Ingabo bikekwa ko ari iza Isirayeli zirwanira mu mazi zageze mu mujyi wo mu majyaruguru ya Libani wa Batroun uri ku nkengero z’inyanja ya Mediterane mu gitondo cyo kuwa gatandatu zihafata umuntu umwe nkuko byemezwa n’inzego z’umutekano.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Libani: Ingabo Bikekwa ko Ari Iza Isirayeli Zaba ’Zashimuse’ Umuntu
2 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Umugaba mukuru wa FARDC mu butumwa bwo kugenzura ingabo i Kisangani
24 March 2025, by Joseph IradukundaLt. Gen. Jules Banza, Umugaba Mukuru w’Ingabo za FARDC, yageze ku Cyumweru, itariki ya 23 Werurwe 2025, i Kisangani, umurwa mukuru w’Intara ya Tshopo, mu rwego rwo kugenzura ingabo no kureba ko ziteguye kurinda uyu Mujyi ushobora gufatwa na M23 mu minsi iri imbere.
-
Umukecuru w’I Nyanza amaranye SIDA imyaka irenga 20 agikomeye, ese yabigenje ate? Avuga ko inzu abamo ariyo kibazo (Video)
3 November 2019, by UbwanditsiMukagasana, ni umukecuru wo mu Murenge wa Muyira mu Karere ka Nyanza, ahazwi nk’I Nyamiyaga. Amaranye ubwandu bwa Sida imyaka irenga 20 kandi aracyakomeye! Yaduhaye ubuhamya bw’uko yamenye ko yanduye, uko yabyakiriye, uko abo babana bamufataga ndetse n’icyo yakoze ngo iki cyorezo cyarimo kimara abantu abantu icyo gihe ngo we kitamuhitana.
-
Abasirikare 822 basezerewe mu Ngabo z’u Rwanda[AMAFOTO]
3 August 2019, by Martin MunezeroAbasirikare 822 basezerewe mu Ngabo z’u Rwanda mu cyiciro cya karindwi, barimo abasezerewe bageze ku myaka ibemerera kujya mu kiruhuko cy’izabukuru, abasoza amasezerano y’akazi muri RDF n’abasezerewe ku mpamvu zirimo iz’ubuzima.
-
Mu karere ka Kicukiro Polisi yataye muri yombi abagabo 4 bakekwaho gukomeretsa Umumotari bakanambura umugenzi yari atwaye
15 April 2025, by Angeline MUKANGENZIAbagabo bane batawe muri yombi bakurikiranyweho gutega umumotari bakambura umugenzi atwaye amafaranga y’u Rwanda 500.000 Frw na telefoni maze bakanakomeretsa uwo mu motari.
-
Imvune ya Lionel Messi ishobora gutuma amara igihe kinini adakina
4 August 2025, by ISIMBI EstellaInter Miami yatangaje ko rutahizamu wayo Lionel Messi yagize imvune yo mu itako, ariko abaganga bataramenya neza igihe izamara, nubwo hari amakuru avuga ko ishobora kumara igihe kinini.
-
Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda yasabye ko abagipfobya Jenoside bakurikiranwa nta kujenjeka
17 April 2025, by Angeline MUKANGENZIAmbasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda, Antoine Anfré, yasabye ko abagipfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 badakwiye kujenjekerwa, yerekana ko u Bufaransa bukomeje gutanga umusanzu wabwo mu guhana abayigaragaweho.
-
Tanzania yahagaritse kwizihiza Umunsi w’Ubwigenge kubera imyigaragambyo yabaye
25 November 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan yahagaritse ibirori byo kwizihiza Umunsi w’Ubwigenge bwa Tanzania ku nshuro ya 64, ategeka ko amafaranga yari agenewe icyo gikorwa yerekezwa mu gusana ibyangijwe n’imyigaragambyo iherutse kuba.
-
Perezida wa Tunisia yirukanye Minisitiri w’Intebe
21 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Tunisia, Kais Saied, yirukanye Minisitiri w’Intebe, Kamel Maddouri, nyuma y’igihe kitarenze umwaka amushyizeho mu gihe ubukungu bwifashe nabi ndetse n’ikibazo cy’abimukira biyongera baturuka mu bihugu byo muri Afurika yo Munsi y’Ubutayu bwa Sahara.
-
U Bufaransa: Uwahoze ari Umusenateri yakatiwe igifungo cy’imyaka ine kubera kuroga Umudepite
28 January, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rwo mu Bufaransa rwakatiye igifungo cy’imyaka ine Joël Guerriau wahoze ari Umusenateri, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo guha mugenzi we w’umudepite ikinyobwa kirimo uburozi kugira ngo amusambanye.
Umuryango.rw
Libani: Ingabo Bikekwa ko Ari Iza Isirayeli Zaba ’Zashimuse’ Umuntu
Umugaba mukuru wa FARDC mu butumwa bwo kugenzura ingabo i Kisangani
Umukecuru w’I Nyanza amaranye SIDA imyaka irenga 20 agikomeye, ese yabigenje ate? Avuga ko inzu abamo ariyo kibazo (Video)
Mu karere ka Kicukiro Polisi yataye muri yombi abagabo 4 bakekwaho gukomeretsa Umumotari bakanambura umugenzi yari atwaye
Imvune ya Lionel Messi ishobora gutuma amara igihe kinini adakina
Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda yasabye ko abagipfobya Jenoside bakurikiranwa nta kujenjeka
Tanzania yahagaritse kwizihiza Umunsi w’Ubwigenge kubera imyigaragambyo yabaye
Perezida wa Tunisia yirukanye Minisitiri w’Intebe
U Bufaransa: Uwahoze ari Umusenateri yakatiwe igifungo cy’imyaka ine kubera kuroga Umudepite