Umubano mubi hagati ya Pakistan na Afghanistan wongeye gufata indi ntera ikomeye nyuma y’uko Pakistan itangaje ko yatangije “intambara yeruye” ku butegetsi bw’Abatalibani muri Afghanistan, mu gihe imirwano hagati y’ibihugu byombi yakajije umurego mu ijoro ryakeye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Pakistan yatangije “intambara yeruye” kuri Afghanistan, indege z’intambara zigaba ibitero i Kabul
27 February, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Menya ibihano bihabwa umuntu wanduje undi indwara zidakira
3 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuItegeko Nº68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange, rivuga ko kwanduza undi indwara ku bushake bihanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka 20.
-
Perezida wa Belarus yaburiye Putin ku mugambi wo kumwica
2 January, by ISIMBI EstellaPerezida wa Belarus, Alexander Lukashenko, yavuze ko yaburiye mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin ku mugambi wo kumwivugana wari wateguwe mbere y’urugendo rwari ruteganyijwe muri Afurika y’Epfo mu nama ya BRICS mu mwaka wa 2023.
-
Perezida Kagame yibukije ikintu gikomeye abakomeje guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi
15 April 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Paul Kagame yabwiye abayoboke b’itorero rya Saddleback riherereye muri Leta ya California bitabiriye kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi,ko nyuma y’imyaka 25 Jenoside ibaye,u Rwanda rwiyubatse ndetse buri munyarwanda yamaze kumenya inshingano ze,ntawe uteze guha umwanya abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Joseph Kabila yasabwe kwitaba Sena i Kinshasa
20 May 2025, by Angeline MUKANGENZIJoseph Kabila Kabange wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, yasabwe kwitaba Sena kugira ngo agire icyo avuga ku mugambi wo kumwambura ubudahangarwa.
-
Samuel Eto’o yashyize hanze ifoto yifotozanyije na Perezida Kagame amuvugaho amagambo akomeye
31 October 2019, by Martin MunezeroMu butumwa rutahizamu w’ibihe byose mu gihugu cya Cameroon, Samuel Eto’o Fils yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yashimagije umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame ku butwali bwe, kwitanga ndetse n’inyota afite yo kubona umugabane wa Afrika utera intambwe ishimishije mu iterambere.
-
Espagne: Umugore wa minisitiri w’intebe yajyanwe mu nkiko ashinjwa ruswa
14 April, by Angeline MUKANGENZIUmugore wa Minisitiri w’Intebe wa Espagne, Pedro Sanchez, Begona Gomez, yashinjwe ruswa ku mugaragaro, nyuma y’iperereza rimaze imyaka myinshi rikorwa ku byaha we n’umugabo we bahakana.
-
Depite Kazarwa yashimye uruhare rw’Abanyarwanda baba mu mahanga
17 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Umutwe w’Abadepite, Kazarwa Gerturde, yashimye uruhare Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeza kugaragaza mu iterambere ry’Igihugu.
-
Amb. Nduhungirehe yitabiriye Inama mpuzamahanga ya Afurika na Singapore
26 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Nduhungirehe Olivier Jean Patrick, ari muri Singapore aho yitabiriye inama ya gatanu yitwa Singapore-Africa Ministerial Exchange Visit (SAMEV).
-
CAF yongereye amafaranga ahabwa amakipe yagiye muri Champions League y’Abagore ku kigero cya 52%
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuImpuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yongereye amafaranga ahabwa amakipe yitabira CAF Champions League mu Bagore, ku kigero cya 52%.
Umuryango.rw
Pakistan yatangije “intambara yeruye” kuri Afghanistan, indege z’intambara zigaba ibitero i Kabul
Menya ibihano bihabwa umuntu wanduje undi indwara zidakira
Perezida wa Belarus yaburiye Putin ku mugambi wo kumwica
Joseph Kabila yasabwe kwitaba Sena i Kinshasa
Espagne: Umugore wa minisitiri w’intebe yajyanwe mu nkiko ashinjwa ruswa
Depite Kazarwa yashimye uruhare rw’Abanyarwanda baba mu mahanga
Amb. Nduhungirehe yitabiriye Inama mpuzamahanga ya Afurika na Singapore
CAF yongereye amafaranga ahabwa amakipe yagiye muri Champions League y’Abagore ku kigero cya 52%