U Rwanda ruritegura kwakira inteko rusange ngarukamwaka ya 26 y’Umuryango uhuza abayobozi bakuru ba Polisi mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba (EAPCCO) izaba kuva tariki ya 26 kugeza ku ya 31 Mutarama 2025.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda rugiye kwakira inteko rusange ya 26 ya EAPCCO
13 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Israheli yagabye ibitero ku mipaka ya Libani na Syria
22 January, by ISHIMWE Jean de DieuIbitero Isiraheli yagabye ku mipaka ine ya Libani na Syria, byishe abantu babiri aho yabigabye ivuga ko iyo mipaka yakoreshwaga n’umutwe wa Hezbollah mu kwinjiza intwaro rwihishwa.
-
RED-Tabara yemeje ko abarwanyi bayo bafatiwe mu Rwanda bari bayobye
5 October 2020, by Dusingizimana RemyUmutwe w’inyeshyamba wa Red-Tabara zirwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wemeza ko abarwanyi berekanywe uyu munsi kuwa mbere mu Rwanda ari abawo bahafatiwe ’bayobye’.
-
Tanzania: Umunyarwandakazi aravugwaho kwiyahurira muri Sitasiyo ya Polisi
9 January, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi yo muri Tanzania yemeje urupfu rw’Umuyarwandakazi wamenyekanye ku mazina ya Uwumuhoza Violette uvugwaho kuba yapfuye yiyahuriye muri Sitasiyo ya Polisi iherereye i Arusha mu Majyaruguru ya Tanzania.
-
Perezida Kagame azahabwa igihembo cy’ uyu mwaka cyo guteza imbere ubukerarugendo
22 October 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame niwe uzahabwa igihembo ‘World Tourism Award 2017’ ashimirwa ubuyobozi bwe bw’indashyikirwa mu guteza imbere ubukerarugendo, mu muhango uzabera mu nyubako ya ExCeL London Center mu Bwongereza.
RBA dukesha iyi mkuru yatangaje ko iki gihembo Umukuru w’Igihugu azagishyikirizwa mu gihe hazaba hafungurwa ku mugaragaro inama mpuzamahanga ku bukerarugendo izwi nka "World Travel Market London" ku wa 6 Ugushyingo 2017 kugera ku wa 8 uko kwezi.
World Travel Market (…) -
Tedros yavuze uko yarokotse urupfu mu bitero bya Israel
29 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi Mukuru wa OMS yatangaje ko we n’itsinda bari kumwe, barokotse urupfu ubwo bageraga ku Kibuga cy’Indege muri Yemen, bakagorwa no kuhava kubera ibitero byo mu kirere by’Ingabo za Israel.
-
APR FC yatomboye Pyramids FC, Rayon Sports yisanga muri Tanzania: Tombola y’amakipe azahagararira u Rwanda
9 August 2025, by ISIMBI EstellaAPR FC yatomboye Pyramids FC yo mu Misiri mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League, mu gihe Rayon Sports yatomboye Singida Black Stars yo muri Tanzania mu mikino ya CAF Confederation Cup.
-
Icyo u Bubiligi buvuga ku by’uko bwohereje muri RDC abakomando bo kurasa M23
27 March 2025, by Joseph IradukundaLeta y’u Bubiligi yahakanye amakuru avuga ko iki gihugu cyaba giherutse kohereza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo abakomando bo guha gufasha ingabo z’iki gihugu mu rugamba zihanganyemo n’umutwe wa M23.
-
Perezida Capt. Ibrahim Traore akomeje kwigarurira umutima w’ikizungerezi
24 April 2025, by Gladiator OGUmuhanzikazi akaba n’umuraperikazi Stefflondon ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza akomeje kugaragaza ko Perezida wa Burkina Faso Capt Ibrahim Traore ari umugabo w’igitangaza.
-
Koreya ya Ruguru ivuga ko izaca inzira zose ziyihuza na Koreya y’Epfo
9 October 2024, by Joseph IradukundaKoreya ya Ruguru ivuga ko guhera kuri uyu wa gatatu ica imihanda n’inzira za gariyamoshi zerekeza muri Koreya y’Epfo mu rwego rwo "gutandukanya burundu" ibihugu byombi.
Umuryango.rw
U Rwanda rugiye kwakira inteko rusange ya 26 ya EAPCCO
Israheli yagabye ibitero ku mipaka ya Libani na Syria
RED-Tabara yemeje ko abarwanyi bayo bafatiwe mu Rwanda bari bayobye
Tanzania: Umunyarwandakazi aravugwaho kwiyahurira muri Sitasiyo ya Polisi
Tedros yavuze uko yarokotse urupfu mu bitero bya Israel
APR FC yatomboye Pyramids FC, Rayon Sports yisanga muri Tanzania: Tombola y’amakipe azahagararira u Rwanda
Icyo u Bubiligi buvuga ku by’uko bwohereje muri RDC abakomando bo kurasa M23
Perezida Capt. Ibrahim Traore akomeje kwigarurira umutima w’ikizungerezi
Koreya ya Ruguru ivuga ko izaca inzira zose ziyihuza na Koreya y’Epfo