Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo imaze igihe yararunze inyeshyamba zo mu mutwe wa FLN hafi y’umupaka w’u Rwanda; ibyo igaragaza nk’imwe mu mpamvu zerekana ko idafite gahunda yo gukemura ikibazo cy’umutekano muke uri mu burasirazuba bwa RDC.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RDC yarunze inyeshyamba za FLN ya Rusesabagina hafi y’umupaka w’u Rwanda
30 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Akazi mu Rwanda mu mibare
1 May 2025, by ISIMBI EstellaKubona akazi mu Rwanda bisigaye ari ingorabahizi, ugafite akaryamaho kuko aba azi neza ko akabuze bishoboka ko atazabona akandi. Utagafite we, ahora abunza imitima yibaza ejo hazaza.
-
Minisitiri Sezibera yavuze uburyo abarwanyi b’umutwe wa FDLR bivugwa ko aribo barinzi ba Perezida Nkurunziza badashobora kuzana amahoro mu Burundi
2 May 2019, by Martin MunezeroMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr. Richard Sezibera yavuze ko abarwanyi b’umutwe wa FDLR badashobora kuzana amahoro mu Burundi kuko ngo icyo bashoboye ari ukwica gusa.
-
’Amerika ifite umuhate wo gufasha u Rwanda kurwanya Marburg’ ubu yarugeneye miliyoni 11$
8 October 2024, by Joseph IradukundaUmuvugizi w’ubutegetsi bwa Perezida Joe Biden wa Amerika yatangaje ko iki gihugu cyatanze hafi miliyoni 11 z’amadorari agenewe gufasha u Rwanda n’ibihugu birukikije kurwanya icyorezo cya Marburg kugeza ubu cyabonetse mu Rwanda.
-
Zambia: Igipolisi cyafunze abakekwaho umugambi wo kuroga Perezida
21 December 2024, by Joseph IradukundaPolisi ya Zambia yatangaje ko yataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho gutegura umugambi wo kuroga Perezida Hakainde Hichilema.
-
U Rwanda rwohereje abapolisi 160 mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo
10 February, by Angeline MUKANGENZIPolisi y’u Rwanda yatangaje ko abapolisi 160 bagiye koherezwa mu butumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), aho bazasimbura bagenzi babo bari bamaze umwaka muri ubwo butumwa bafasha polisi ya Sudani y’Epfo kwiyubaka.
-
Ese imyanzuro ya UPR ishobora kuzahura umubano w’u Rwanda n’Ubufansa?
16 January 2018, by Jules NTAHOBATUYEImiryango itandukanye n’ibihugu bikomeje gusaba ko Leta y’Ubufaransa yagira uruhare mu kohereza abakekwaho uruhare muri jonoside yakorewe abatutsi mu Rwanda, ndetse no gutanga amadosiye asobanura iby’uruhare ikekwaho muri iyi jonoside.
Ni amajwi yumvikanye mu biganiro by’akanama k’isuzuma ngarukamwaka ry’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu ku Isi (Human Rights Council Universal Periodic Review).
Imyanzuro ya nyuma y’aka kanama izashyikirizwa Ubufaransa ntirasohoka kuko ibiganiro (…) -
Rocky Kirabiranya usobanura Filime yaba agiye kurongora?Sobanukirwa n’inkomoko y’amazina atagira ingano akunze kwiyita
24 March 2019, by Martin MunezeroKirabiranya Rocky ni Umunyarwanda umaze kubaka izina cyane mu gusobanura filime azikura mu ndimi z’ amahanga azishyira mu Kinyarwanda. Nubwo asobanura yitwa Rocky Kirabiranya siyo mazina yahawe n’ ababyeyi ahubwo ngo kuri we izina ni nk’ ipeti bityo yongera izina ku mazina ye buri uko yumva avuye ku rwego runaka ageze ku rundi.
-
Umunyakenyakazi yakoze benshi ku mutima kubera ubukwe bw’igitangaza yakoranye n’umugabo ubana n’ubumuga [AMAFOTO]
15 February 2019, by Dusingizimana RemyUmunyakenyakazi witwa Susan Njogu ukomoka mu gace kitwa Elburgon mu ntara ya Nakuru yakoze benshi ku mutima nyuma y’urukundo ruzira uburyarya yakunze umunya Australia witwa Philip Eling ubana n’ubumuga kugeza bakoze ubukwe.
-
RDC ishaka ko Amerika ikomeza igisirikare cyayo nk’uko yabigenje kuri Kuwait na Arabie Saoudite
29 September 2025, by ISIMBI EstellaUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwohereje intumwa icyenda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kugira ngo ziganire n’Abanyamerika ku bufatanye impande zombi zishobora kugirana, cyane cyane mu bijyanye n’urwego rw’umutekano.
Umuryango.rw
RDC yarunze inyeshyamba za FLN ya Rusesabagina hafi y’umupaka w’u Rwanda
Akazi mu Rwanda mu mibare
’Amerika ifite umuhate wo gufasha u Rwanda kurwanya Marburg’ ubu yarugeneye miliyoni 11$
Zambia: Igipolisi cyafunze abakekwaho umugambi wo kuroga Perezida
U Rwanda rwohereje abapolisi 160 mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo
RDC ishaka ko Amerika ikomeza igisirikare cyayo nk’uko yabigenje kuri Kuwait na Arabie Saoudite