Jacob Zuma wabaye Perezida wa Afurika y’Epfo yagaragaye muri dosiye ya Jeffrey Epstein washinjwe gusambanya abana ku gahato.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Jacob Zuma yagaragaye muri dosiye ya Jeffrey Epstein
3 February, by ISIMBI Estella -
Tanzania: Perezida Suluhu yategetse ko inyubako zose zigenzurwa nyuma y’uko Imwe igwiriye abantu
19 November 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan yategetse ko hashyirwaho itsinda rishinzwe gukora ubugenzuzi ku nyubako zose mu Mujyi wa Dar es Salaam, cyane cyane izo mu gace ka Kariakoo nyuma y’uko imwe muri zo iguye hejuru y’abantu igahitana 16 abandi 86 bagakomereka.
-
Abashyirwa mu kato bavuye hanze y’u Rwanda babwiwe amafaranga bazajya biyishyurira
22 May 2020, by Dusingizimana RemyMu nama y’Abaminisitiri yo ku wa 18 Gicurasi 2020 hemejwe ko Abanyarwanda n’abandi bantu basanzwe batuye mu Rwanda bazajya baturuka hanze y’igihugu bazajya biyishyurira ibyo bakeneye mu kato ariyo mpamvu ibiciro byako kato byatangajwe.
-
U Bushinwa n’u Buhinde byagiranye amasezerano yo gukemura amakimbirane yo ku mupaka
23 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Bushinwa n’iy’u Buhinde zemeje ko zagiranye amasezerano yo gukemura amakimbirane ashingiye ku mupaka uri mu gice cy’imisozi miremire ya Himalaya.
-
Koreya ya Ruguru: Abasirikare basaga 600 baguye mu ntambara ya Ukraine
30 April 2025, by Joseph IradukundaAbadepite ba Koreya ya Ruguru bavuze ko abasirikare basaga 4 700 bagiriye ibibazo mu ntambara y’u Burusiya buhanganyemo na Ukraine, muri bo abarenga 600 bakahagwa.
-
Vatican yatangaje itariki Papa Francis azashyingurirwa
22 April 2025, by Angeline MUKANGENZIVatican yatangaje ko umuhango wo gushyingura uwari Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, uzaba ku wa 26 Mata 2025 Saa Yine.
-
RDC: Umubare w’ababuriye ubuzima mu mpanuka y’ubwato mu Kivu ukomeje kuzamuka
4 October 2024, by Joseph IradukundaGuverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jean-Jacques Purusi, yatangaje ko abamaze kumenyekana bapfiriye mu mpanuka y’ubwato mu Kiyaga cya Kivu ari 78.
-
Trump akomeje kwikoma Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza kubera igisubizo yahaye America
4 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, yanenze Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Keir Starmer inshuro eshatu mu masaha 24, kubera kwangira America gukoresha ibirindiro byo ku butaka bw’Igihugu cye mu bitero iri kugaba kuri Iran.
-
U Rwanda rwakiriye abarenga 160 batahutse bavuye muri RDC
10 February, by Angeline MUKANGENZIU Rwanda rwakiriye abaturage barwo 161 batahutse kuri uyu wa Kabiri, bavuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Ikibazo cy’abatuye I Runyombyi kizacyemurwa mu murongo Perezida yagihaye - Meya Habitegeko
27 July 2018, by Nsanzimana ErnestNyuma y’aho hari abaturage bo mu kagali ka Runyombyi mu murenge wa Busanze banze kwimuka ku musozi bimurwagaho n’uwabatsinze mu manza avuga ko akomoka ku mutware wahayoboye ,kuri ubu buyobozi bw’akarere buravuga ko hatangiye inzira yo gusubirishamo urubanza,kandi bikananyura no mu nzira umukuru w’igihugu yatanze kuri iki kibazo.
Aba baturage banze kuva aha mu isambu bavuga ko ari gakondo yabo bimurwamo n’uwayitsindiye uvuga ko nawe akomoka ku mutware wayoboye, nk’uko byakomeje kugarukwaho (…)
Umuryango.rw
Jacob Zuma yagaragaye muri dosiye ya Jeffrey Epstein
Tanzania: Perezida Suluhu yategetse ko inyubako zose zigenzurwa nyuma y’uko Imwe igwiriye abantu
U Bushinwa n’u Buhinde byagiranye amasezerano yo gukemura amakimbirane yo ku mupaka
Koreya ya Ruguru: Abasirikare basaga 600 baguye mu ntambara ya Ukraine
Vatican yatangaje itariki Papa Francis azashyingurirwa
RDC: Umubare w’ababuriye ubuzima mu mpanuka y’ubwato mu Kivu ukomeje kuzamuka
U Rwanda rwakiriye abarenga 160 batahutse bavuye muri RDC