Abanyagatolika barimo kwizihiza isabukuru y’imyaka 12 Papa Francis amaze atowe nk’umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi bamusabira ngo akire.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abanyagatolika bizihije isabukuru y’imyaka 12 Francis amaze ari Papa bamusabira ngo akire
13 March 2025, by Joseph Iradukunda -
Huye: Inkuba yishe umugabo, ikomeretsa umugore
29 January, by ISIMBI EstellaKu mugoroba wo ku wa 28 Mutarama, umugabo w’imyaka 32 wo mu Karere ka Huye mu Murenge wa Kinazi, yakubiswe n’inkuba iramwica, inakomeretsa umugore w’imyaka 27 muri uwo murenge.
-
Aba Perezida ba Afurika bemeje kunoza ubumwe no gufasha abimukira muri Libya
30 November 2017, by Iyamuremye JanvierInama yahuzaga Afurika n’Uburayi yasoje imirimo yayo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane i Abidjan muri Cote d’Ivoire abari bayiteraniyemo biyemeje gukemura ibibazo byihutirwa birimo icy’abanyafurika b’abimukira bo mu gihugu cya Libya.
Mu biganiro byabereye muri iyi nama, Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame yaragaragaje ko ishyirwa mu bikorwa ry’amavugurura y’umuryango w’Afurika yunze ubumwe azafasha mu iterambere ry’Abanyafurika muri rusange, ibintu anemeza ko bizanagabanyiriza (…) -
Muri Iran abagera ku 2000 bamaze kugwa mu myigaragambyo
13 January, by Angeline MUKANGENZIImyigaragambyo yo muri Iran igamije kwamagana ubutegetsi bw’iki gihugu imaze guhitana abantu bagera ku 2000.
-
Intara y’Iburasirazuba yahize izindi mu gutsindisha neza mu bizamini bya Leta
20 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIntara y’Iburasirazuba ni yo yahize izindi mu gutsindisha neza mu banyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’ayisumbuye ,mu mwaka w’amashuri wa 2024/2025.
-
Mali: Abasirikare benshi barimo Général bafungiwe umugambi wo guhirika ubutegetsi
11 August 2025, by ISIMBI EstellaIgisirikare cya Mali cyataye muri yombi abasirikare bagera kuri 20 barimo Général, bakekwaho umugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Général Assimi Goïta.
-
Gen Muhoozi yasobanuye impamvu yita Perezida Kagame “Nyirarume” we
3 June 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmuhungu wa Perezida Museveni, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, yasobanuye impamvu yita Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame Nyirarume we “Uncle “.
-
Perezida Kagame na Gianni Infantino bitabiriye FIFA Football Clinic/Festival
26 December 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika Paul Kagame na Gianni Infantino uyobora ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), bitabiriye gahunda yo guhuriza hamwe abana bato biga gukina umupira w’amaguru hagamijwe ubusabane no kwidagadura binyuze mu gukina umupira w’amaguru, izwi nka FIFA Football Clinic/Festival.
-
Menya uko Nsengimana Herman wasimbuye Sankara yafashwe mpiri atamaze kabiri abandi bakagwa mu mashyamba ya Congo[Video]
18 January 2020, by Martin MunezeroKuri uyu wa Gatanu nibwo hemejwe inkuru yari imaze iminsi ivugwa y’ifatwa rya Nsengimana Herman wahoze ari Umuvugizi w’Umutwe wa FLN, umwanya atamazeho kabiri nyuma yo gusimbura Nsabimana Callixte ‘Sankara’ we wafatiwe muri Comores mu mwaka ushize, ubu arimo kuburanira mu nkiko zo mu Rwanda.
-
Diddy yongeye kujyanwa mu nkiko ku byaha by’ubusambanyi
25 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIcyamamare mu muziki, Sean John Combs, uzwi nka Diddy, yongeye kujyanywa mu nkiko kuri iyi nshuro bikozwe n’uwahoze ari umukozi we amushinja kumutegeka gusambana n’abagore benshi mu kivunge, kumufata nabi n’ibindi bijyanye n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina.
Umuryango.rw
Abanyagatolika bizihije isabukuru y’imyaka 12 Francis amaze ari Papa bamusabira ngo akire
Huye: Inkuba yishe umugabo, ikomeretsa umugore
Muri Iran abagera ku 2000 bamaze kugwa mu myigaragambyo
Intara y’Iburasirazuba yahize izindi mu gutsindisha neza mu bizamini bya Leta
Mali: Abasirikare benshi barimo Général bafungiwe umugambi wo guhirika ubutegetsi
Gen Muhoozi yasobanuye impamvu yita Perezida Kagame “Nyirarume” we
Perezida Kagame na Gianni Infantino bitabiriye FIFA Football Clinic/Festival
Diddy yongeye kujyanwa mu nkiko ku byaha by’ubusambanyi