Kuri uyu wa Kane, itariki ya 1 Gicurasi 2025, uwari perezida w’agateganyo wa Koreya y’Epfo, Han Duck-soo, yatangaje ko yeguye ku mirimo ye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uwari wagizwe Perezida w’agateganyo wa Korea y’Epfo nawe yeguye
1 May 2025, by Joseph Iradukunda -
Amafaranga ashorwa mu gisirikare cy’u Burundi yaragabanyutse
14 July 2025, by ISIMBI EstellaIngengo y’imari ishorwa mu gisirikare cy’u Burundi (FDNB) yagabanyutseho miliyoni 3,66 z’Amadolari ya Amerika mu 2024 ugereranyije n’umwaka wabanje, biturutse ahanini ku ihungabana ry’ubukungu bw’iki gihugu.
-
Urwego rw’Umuvunyi rwagaragaje ko ikibazo cy’ingengabitekerezo ya Jenoside igikomeje kugaragara hirya no hino giteye inkeke
11 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’Umuvunyi rwagaragaje ko ikintu kigihangayikishije ari ingengabitekerezo ya Jenoside ikigaragara mu Rwanda no mu Karere ruherereyemo kandi ari yo yagejeje Igihugu kuri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994
-
Israel igiye kujurira ku nyandiko za ICC zo guta muri yombi Netanyahu na Gallant
28 November 2024, by Joseph IradukundaIsrael yavuze ko izajurira ku nyandiko zo guta muri yombi Minisitiri w’intebe Benjamin Netanyahu n’uwahoze ari Minisitiri w’ingabo Yoav Gallant zasohowe n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC) rubarega ibyaha byo mu ntambara muri Gaza.
-
Iran yaburiye Israel ishobora kongera kuyigabaho ibitero
6 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi, yavuze ko mu gihe Israel yakongera kugaba ibitero kuri icyo gihugu, bishobora kuvamo intambara yaguye ihuza impande zombi.
-
U Bushinwa bwahaye uburenganzira indege zitagira abapilote zitwara abagenzi
1 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo gishinzwe iby’indege za gisivili mu Bushinwa (CAAC) cyemeje ibyemezo by’indege zitagira abapilote zo mu bwoko bwa tagisi ziguruka bwa mbere, nk’uko byatangajwe na South Morning Post (SCMP). Iki cyemezo cyemerera Nasdaq EHang Holdings na Hefei Hey Airlines gukoresha ibinyabiziga byo mu kirere bidafite abadereva muri serivisi zo gutwara abagenzi mu bucuruzi, harimo no gutembera mu mijyi.
-
Mukuralinda yasubije abavuga ko Rusesabagina yafunguwe kubera igitutu cya US
24 March 2023, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubutabera yemeje ko Paul Rusesabagina na Callixte Nsabimana ‘Sankara’ bari mu bantu basaga 370 barekuwe kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 24 Werurwe 2023,ku mbabazi za Perezida wa Repubulika, nyuma yo guhamwa n’ibyaha bitandukanye by’iterabwoba.
Umuvugizi wa Guverinoma Yolande Makolo yashyize hanze amabaruwa Paul Rusesabagina na Nsabimaba Callixte uzwi nka Sankara bandikiye Perezida Kagame basaba imbabazi ngo barekurwe.
Rusesabagina yavuze ko yicuza kuba ingabo FLN z’umutwe wa (…) -
Icyizere Cyo Kugarura Amahoro Muri Gaza cyiyongereye cyane
14 January 2025, by Joseph IradukundaAbakora ububanyi n’amahanga ba Qatar, Amerika, Israel na Palestine bakomeje ibiganiro byo kureba uko abantu Hamas yafashe bunyago yabarekura, hanyuma ingabo za Israel nazo zigataha, intambara muri Gaza igahagarara.
-
Burera: Urubyiruko rurasabwa gukora aho kwishora mu bujura
15 April, by ISIMBI EstellaBamwe mu babyeyi n’abaturage bo mu Karere ka Burera baragaragaza impungenge batewe n’imyitwarire ya bamwe mu rubyiruko bakomeje kwishora mu bikorwa by’ubujura n’ibindi byaha, aho babasaba guhindura imyumvire bagakoresha amaboko yabo mu mirimo ibateza imbere.
-
Ngoma: Hemejwe indishyi ya miliyoni 114,8 Frw yo kwishyura abaturage
1 September 2025, by ISIMBI EstellaInama Njyanama y’Akarere ka Ngoma yemeje indishyi y’angana na miliyoni 114,8 Frw yo kwishyura imiryango 396 yagizweho ingaruka n’ibikorwa byo kubaka imihanda muri aka Karere.
Umuryango.rw
Uwari wagizwe Perezida w’agateganyo wa Korea y’Epfo nawe yeguye
Amafaranga ashorwa mu gisirikare cy’u Burundi yaragabanyutse
Urwego rw’Umuvunyi rwagaragaje ko ikibazo cy’ingengabitekerezo ya Jenoside igikomeje kugaragara hirya no hino giteye inkeke
Israel igiye kujurira ku nyandiko za ICC zo guta muri yombi Netanyahu na Gallant
Iran yaburiye Israel ishobora kongera kuyigabaho ibitero
U Bushinwa bwahaye uburenganzira indege zitagira abapilote zitwara abagenzi
Mukuralinda yasubije abavuga ko Rusesabagina yafunguwe kubera igitutu cya US
Icyizere Cyo Kugarura Amahoro Muri Gaza cyiyongereye cyane
Burera: Urubyiruko rurasabwa gukora aho kwishora mu bujura
Ngoma: Hemejwe indishyi ya miliyoni 114,8 Frw yo kwishyura abaturage