Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi Ushinzwe Amashuri y’Imyuga n’Ubumenyingiro, Irere Claudette, yihanangirije abayobozi b’ibigo by’amashuri batangiye kwaka ababyeyi amafaranga bari basanzwe bishyura, bakababwira ko bagomba kuyishyura mu ntoki.
Ibi yabitangarije mu biganiro n’abayobozi b’Ibigo by’amashuri aho baganira ku miyoborere iboneye y’ibigo by’amashuri hacyemurwa ibibazo bibangamiye Umuryango Nyarwanda, yarimo we n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kugali Pudence Rubingisa, (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
MINEDUC yihanangirije amashuri yatangiye kwishyuza amafaranga y’umurengera ababyeyi
18 September 2022, by Dusingizimana Remy -
Zelensky yatangaje ko Ukraine igiye kuganira na Amerika hamwe n’u Burusiya
23 January, by Angeline MUKANGENZIPerezida Volodymyr Zelensky yatangaje ko ibiganiro by’impande eshatu bigamije kurangiza intambara yo muri Ukraine bigiye kuba, bikazahuza Ukraine, Uburusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Trump Avuga ko Atangira Kwirukana Abimukira Binjiye mu Buryo Bunyuranije n’Amategeko
20 January 2025, by Joseph IradukundaPerezida watowe muri Amerika Donald Trump arahira kuri uyu wa mbere, yijeje ko agiye gushyiraho izindi ngamba nshya zikakaye zo kugabanya umubare w’abimukira binjira mu gihugu. Ibyo Donald Trump yabigarutseho kuri iki cyumweru mu ijambo ribanziriza irahira rye yagezaga ku bihumbi by’abamushyigikiye bari bakoraniye i Washington.
-
Igitero cya Israel i Beirut rwagati cyahitanye 22 umuyobozi wa Hezbollah ararusimbuka
11 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAmakuru aturuka mu nzego z’umutekano avuga ko ku wa Kane, ibitero bya Israel byahitanye abantu 22 bikomeretsa abarenga 100 mu mujyi wa Beirut rwagati ariko umuyobozi muri Hezbollah ararusimbuka .
-
Ibihe bikomeye byaranze tariki ya 10 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe Abatutsi
10 April 2025, by Angeline MUKANGENZIInyandiko zigaragaza uko Jenoside yakozwe hirya no hino mu gihugu, zerekana ko ku wa 10 Mata 1994 wari umunsi w’ubwicanyi mu zahoze ari Perefegitura za Kigali Ngari, Gikongoro, Gisenyi, Byumba, Kibungo na Cyangugugu.
-
Perezida Kagame yijeje kongera umushahara w’abaganga n’abakora mu butabera
1 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko batekereza uko abaganga n’abakora mu nzego z’ubutabera bakongererwa umushahara gusa yirinze kuvuga igihe bizakorerwa.
Ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 01 Werurwe 2023,Perezida Kagame yavuze ko igihugu nikibona aho gikura kizongerera umushahara abaganga n’abo mu nzego z’ubutabera nkuko cyabikoze ku barimu.
Ati "Abo bandi nabo hari igihe twigeze kureba ko twagira icyo dukora ngo hagire icyiyongeraho ku buzima bwabo cyangwa icyo bahembwa.Harimo (…) -
Perezida Ndayishimiye yatangaje ko yabonye Imana mu Izuba
2 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yabonye Imana n’amaso ye ubwo yari mu giterane gisoza umwaka cyabaye tariki ya 31 Ukuboza 2024.
-
Twirwaneho yambuye ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC agace ka Point-Zéro
16 January, by Angeline MUKANGENZIUmutwe witwaje wa MRDP-Twirwaneho urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wafashe agace ka Point-Zéro kari ingenzi ku ihuriro ry’ingabo z’iki gihugu, iz’u Burundi, Wazalendo n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR.
-
Perezida wa Cameroun yashyize aboneka mu ruhame
22 October 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Cameroun Paul Biya w’imyaka 91 yongeye kuboneka mu ruhame ku nshuro ya mbere mu byumweru bitandatu bishize, mu gihe hari hari uguhwihwisa ku magara macye ye.
-
Perezida Ibrahim Traoré yirukanye Minisitiri w’Intebe ndetse anasesa guverinoma
8 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Burkina Faso, ubuyobozi bwa gisirikare buyobowe na Perezida Ibrahim Traoré bwasohoye itangazo ku wa Gatanu, ritangaza iyirukanwa rya Minisitiri w’Intebe w’agateganyo, Apollinaire Joachim Kyelem de Tambela, ndetse no gusesa guverinoma yose.
Umuryango.rw
MINEDUC yihanangirije amashuri yatangiye kwishyuza amafaranga y’umurengera ababyeyi
Zelensky yatangaje ko Ukraine igiye kuganira na Amerika hamwe n’u Burusiya
Trump Avuga ko Atangira Kwirukana Abimukira Binjiye mu Buryo Bunyuranije n’Amategeko
Igitero cya Israel i Beirut rwagati cyahitanye 22 umuyobozi wa Hezbollah ararusimbuka
Ibihe bikomeye byaranze tariki ya 10 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Perezida Kagame yijeje kongera umushahara w’abaganga n’abakora mu butabera
Perezida Ndayishimiye yatangaje ko yabonye Imana mu Izuba
Twirwaneho yambuye ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC agace ka Point-Zéro
Perezida wa Cameroun yashyize aboneka mu ruhame
Perezida Ibrahim Traoré yirukanye Minisitiri w’Intebe ndetse anasesa guverinoma