Kim Kardashian wamenyekanye cyane mu bijyanye n’imideli n’ibiganiro byo kuri televiziyo ndetse na Lewis Hamilton, wanditse izina mu masiganwa y’imodoka nto za formula 1, bongeye kugaragaza ko bashobora kuba koko bari mu rukundo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Lewis Hamilton na Kim Kardashian bongeye guca amarenga k’uko bari mu rukundo
9 February, by Angeline MUKANGENZI -
Mc Kats yatabarije Fille Mutoni urembeye mu bitaro
9 January, by ISHIMWE Jean de DieuMC Kats yatabarije umukunzi we Fille Mutoni nyuma yo gusangiza amafoto ye yamugaragazaga arembeye mu bitaro kubera ibiyobyabwenge, aboneraho kugaya ishyirahamwe ry’abahanzi muri Uganda ritagira icyo rikora.
-
M23 yerekanye abasirikare ba RDC n’abarwanyi ba FDLR yafatiye ku rugamba
30 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe witwaje intwaro wa M23 werekanye abasirikare benshi ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR bafatiwe mu gace ka Alimbongo muri teritwari ya Lubero.
-
Juma Jux n’umugore we baritegura kwibaruka imfura
25 July 2025, by ISIMBI EstellaJuma Jux n’umugore we akaba n’umukinnyi wa filime w’Umunya-Nigeria Priscilla Ajoke Ojo, bagaragaje ko bitegura kwibaruka imfura yabo nyuma y’amezi make bakoze ubukwe.
-
Buri Karere Kagiye Kugira Ishuri Rya TVET Ryihagazeho
6 August 2025, by Joseph IradukundaEng.Paul Mukunzi uyobora Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Tekinike Imyuga n’Ubumenyingiro, RTB, avuga ko mu myaka iri imbere buri Karere kazubakwamo ikigo cyigisha ubwo bumenyi kiri ku rwego ruhambaye.
-
Uwunganira Rusesabagina yasabye ko yaburana ari hanze kubera impamvu zinyuranye zirimo n’ibihembo mpuzamahanga yahawe
11 September 2020, by Dusingizimana RemyUwunganira Paul Rusesabagina witwa Me Rugaza David yatangaje ko yasabiye umukiliya we kuba yakurikiranwa adafunzwe kubera impamvu zirimo uburwayi amaranye igihe, ndetse no kuba ari “umuntu mwiza” utarahamwe n’icyaha na kimwe kandi wahawe n’ibihembo mpuzamahanga, bigaragaza ubunyangamugayo bwe.
-
Ifoto ya Trump yambaye nka Superman yateje uburakari
12 July 2025, by Joseph IradukundaAbakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kugaragaza uburakari nyuma y’aho Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, White House, bishyize hanze ifoto igaragaza Donald Trump yambaye nka ‘Superman’.
-
Zuchu yikomye abahamagara Diamond Platinumz mu gicuku
31 July 2025, by Joseph IradukundaUmuhanzikazi Zuchu wo muri Tanzania akaba ari n’umugore wa Diamond Platinumz yinubiye abahamagara umugabo we igicuku kinishye avuga ko atiyumvisha ukuntu bakora ibintu nk’ibyo.
-
Colonel Nyirishema yarangije amasomo ya Gisirikare muri Kenya
28 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmwofisiye mukuru mu ngabo z’u Rwanda, Colonel Patrick Nyirishema, ku wa 27 Gicurasi 2025 yarangije amasomo muri Kaminuza ya Gisirikare ya Kenya, NDU.
-
Tom Close yakubise inkonji Bad Rama
24 February, by ISIMBI EstellaTom Close yibukije abanyarwanda ko uvuga nabi Leta aba yototera umuturage nka kumwe imbeba irya umuhini yototera isuka.
Umuryango.rw
Lewis Hamilton na Kim Kardashian bongeye guca amarenga k’uko bari mu rukundo
Mc Kats yatabarije Fille Mutoni urembeye mu bitaro
M23 yerekanye abasirikare ba RDC n’abarwanyi ba FDLR yafatiye ku rugamba
Juma Jux n’umugore we baritegura kwibaruka imfura
Buri Karere Kagiye Kugira Ishuri Rya TVET Ryihagazeho
Uwunganira Rusesabagina yasabye ko yaburana ari hanze kubera impamvu zinyuranye zirimo n’ibihembo mpuzamahanga yahawe
Ifoto ya Trump yambaye nka Superman yateje uburakari
Zuchu yikomye abahamagara Diamond Platinumz mu gicuku
Colonel Nyirishema yarangije amasomo ya Gisirikare muri Kenya
Tom Close yakubise inkonji Bad Rama