Ikipe ya Paris Saint Germain yegukanye Igikombe kiruta ibindi ku Mugabane w’u Burayi “UEFA Super Cup” nyuma yo gutsinda Tottenham Hotspur penaliti 4-3. Ni nyuma y’uko amakipe yombi inganyije ibitego 2-2 mu minota 90 isanzwe y’umukino.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
PSG yegukanye UEFA Super Cup bwa mbere itsinze Tottenham Hotspur
14 August 2025, by ISIMBI Estella -
Sadate Munyakazi yasabye Urubyiruko kurwanya abifuriza inabi u Rwanda
28 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmushoramari akaba n’Umuyobozi Mukuru wa Karame Rwanda Ltd, Munyakazi Sadate, yibukije urubyiruko rukoresha imbuga nkoranyambaga ko umwanzi u Rwanda rwarashe mu 1994 ubwo Inkotanyi zahagarikaga Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata, bagomba no kumurasira ku mbuga nkoranyambaga mu gihe cyose azaba yifuriza inabi u Rwanda.
-
Rusizi: Abagabo 4 bakekwaho guhungabanya umutekano beretswe abaturage
27 October 2019, by Dusingizimana RemyInzego zishinzwe umutekano mu karere ka Rusizi zeretse abaturage bo mu Murenge wa Kamembe abagabo 4 bakekwaho gukorana n’imitwe y’iterabwoba bagahungabanya umutekano muri Rusizi.
-
Wazalendo na AFC/M23 babyutse barasanira i Bukavu
3 March 2025, by Joseph IradukundaMuri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu mujyi wa Bukavu, kuri uyu wa Mbere, tariki ya 3 Werurwe 2025, M23 yakozanyijeho n’imitwe ya Wazalendo.
-
Abari baguze amatike y’igitaramo cya Tems bagiye gusubizwa amafaranga yabo
3 February 2025, by ISIMBI EstellaBK Arena yatangaje ko abari baguze amatike yo kujya mu gitaramo Tems yateganya gukorera i Kigali, bagiye gusubizwa amafaranga yabo kuko uyu muhanzi atakiririmbiye mu Rwanda.
-
RIB yataye muri yombi babiri bahamijwe icyaha cya Jenoside
2 May 2025, by Joseph IradukundaUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Murindabyuma Jean w’imyaka 48 na Shema Tharcisse w’imyaka 59, bakurikiranyweho icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi, bakaba bari barakatiwe n’Urukiko Gacaca rwa Gasura mu Karere ka Karongi.
-
Fizi: Abarenga 110 bishwe n’umwuzure
12 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bwa teritwari ya Fizi, intara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bwatangaje ko umwuzure wibasiye umudugudu wa Kasaza wishe abarenga 110.
-
Tshisekedi yahuye na Emir wa Qatar
6 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu Cyumweru tariki ya 5 Mutarama 2025 Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi yasuye Qatar mu ruzinduko rw’akazi.
-
Nyagatare: Polisi ikomeje gushakisha uruhindu abishe umunyerondo bamuciye ijosi
8 October 2024, by Joseph IradukundaMu Karere ka Nyagatare haravugwa inkuru y’abantu bitwaje intwaro gakondo zirimo imihoro n’udufuni bari bambaye imyenda ibahishe amasura, bibasiye abaturage bari ku irondo mu Murenge wa Karama, umwe ahasiga ubuzima abandi 11 barakomereka.
-
Ibigo by’ubucuruzi by’Abanyamerika byavuye ku isoko ry’u Burusiya byahombye arenga miliyari 300$
18 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’Ikigega cyIshoramari mu Burusiya, Kirill Dmitriev yatangaje ko ibigo by’ubucuruzi byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika byahombye arenga miliyari 300$ kubera kuva ku isoko ry’u Burusiya nyuma y’ibihano byafatiwe icyo gihugu.
Umuryango.rw
PSG yegukanye UEFA Super Cup bwa mbere itsinze Tottenham Hotspur
Sadate Munyakazi yasabye Urubyiruko kurwanya abifuriza inabi u Rwanda
Wazalendo na AFC/M23 babyutse barasanira i Bukavu
Abari baguze amatike y’igitaramo cya Tems bagiye gusubizwa amafaranga yabo
RIB yataye muri yombi babiri bahamijwe icyaha cya Jenoside
Fizi: Abarenga 110 bishwe n’umwuzure
Tshisekedi yahuye na Emir wa Qatar
Nyagatare: Polisi ikomeje gushakisha uruhindu abishe umunyerondo bamuciye ijosi
Ibigo by’ubucuruzi by’Abanyamerika byavuye ku isoko ry’u Burusiya byahombye arenga miliyari 300$