Rubingisa Pudence ni we watorewe kuba umuyobozi mushya w’Umujyi wa Kigali mu matora yabaye kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 17Kanama 2019,nyuma yo gutorwa ku majwi 71, atsinze Rutera Rose bari bahanganye wagize amajwi 22.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rubingisa Pudence niwe watorewe kuyobora umujyi wa Kigali
17 August 2019, by Dusingizimana Remy -
Jose Chameleone yasubiye mu bitaro
18 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi wo muri Uganda Jose Chameleone uri kubarizwa muri Amerika aho yari yaragiye kwivuza, yongeye gusubira mu bitaro nyuma y’uko yari atangiye koroherwa.
-
Iran na Amerika bagiye guhurira mu biganiro by’amahoro muri Pakistan
8 April, by Angeline MUKANGENZIIran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika batangaje ku wa 10 Mata 2026, bazahurira mu biganiro by’amahoro bizabera i Islamabad muri Pakistan, nyuma yuko impande zombi zemeranyije agahenge k’ibyumweru bibiri.
-
RDC: Mu kwezi kumwe gusa habonetse ibirego 317 byo guhungabanya uburenganzira bwa muntu
25 October 2024, by Joseph IradukundaIbirego 317 by’ihungabanywa ry’uburenganzira bwa muntu byabonetse muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) mu kwezi kwa Nzeri 2024.
-
Alexander Isak ntazongera gukinira Newcastle United
12 August 2025, by ISIMBI EstellaRutahizamu wa Newcastle United, Alexander Isak, ntabwo ari mu bakinnyi bazifashishwa na yo mu mukino ufungura Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League), nyuma y’uko ayitangarije ko atazongera kuyikinira kabone n’ubwo yakwanga kumurekura.
-
Abandi Banyarwanda barenga 280 babaga muri RDC batashye
11 September 2025, by ISIMBI EstellaIshami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi (UNCHR) ryacyuye abandi Banyarwanda 284 babaga mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Icyizere Perezida Zelensky afitiwe n’abaturage cyagabanyutseho 38%
8 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkusanyabitekerezo ryakorewe muri Ukraine ryagaragaje ko icyizere Perezida w’iki Gihugu, Volodymyr Zelenskyy yari afitiwe n’abaturage mbere y’uko intambara itangira cyagabanyutse ku kigero cya 38%.
-
Mozambique: Abanyarwanda bibutse Abatutsi bazize Jenoside, hamaganwa ubwicanyi bukorerwa abo muri RDC
14 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasaderi w’u Rwanda muri Mozambique, Col (Rtd) Donat Ndamage, yashimangiye ko Jenoside yakorewe Abatutsi yateguwe igihe kirekire kugeza ishyizwe mu bikorwa igahitana abarenga miliyoni, agaragaza ko ibisa n’ibyo biri kuba mu Burasirazuba bwa RDC aho Abanyamulenge n’Abatutsi muri rusange bari kwicwa bazira uko baremwe.
-
U Rwanda rwemeje ibiganiro na Amerika byo kwakira abimukira
5 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda yemeje ko iri mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) bigamije kwakira abimukira bahungira muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
-
Ba Ofisiye 47 basoje amahugurwa mu Ishuri Rikuru rya Polisi
17 January, by ISIMBI EstellaAbapolisi n’abandi 47 bo mu nzego zishinzwe umutekano ku rwego rwa ba ofisiye bato mu nzego zishinzwe kugenzura iyubahirizwa ry’amategeko, barangije amahugurwa ajyanye n’ubuyobozi no gukemura amakimbirane bari bamazemo amezi atanu, mu Ishuri rikuru rya Polisi (NPC) mu Karere ka Musanze.
Umuryango.rw
Jose Chameleone yasubiye mu bitaro
Iran na Amerika bagiye guhurira mu biganiro by’amahoro muri Pakistan
RDC: Mu kwezi kumwe gusa habonetse ibirego 317 byo guhungabanya uburenganzira bwa muntu
Alexander Isak ntazongera gukinira Newcastle United
Abandi Banyarwanda barenga 280 babaga muri RDC batashye
Icyizere Perezida Zelensky afitiwe n’abaturage cyagabanyutseho 38%
Mozambique: Abanyarwanda bibutse Abatutsi bazize Jenoside, hamaganwa ubwicanyi bukorerwa abo muri RDC
U Rwanda rwemeje ibiganiro na Amerika byo kwakira abimukira
Ba Ofisiye 47 basoje amahugurwa mu Ishuri Rikuru rya Polisi