Byabereye mu Mudugudu wa Nyange, Akagari ka Muyange, Umurenge wa Nyabitekeri, Akarere ka Nyamasheke, mu rugo rwa Nyinawabega Béatrice watawe muri yombi ari kumwe na Bisengimana Cassien w’imyaka 29 wari uyoboye ayo materaniro.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyamasheke: Abantu 30 bafashwe bahinduye urugo urusengero bahuye n’uruva gusenya
3 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Junior Giti yagaragaje impamvu Chriss Eazy amaze igihe atagaragara mu muziki
24 November 2025, by ISIMBI EstellaBugingo Bonny wamenyekanye nka Junior Giti uzwi mu gusobanura filimi akaba ari n’umujyanama w’umuhanzi Chriss Eazy yasobanuye impamvu nta ndirimbo y’uyu muhanzi iheruka gushyirwa hanze cyangwa ngo agaragare mu gitaramo icyo ari cyo cyose.
-
Afurika y’Epfo: Abashinwa bahamijwe ibyaha 158 birimo gukoresha abakozi imirimo y’agahato
11 September 2025, by ISIMBI EstellaAbashinwa barindwi bacuruje abanya-Malawi ndetse bakanabakoreshwa imirimo y’agahato muri Afurika y’Epfo bakatiwe gufungwa imyaka 20.
-
Lesego Chombo wabaye Nyampinga wa Botswana yagizwe Minisitiri
12 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmukobwa witwa Lesego Chombo wambitswe ikamba rya Nyampinga wa Botswana mu 2022, ndetse akaba na Miss World Africa 2024, yagizwe Minisitiri w’Urubyiruko n’Uburinganire muri icyo gihugu.
-
Inteko ya Amerika yasabye Tshisekedi kutarenza manda yemerewe
11 July 2025, by Joseph IradukundaInteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatoye umwanzuro usaba Félix Tshisekedi kutarenza manda yemerewe ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Uko Abanyarwanda bakina hanze bategerejwe mu Ikipe y’Igihugu bitwaye mu mpera z’icyumweru
17 March 2025, by Joseph IradukundaUmutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Adel Amrouche, aherutse guhamagara abakinnyi azifashisha mu mikino ibiri iteganyijwe mu gushaka itike yo kujya mu Gikombe cy’Isi cya 2026, kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mexique na Canada.
-
UN yamaganye ihohoterwa rikomeye rikorerwa abimukira barohorwa mu Nyanja
15 October 2024, by Joseph IradukundaUmuryango w’Abibumbye (UN) wongeye kuvuga ku kibazo cy’ihohoterwa rikorerwa abimukira muri Tunisia, nyuma y’uko hatangajwe raporo yakozwe n’inzobere za UN zishinzwe uburenganzira bwa muntu, aho muri iyo nyandiko yakozwe n’izo nzobere bamaganye iryo hohoterwa rimaze igihe rikorwa muri icyo gihugu.
-
Amagambo ya Muyaya yongeye gushimangira umugambi wa RDC wo gutera u Rwanda
23 January 2025, by Joseph IradukundaHashize igihe RDC ivuga ko izashoza intambara k’u Rwanda, narwo rukagaragaza ko izo mvugo zidahatse ubusa, ko ariyo mpamvu rugomba kurinda imipaka yarwo. Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, yongeye gusubiramo ko igihugu cye gitekereza ku gushoza intambara k’u Rwanda.
-
UNESCO igiye gufatanya n’u Rwanda mu kongera imbaraga z’inyigisho zitangirwa ku nzibutso za Jenoside
7 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIshami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe guteza imbere uburezi, siyansi n’umuco, UNESCO, ryatangaje ko rigiye kwifatanya n’u Rwanda mu kongera imbaraga mu masomo atangirwa ku nzibutso enye za Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Kirehe: Yatawe muri yombi azira guhabwa ibihumbi 50 Frw ngo akorere undi muntu ‘Provisoire’
6 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmusore w’imyaka 18 wo mu Karere ka Kirehe yatawe muri yombi nyuma yo kujya gukorera undi muntu ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rw’agateganyo ruzwi nka Provisoire.
Umuryango.rw
Nyamasheke: Abantu 30 bafashwe bahinduye urugo urusengero bahuye n’uruva gusenya
Junior Giti yagaragaje impamvu Chriss Eazy amaze igihe atagaragara mu muziki
Afurika y’Epfo: Abashinwa bahamijwe ibyaha 158 birimo gukoresha abakozi imirimo y’agahato
Lesego Chombo wabaye Nyampinga wa Botswana yagizwe Minisitiri
Inteko ya Amerika yasabye Tshisekedi kutarenza manda yemerewe
Uko Abanyarwanda bakina hanze bategerejwe mu Ikipe y’Igihugu bitwaye mu mpera z’icyumweru
UN yamaganye ihohoterwa rikomeye rikorerwa abimukira barohorwa mu Nyanja
Amagambo ya Muyaya yongeye gushimangira umugambi wa RDC wo gutera u Rwanda
UNESCO igiye gufatanya n’u Rwanda mu kongera imbaraga z’inyigisho zitangirwa ku nzibutso za Jenoside
Kirehe: Yatawe muri yombi azira guhabwa ibihumbi 50 Frw ngo akorere undi muntu ‘Provisoire’