Umunyamideli Gigi Hadid yavuze ko we na Zayn Malik bahoze bakundana bakaza gutandukana bafitanye umwana, bafite uko batwara umubano wabo kandi atari ngombwa ko ibyabo byose bijya ku karubanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Gigi Hadid yikomye abibaza ku mubano we na Zayn Malik babyaranye
12 March 2025, by ISIMBI Estella -
U Burusiya bwashinje u Bufaransa umugambi mushya wo guhirika ubutegetsi bwinshi muri Afurika
3 February, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’u Burusiya rushinzwe iperereza ryo mu mahanga, SVR, rwatangaje ko rufite amakuru yizewe agaragaza ko Leta y’u Bufaransa ifite umugambi wo guhirika ubutegetsi bwinshi itifuza muri Afurika.
-
Trump yashinje Elon Musk gukoresha ibiyobyabwenge
9 June 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump yashinje umunyemari Elon Musk wari inshuti ye magara ndetse bakoranye bya hafi kuva yakongera gutorerwa kuyobora Amerika, gukoresha ibiyobyabwenge.
-
Sena ya DRC Yashyizweho Komisiyo yo gusuzuma niba Kabila yakwamburwa ubudahangarwa
16 May 2025, by Angeline MUKANGENZISena ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashyizeho Komisiyo yihariye ishinzwe gusuzuma niba Joseph Kabila wabaye Perezida w’iki gihugu kuva mu 2001 kugeza mu 2019 yakwamburwa ubudahangarwa kugira ngo akurikiranwe n’ubutabera.
-
Abanyekongo 651 bagizweho ingaruka no kuruka kwa Nyiragongo bamaze guhungira mu Rwanda
26 May 2021, by Dusingizimana RemyAbanyekongo 651 bagizweho ingaruka n’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo ndetse n’imitingito yarikurikiye, ni bo bamaze kugera mu Rwanda. Kuri ubu bacumbikiwe mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Rubavu.
-
Nta mutinganyi wemerewe kuba umusirikare muri Nigeria
13 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta ya Nigeria yashyizeho amabwiriza mashya abuza abasirikare bayo kwijandika mu bikorwa birimo ubutinganyi, gusambanya inyamaswa, kwambara imyenda itajyanye n’igitsina cyabo (cross-dressing) n’ibindi byitwa ko binyuranyije n’amahame y’imyitwarire ya gisirikare.
-
Uburakari bwa Rumaga bwamuteye gukora ubusizi bubyara amafaranga
13 February, by ISIMBI EstellaUmusizi Junior Rumaga yahishuye ko kwirukanwa ku ishuri nk’igihano yari ahawe kuko yanze kuvuga umuvugo wari uteganyijwe byamuteye ishyaka ryo gukora Ubusizi butanga amafaranga n’akazi kuri benshi.
-
REG na WASAC byiyemeje kurandura burundu ruswa ibivugwamo ikadindiza itangwa rya serivisi
15 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbayobozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu REG n’aba WASAC babwiye Abadepite ko hashyizweho ingamba zigamije kurandura burundu ruswa ivugwa muri ibyo bigo, igakoma mu nkokora imitangire ya serivisi.
-
Perezida Maduro wa Venezuela yatsinze amatora, Amerika ibitera utwatsi
29 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKomisiyo y’Amatora muri Venezuela yatangaje ko Nicolas Maduro uyobora iki gihugu kuva mu 2013 yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu ku majwi 51,2%, ariko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zo zabiteye utwatsi.
-
Sherrie Silver yahakanye ibyo gutarama mu birori ‘Inkera y’abahizi’ bya APR FC
15 August 2025, by ISIMBI EstellaUmubyinnyi Sherrie Silver yahakanye ibyo gutaramira abakunzi ba APR FC, yemeza ko abakoresheje ifoto ye batigeze bamubaza, icyakora yemeza ko abana bo muri Sherrie Silver Foundation bo bazabyina.
Umuryango.rw
Gigi Hadid yikomye abibaza ku mubano we na Zayn Malik babyaranye
U Burusiya bwashinje u Bufaransa umugambi mushya wo guhirika ubutegetsi bwinshi muri Afurika
Trump yashinje Elon Musk gukoresha ibiyobyabwenge
Sena ya DRC Yashyizweho Komisiyo yo gusuzuma niba Kabila yakwamburwa ubudahangarwa
Abanyekongo 651 bagizweho ingaruka no kuruka kwa Nyiragongo bamaze guhungira mu Rwanda
Nta mutinganyi wemerewe kuba umusirikare muri Nigeria
Uburakari bwa Rumaga bwamuteye gukora ubusizi bubyara amafaranga
REG na WASAC byiyemeje kurandura burundu ruswa ibivugwamo ikadindiza itangwa rya serivisi
Perezida Maduro wa Venezuela yatsinze amatora, Amerika ibitera utwatsi
Sherrie Silver yahakanye ibyo gutarama mu birori ‘Inkera y’abahizi’ bya APR FC