Ambasaderi w’u Burusiya muri Israel, Anatoly Viktorov yasabye Abarusiya batuye muri iki gihugu kukivamo nyuma y’uko Iran irashe ibisasu birenga 200 kuri Israel.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Burusiya bwasabye abaturage babwo kuva muri Israel yahigiwe na Iran
4 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Ghana: Visi Perezida yavuze ko abatavuga rumwe n’ubutegetsi aribo batsinze amatora
9 December 2024, by Joseph IradukundaVisi Perezida wa Ghana Mahamudu Bawumia yemeye ko yatsinzwe mu matora yo ku wa gatandatu ndetse yifuriza ishya n’ihirwe umukandida w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi wahoze ari Perezida, John Mahama, ku bw’intsinzi ye.
-
Musanze: Yafatanywe umutwe w’inka yaraye yibwe avuga ko yawuguze
20 October 2025, by ISIMBI EstellaUmuturage wo mu Murenge wa Kinigi, Akarere ka Musanze, ari muri batanu bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Muhoza muri ako Karere, nyuma yo gusanganwa umutwe w’inka yaraye yibwe, akavuga ko yari yawuguze.
-
The Ben yateguje ikindi gitaramo cya ‘The New Year Groove’
4 June 2025, by ISIMBI EstellaNyuma yo gukora igitaramo ‘The New Year Groove’ cyabaye ku wa 1 Mutarama 2025, The Ben yongeye guteguza abakunzi be ikindi giteganyijwe ku wa 1 Mutarama 2026, ndetse aca amarenga y’abahanzi bashobora kuzakigaragaramo.
-
Cap. Dadis Camara wigeze kuyobora Guinnea Conakry yahawe imbabazi na Perezida Doumbouya
29 March 2025, by Angeline MUKANGENZIenerali Mamadi Doumbouya, Perezida w’inzibacyuho muri Guinnea Conakry, yahaye imbabazi Capitaine Moussa Dadis Camara, wigeze kuba Perezida w’icyo gihugu hagati y’umwaka wa 2008-2009 wari umaze igihe ufunze, nk’uko bikubiye mu itangazo ryasohowe na Minisitiri ushinzwe ibikorwa bya perezidansi, izo mbabazi yazihawe kubera ibibazo by’ubuzima butameze neza yagaragaje.
-
Urukiko rwakatiye Rashid gufungwa imyaka 7 kubera guhakana no gupfobya jenoside
8 October 2024, by Joseph IradukundaRashid Hakuzimana yakatiwe igihano cy’igifungo cy’imyaka 7 nyuma yo guhamwa n’ibyaha birimo guhakana no gupfobya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Ross Kana, Rumaga na Mbonyi mu bakoze mu nganzo: Indirimbo nshya za Weekend
10 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNk’uko bisanzwe bigenda mu mpera za buri Cyumweru, IGIHE ibagezaho urutonde rw’indirimbo nshya z’abahanzi barimo abamaze kugera ku rwego rukomeye n’abakizamuka.
-
FDLR imerewe nabi cyane na FARDC yatakambiye amahanga iyasaba inkunga
14 January 2020, by Dusingizimana RemyUmutwe witwaje intwaro wa FDLR watangiye gushya ubwoba kubera ibyo umaze iminsi ukorerwa n’ingabo za FARDC, ariyo mpamvu watangiye gusaba amahanga guhagarika imikoranire uvuga ko iri hagati y’u Rwanda na RD Congo.
-
Amaso ahanzwe u Burusiya mu kurangiza intambara na Ukraine
13 March 2025, by Joseph IradukundaLeta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zatangaje ko kugeza ubu umupira uri mu biganza by’u Burusiya kugira ngo baganire bemeranye ku byavuye mu biganiro byo guhagarika intambara bamazemo imyaka itatu na Ukraine.
-
Kicukiro:Babiri bakekwaho kwica umukobwa wari wabasuye bagejejwe mu Rukiko
19 October 2024, by Joseph IradukundaAbasore babiri bakekwaho kwica Kayirangwa Olga ubwo yari ageze aho batuye, umwe muribo uvuga ko yari amunyujije iwe nyuma yo kumukura kukazi ke amutwaye mu modoka mu buryo yise kumuha lift bagejejwe imbere y’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro baburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
Umuryango.rw
U Burusiya bwasabye abaturage babwo kuva muri Israel yahigiwe na Iran
Ghana: Visi Perezida yavuze ko abatavuga rumwe n’ubutegetsi aribo batsinze amatora
Musanze: Yafatanywe umutwe w’inka yaraye yibwe avuga ko yawuguze
The Ben yateguje ikindi gitaramo cya ‘The New Year Groove’
Cap. Dadis Camara wigeze kuyobora Guinnea Conakry yahawe imbabazi na Perezida Doumbouya
Urukiko rwakatiye Rashid gufungwa imyaka 7 kubera guhakana no gupfobya jenoside
Ross Kana, Rumaga na Mbonyi mu bakoze mu nganzo: Indirimbo nshya za Weekend
Amaso ahanzwe u Burusiya mu kurangiza intambara na Ukraine
Kicukiro:Babiri bakekwaho kwica umukobwa wari wabasuye bagejejwe mu Rukiko