Nyuma y’imikino y’amakipe y’ibihugu, Shampiyona z’i Burayi zarakomeje mu mpera z’icyumweru gishize, aho amakipe menshi akomeye yakoze ibyo yari yitezweho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Barcelona ntihagarikwa: Ibyaranze Shampiyona i Burayi
21 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Perezida Kiir yirukanye Umugaba Mukuru w’Ingabo aherutse gushyiraho
9 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir yirukanye Gen. Paul Nang Majok wari umaze amezi arindwi ari Umugaba Mukuru w’Ingabo z’iki gihugu.
-
Amerika na Israel mu mugambi wo kwimurira abanya-Palestine muri Afurika
14 March 2025, by Joseph IradukundaLeta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel, bigeze kure umugambi wo kwimura Abanya-Palestine bo muri Gaza, bagatuzwa mu bihugu bitatu birimo Somalia na Sudani.
-
Goma: Amashuri yongeye gukora
10 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmashuri aherereye mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yafunguwe kuri uyu wa 10 Gashyantare 2025, nyuma y’igihe kirenga ibyumweru bibiri afunzwe kubera impungenge z’umutekano.
-
Gaza: Israel yakajije ibitero nyuma y’uko Hamas yongeye kuyirasaho
12 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo za Israel zakajije ibitero mu gace ka Gaza nyuma y’uko umutwe wa Hamas urashe ibisasu bitatu muri Israel, bikabasha gukumirwa nta muntu bihungabanyije.
-
Menya ‘Androphobia’ indwara itera abagore gutinya igitsina gabo
17 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAndrophobia ni indwara itera ubwoba bukabije butuma umukobwa cyangwa umugore atinya igitsina gabo, yabona cyangwa yatekereza igitsina gabo umutima ugasimbuka.
-
Kenya na Uganda mu ngamba zo kunga Ethiopia na Somalia
1 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida William Samoei Ruto wa Kenya na Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda biyemeje kunga Ethiopia na Somalia, ibihugu bimaze igihe bidacana uwaka bitewe n’ubwumvikane buke bushingiye ku mutekano.
-
Kristen Stewart wamamaye muri ‘Twilight’ yakoze ubukwe n’umugore mugenzi we
21 April 2025, by ISIMBI EstellaUmukinnyi wa filime Kritsen Stewart wamamaye cyane muri filime ya ‘Twilight’, yarushinze n’umugore mugenzi we, Dylan Meyer bari bamaranye imyaka itandatu bakundana.
-
U Budage: Ihuriro riri ku butegetsi ryasenyutse nyuma y’aho Scholz yirukanye minisitiri w’ingenzi
7 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro riri ku butegetsi mu Budage ryasenyutse nyuma y’uko Chancellor Olaf Scholz yirukanye minisitiri w’ingenzi akavuga ko azahamagaza amatora yo kugaragaza niba guverinoma ye ikizewe mu ntangiriro z’umwaka utaha .
-
Hatahuwe uburyo bushya bwo gukumira virusi zisakazwa n’imibu mu bantu
5 November 2024, by Joseph IradukundaAbahanga muri siyanse bemeza ko batahuye uburyo budasanzwe bwo kurwanya indwara zikwirakwizwa n’imibu, nka virusi ya dengue irangwa no guhinda umuriro mwinshi, ’yellow fever’ (cyangwa ’fièvre jaune’) na virusi ya Zika – bakoresheje gutuma iyo mibu itumva, bityo ikagorwa no guhura n’imibu y’ingore ngo bihuze ibitsina yororoke.
Umuryango.rw
Barcelona ntihagarikwa: Ibyaranze Shampiyona i Burayi
Perezida Kiir yirukanye Umugaba Mukuru w’Ingabo aherutse gushyiraho
Amerika na Israel mu mugambi wo kwimurira abanya-Palestine muri Afurika
Goma: Amashuri yongeye gukora
Gaza: Israel yakajije ibitero nyuma y’uko Hamas yongeye kuyirasaho
Menya ‘Androphobia’ indwara itera abagore gutinya igitsina gabo
Kenya na Uganda mu ngamba zo kunga Ethiopia na Somalia
Kristen Stewart wamamaye muri ‘Twilight’ yakoze ubukwe n’umugore mugenzi we
U Budage: Ihuriro riri ku butegetsi ryasenyutse nyuma y’aho Scholz yirukanye minisitiri w’ingenzi
Hatahuwe uburyo bushya bwo gukumira virusi zisakazwa n’imibu mu bantu