Abayobozi basaga 400 bo mu nzego zitandukanye z’igihugu bamaze kwerekeza mu kigo cya Gisirikare cya Gabiro mu mwiherero wabo ugiye kuba ku nshuro ya 17 bazamaramo iminsi 4.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abayobozi basaga 400 bamaze kwerekeza mu mwiherero wa 17 I Gabiro [AMAFOTO]
15 February 2020, by Dusingizimana Remy -
Intara zo muri DRC zasabiwe ubwigenge bwo kwicungira umutungo
14 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi w’Ibiro bya Moïse Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Olivier Kamitatu, yasabye ko intara zo muri iki gihugu zihabwa ubwigenge bwo kwicungira umutungo.
-
Kugorwa no kugera mu Rwanda byatumye Perezida Chapo yifuza ko hatangizwa ingendo Kigali-Maputo
28 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Mozambique, Daniel Chapo Yagaragaje ko atumva impamvu mbere yo kugera i Kigali yabanje guca Addis Ababa muri Ethiopia, agaragaza ko hakwiye gutangizwa ingendo zihuza u Rwanda na Maputo nta handi zinyuze.
-
Minisitiri Shyaka yahanuye Abanya-Kigali bagiye kuva muri GUMA MU RUGO
7 February 2021, by Martin MunezeroMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase, yavuze ko nubwo kuri uyu wa Mbere serivisi zimwe na zimwe mu Mujyi wa Kigali zizongera gufungurwa, bitavuze ko icyorezo cya Coronavirus cyarangiye bityo basabwa gukomeza kwirinda.
-
Ingamba zikarishye zo kurwanya Coronavirus zongerewe igihe cy’iminsi 15 zishyirwa mu bikorwa
2 April 2020, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa Gatatu yize ku Cyorezo cya COVID-19,yemeje ko ingamba zikarishye zo gukomeza kukirwanya ngo kidakwirakwira mu Rwanda zizakomeza kugeza kuwa 19 Mata 2020.
-
Umunyarwandakazi yabaye indashyikirwa mu ishuri rya gisirikare muri Amerika
22 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmusirikare w’u Rwanda, Sous-Lieutenant Janet Uwamahoro, yarangije amasomo ya gisirikare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ndetse aza mu batsinze by’indashyikirwa.
-
Ikigo gishyigikiwe n’umuherwe Bill Gates kigiye gucukura amabuye y’agaciro muri DRC
28 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIkigo KoBold Metals gishyigikiwe n’Umuherwe Bill Gates, Jeff Bezos na Michael Bloomberg, kiri kwitegura gucukura amabuye y’agaciro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe ubutegetsi bw’iki gihugu bwaba bumaze kugirana amasezerano n’ubwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
DR Congo: Leta yavuze bamwe mu bagomba kuryozwa Abatikiriye mu mpanuka y’ubwato
7 October 2024, by Joseph IradukundaMu ruzinduko ahabereye impanuka y’ubwato iherutse koreka abantu barenga 30 abandi bakekerwa mu magana bakaba bakibura, minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu wa DR Congo yavuze abagomba kubazwa iyi mpanuka, kandi yizeza ko abantu bakibura bagomba kuboneka.
-
APR na Rayon Sport ziyobowe mu buryo ntacyo zamarira ruhago y’u Rwanda?
6 May 2025, by Joseph IradukundaUbusesenguzi bw’Inama y’Umutekano bwagarutse ku miyoborere y’amakipe abiri akomeye hano muri shampiyona y’u Rwanda, ariyo APR FC na Rayon Sport bugaragaza ko ibangamiye bikomeye iterambere ry’umupira w’amaguru.
-
Charlie Kirk wari umunywanyi wa Trump yishwe arashwe
11 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamerika wamenyekanye nk’impirimbanyi y’intekerezo zishingiye ku gusubiza Amerika uko yahoze (conservateur) wanashinze umuryango wa Turning Point USA, Charlie Kirk, by’umwihariko akaba yari inshuti ikomeye ya Perezida Donald Trump, yishwe arashwe ubwo yari ari gutanga ikiganiro muri Kaminuza ya Utah Valley.
Umuryango.rw
Intara zo muri DRC zasabiwe ubwigenge bwo kwicungira umutungo
Kugorwa no kugera mu Rwanda byatumye Perezida Chapo yifuza ko hatangizwa ingendo Kigali-Maputo
Ingamba zikarishye zo kurwanya Coronavirus zongerewe igihe cy’iminsi 15 zishyirwa mu bikorwa
Umunyarwandakazi yabaye indashyikirwa mu ishuri rya gisirikare muri Amerika
Ikigo gishyigikiwe n’umuherwe Bill Gates kigiye gucukura amabuye y’agaciro muri DRC
DR Congo: Leta yavuze bamwe mu bagomba kuryozwa Abatikiriye mu mpanuka y’ubwato
APR na Rayon Sport ziyobowe mu buryo ntacyo zamarira ruhago y’u Rwanda?
Charlie Kirk wari umunywanyi wa Trump yishwe arashwe