR FC, Brig Gen Déo Rusanganwa, yasobanuye ko impamvu hashyizweho uburyo bw’abafana bifuza gufasha ikipe, batashakaga kubaho nk’ikipe zishyiraho uburyo bw’akanyenyeri abafana bafashirizaho amakipe yabo.
Umuryango.rw
Turi Gusuzuma Ishingiro Ry’Ibyo AFC/M23 Basaba- Kayikwamba
Burkina Faso yahagaritse by’igihe cy’amezi igitangazamakuru cy’ ijwi ry’Amerika
U Rwanda rwasezerewe muri CECAFA U 17 rutarenze amatsinda
Israel yongeye kurasa kuri Iran, iburira abaturage bayo
Kigali: Abananiwe kurangiza inyubako batangiye bagiye kuzamburwa
Abanyarwanda barya imboga n’imbuto kenshi baracyari bake
Alpha Rwirangira na AY bari mu gahinda ko gupfusha sekuru
Ntabwo turi ikipe y’akanyenyeri- Chairman wa APR FC