Mwitende Abdoulkarim wamamaye nka Burikantu ku mbuga nkoranyambaga yagunfuwe nyuma y’iminsi mike ishize atawe muri yombi akekwaho guhohotera abakobwa yafungiranye mu nzu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Burikantu wakekwagaho gukingirana abakobwa yafunguwe
25 July 2025, by ISIMBI Estella -
Uko Polisi y’u Rwanda yazamuye urwego rw’amahugurwa mu kubaka ubushobozi mu myaka 25
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe Polisi y’u Rwanda yizihiza imyaka 25 imaze ishinzwe kuva mu 2000, nk’urwego rushinzwe umutekano w’abantu n’ibyabo, yagiye yiyubaka mu ngeri zose, ishyiraho amashami atandukanye kugira ngo ibashe kuzuza inshingano, ari nako hategurwa amahugurwa n’imyitozo bihabwa abapolisi hagamijwe kongera ubumenyi, ubushobozi n’ubunyamwuga mu kurushaho kunoza imitangire ya serivisi.
-
CEDEAO yatangiye kwingingira Mali, Burkina Faso na Niger kugaruka mu muryango
6 March 2025, by Joseph IradukundaNyuma y’amezi atatu yongeye gutorerwa kuba umuyobozi wa Ghana, John Dramani Mahama yari mu ruzinduko rw’akazi i Abidjan ku wa Gatatu, aho yavuganye na mugenzi we Alassane Ouattara. Ku murongo w’ibyigwa: gushimangira umubano w’ibihugu byombi, ubufatanye mu bukungu n’ibibazo by’umutekano mu karere. Ikirenze byose, abakuru b’ibihugu byombi batangiye gusaba Mali, Burkina Faso na Niger kongera gusubira mu Muryango wa CEDEAO.
-
U Bushinwa bwihimuye kuri Trump
5 April 2025, by Joseph IradukundaU Bushinwa bwatangaje inyongera y’umusoro ungana na 34% ku bicuruzwa bizajya bibwinjiramo biturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nk’uburyo bwo kuzihimuraho.
-
Umuhire Rebecca yasezeranye
28 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhire Rebecca, wamenyekanye cyane nk’umunyamakuru ndetse akaba n’umwe mu bakobwa bahataniye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2018, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Masengesho Kadudu.
-
Dore ibyamamare mu Rwanda ushobora kuba utaruziko ari abafana b’Ikipe ya Arsenal.
28 March 2025, by ISIMBI EstellaIkipe ya Arsenal iri mu makipe y’ubukombe ku isi, ni imwe mu makipe afite abafana benshi hirya no hino ku isi ndetse mu myaka irenga 100 imaze ibayeho ni imwe mu makipe yo mu gihugu cy’ubwongereza afite ibikombe byinshi birimo ibya shampiyona 13 n’ibindi bikombe bigiye bitandukanye , iyi kipe kandi yihariye kuba ariyo kpe yonyine mu mateka y’igihugu cy’ubwongereza yabashije gutwara igikombe cya shampiyona ya bongereza idatsinzwe ibizwi cyane nka Unbeaten Record aho yabigezeho mu mwaka w’i (…)
-
Ibyo wamenya ku bikorwaremezo Miss Muheto yagonze
30 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda yatangaje ko mu minsi ishize yataye muri yombi Muheto Nshuti Divine wabaye Miss Rwanda 2022, kubera gutwara ikinyabiziga yanyoye ibisindisha birengeje igipimo, kandi nta ruhushya rwo gutwara ibinyabiziga agira, ibyatumye agonga ndetse yangiza ibikorwaremezo, anagerageza guhunga nyuma yo kugonga.
-
M23 ikomeje gushinja ingabo za RDC ubugwari
16 January 2025, by Joseph IradukundaUmutwe witwaje intwaro wa M23 washinje ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ubugwari, nyuma yo kwamburwa ibice bitandukanye mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
-
Trump abona akwiye ishimwe rya Nobel kubera guhuza u Rwanda na RDC
21 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje ko akwiye ishimwe rya Nobel rihabwa indashyikirwa mu guharanira amahoro ku Isi, kubera guhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ibindi bihugu byari bifitanye amakimbirane.
-
ICC yasohoye impapuro zo guta muri yombi Netanyahu n’uwari minisitiri w’ingabo wa Israel
21 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kane, itariki 21 Ugushyingo 2024, Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwasohoye impapuro zo guta muri yombi Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu n’uwahoze ari Minisitiri w’ingabo, Yoav Gallant. Urukiko rwabitangaje kuri X / Twitter .
Umuryango.rw
Burikantu wakekwagaho gukingirana abakobwa yafunguwe
Uko Polisi y’u Rwanda yazamuye urwego rw’amahugurwa mu kubaka ubushobozi mu myaka 25
CEDEAO yatangiye kwingingira Mali, Burkina Faso na Niger kugaruka mu muryango
U Bushinwa bwihimuye kuri Trump
Umuhire Rebecca yasezeranye
Dore ibyamamare mu Rwanda ushobora kuba utaruziko ari abafana b’Ikipe ya Arsenal.
Ibyo wamenya ku bikorwaremezo Miss Muheto yagonze
M23 ikomeje gushinja ingabo za RDC ubugwari
Trump abona akwiye ishimwe rya Nobel kubera guhuza u Rwanda na RDC
ICC yasohoye impapuro zo guta muri yombi Netanyahu n’uwari minisitiri w’ingabo wa Israel