Minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko mu gihe umutwe wa Hamas uzaba utarekuye abantu wafashe bugwate bitarenze ku wa Gatandatu tariki 15 Gashyantare 2025, iby’agahenge kamaze iminsi mike bizashyirwa ku ruhande intambara ikongera kurota.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Israel yavuze ko izubura imirwano Hamas nitarekura imbohe zose
12 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Uwari uyoboye Amavubi muri Cameroon yahakanye yivuye inyuma ibyo gusuzugura Abanyamakuru bari kumwe
10 February 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu tariki ya 10 Gashyantare 2021 nibwo habaye ikiganiro hagati y’abanyamakuru b’imikino,minisiteri ya siporo n’abari muri delegation y’ikipe y’igihugu Amavubi yitabiriye igikombe cya CHAN 2020 cyabereye muri Cameroun, cyaranzwe no kwimwa ijambo kw’abanyamakuru bagaragazaga ibibazo byabaye muri Cameroon.
-
King James agiye kwizihiriza imyaka 20 mu muziki muri BK Arena
15 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi Ruhumuriza James uzwi nka King James yatangaje ko tariki ya 1 Kanama 2026 ari bwo azakoreraho igitaramo cyo kwizihiza imyaka 20 amaze akora umuziki mu nyubako ya BK Arena.
-
Musanze: Harifuzwa ko inyubako za Leta zavugururwa zikajyana n’icyerekezo
5 February, by ISIMBI EstellaIgikorwa cyo kuvugurura Umujyi wa Musanze gikomeje gushimwa n’abaturage n’abashoramari, bavuga ko kiri gutuma uyu mujyi urushaho kuba mwiza, ukeye kandi ujyanye n’igihe. Gusa, bamwe muri bo bagaragaza ko hakiri imbogamizi ziterwa n’inyubako zimwe za Leta zigikorerwamo kandi zishaje, bityo bagasaba ko na zo zavugururwa zigajyana n’ivugururwa rusange ry’umujyi.
-
Nyanza: Abasore 14 bafunzwe bakekwaho ibirimo ubujura no gukoresha ibiyobyabwenge
15 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyanza, yatangaje ko yataye muri yombi abasore 14 bo mu Murenge wa Busoro, Akagari ka Masangano, mu Mudugudu wa Bosoro, bakurikiranweho ibyaha bitandukanye birimo kunywa ibiyobyabwenge n’ubujura.
-
RSSB Tigers yitegura BAL 2026 yongeye James Maye wa APR BBC mu batoza bayo
17 March, by ISIMBI EstellaRSSB Tigers igiye kwitabira imikino ya Basketball Africa League (BAL 2026), ku nshuro ya mbere yongeye James Maye Jr usanzwe utoza APR BBC, mu batoza bo izifashisha muri iri rushanwa rizabera muri Afurika y’Epfo mu mpera z’uku kwezi.
-
Fireman yakomoje ku ’gahinda gakabije’ yarwariye mu muziki
1 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuraperi Fireman uri mu bakomeye mu Rwanda muri iyo njyana, yemereye IGIHE ko yarwaye ‘Depression’ cyangwa se indwara y’agahinda gakabije yatewe n’umuziki kubera ibibazo bitandukanye yahuye nabyo.
-
Rulindo: Abarenga ibihumbi 10 bagiye kuvurwa n’Ingabo z’u Rwanda ku buntu
24 June 2025, by ISIMBI EstellaInzobere mu kuvura indwara zitandukanye zo mu Bitaro bya Gisirikare by’u Rwanda i Kanombe zatangiye igikorwa cy’Ingabo na Polisi cyiswe ‘Citizen Outreach Program’ cyo kuvura abaturage bo mu Karere ka Rulindo no mu nkengero zaho nta kiguzi.
-
Denzel Washington yabatijwe ahita anagirwa Umupasiteri
23 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmukinnyi w’amafilime w’icyamamare ku Isi, Denzel Washington, yemeje ukwemera kwe mu buryo bukomeye ubwo yabatizwaga akanahabwa icyangombwa cy’ubupasiteri ku wa Gatandatu, mu rusengero rwa Kelly Temple Church of God in Christ i New York.
-
Umunyarwandakazi uherutse kwicirwa urw’ agashinyaguro muri Malawi birakekwa ko yishwe n’ umukunzi we [AMAFOTO]
24 April 2018, by Nsanzimana ErnestTariki 13 Mata 2018 Ikinyarwamakuru UMURYANGO cyabagejejeho inkuru y’ Umunyarwandakazi Uwase Bernadette wari uzwi ku izina rya Muganga wiciwe mu gihugu cya Malawi. Umuryango w’ uyu mukobwa wongeye gutangariza iki kinyamakuru ko hari amakuru avuga ko Nyakwigendera Bernadette yishwe n’ umukunzi we Nsengiyumva Jean Claude uvuka ahahoze ari Perefegitura ya Kibungo
Umuryango.rw
Israel yavuze ko izubura imirwano Hamas nitarekura imbohe zose
King James agiye kwizihiriza imyaka 20 mu muziki muri BK Arena
Musanze: Harifuzwa ko inyubako za Leta zavugururwa zikajyana n’icyerekezo
Nyanza: Abasore 14 bafunzwe bakekwaho ibirimo ubujura no gukoresha ibiyobyabwenge
RSSB Tigers yitegura BAL 2026 yongeye James Maye wa APR BBC mu batoza bayo
Fireman yakomoje ku ’gahinda gakabije’ yarwariye mu muziki
Rulindo: Abarenga ibihumbi 10 bagiye kuvurwa n’Ingabo z’u Rwanda ku buntu
Denzel Washington yabatijwe ahita anagirwa Umupasiteri