Abadipolomate b’u Rwanda n’u Bubiligi bayobowe na Minisisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe na Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prévot, bagiranye ibiganiro.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Minisitiri Nduhungirehe yaganiriye na Maxime Prévot w’u Bubiligi
21 November 2025, by ISIMBI Estella -
Urukiko rwitambitse umugambi wa Trump wo kwima ubwenegihugu abana bahavukiye
24 January 2025, by Joseph IradukundaUmucamanza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ibikubiye mu iteka rya Perezida Donald Trump byo kutemerera ubwenegihugu bw’inkomoko umwana uvukiye ku butaka bwa Amerika bibaye bihagaritswe by’agateganyo.
-
FERWAFA yeteguje abazakorera Licence A-CAF
10 February, by Angeline MUKANGENZINyuma y’imyaka umunani idakorerwa mu Rwanda, Licence A C-CAF igiye kongera gukorerwa mu Rwanda, aho biteganyijwe ko izakorerwa mu ntangiriro za Werurwe 2026.
-
Abasenateri batangiye kugenzura uko serivisi z’ubuvuzi zitangwa
21 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuSena yateguye igikorwa cyo gusura abaturage mu Turere twose n’Umujyi wa Kigali, hagamijwe kumenya ibikorwa mu guteza imbere amavuriro y’ibanze.
-
Kenya: Mackenzie washukishije abantu kwiyicisha inzara ngo bajye mu ijuru, akurikiranyweho urupfu rw’abandi 52
12 February, by ISIMBI EstellaUmuvugabutumwa Paul Mackenzie wafunzwe mu 2023 akurikiranyweho gushuka abayoboke b’idini ye ngo biyicishe inzara ni bwo bazasanga Yesu/Yezu mu ijuru, akurikiranyweho uruhare mu rupfu rw’abantu 52 basanzwe mu byobo rusange ahitwa Kwa Binzaro.
-
Umukambwe Carter yarotoye inzozi yahoranye zo Gutora Umwiraburakazi wa Mbere Ku Mwanya wa Prezida
2 November 2024, by Joseph IradukundaInzozi za Perezida wa 39 wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Jimmy Carter, zabaye impamo. Iminsi mike nyuma yo kuzuza imyaka 100 y’amavuko yabashije gutora. Yahoraga abibwira abe ko yifuza kuramba bihagije kugirango azatabaruke yarahaye ijwi rye Kamala Harris.
-
Ijambo Paul Kagame yavuze nyuma yo kwegukana intsinzi, umuryango we ngo ni abana b’inkotanyi
4 August 2017, by Iyamuremye JanvierPaul Kagame yashimye buri wese wamufashije mu bikorwa by’amatora. Avuga ko FPR Inkotanyi yatsinze amatora akurikije ibyo komisiyo y’amatora yari amaze gutangaza.
Mu ijambo rye yagejeje ku abarwanashyaka ba FPR Inkotanyi bari bateraniye I Rusororo mu karere ka Gasabo, yagize ati “ Ndashimira abayoboke,intore z’umuryango wa FPR Inkotanyi, intsinzi ...Abandi bati ni wowe, ni wowe dushaka...
Intsinzi ni iyanyu,,,ni amateka asanzwe ya FPR Inkotanyi ihangana n’ibibazo ariko tukaba dukomeje (…) -
Kigali Pelé Stadium yakuwe muri stade zizakinirwaho CAF Champions League na Confederation Cup
28 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImpuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yamenyesheje Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA) ko Kigali Pelé Stadium iri mu cyiciro cya mbere cya stade zayo, bityo idashobora kwakira amarushanwa arimo CAF Champions League na CAF Confederation Cup.
-
APR FC inganyije na Gorilla FC mu mukino yakozemo ikosa rishobora kuyiteresha mpaga
3 November 2024, by Joseph IradukundaIkipe ya APR FC ishobora guterwa mpaga ku mukino w’umunsi wa munani wa shampiyona wayihuje na Gorilla FC kuri iki Cyumweru bakanganya 0-0 nyuma yo gushyira mu kibuga abakinnyi barindwi b’Abanyamahanga icyarimwe kandi bitemewe.
-
U Burusiya bwasabye Israel kugenda gake muri Syria
27 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergei Lavrov, yasabye Israel kwitwararika ikagenda gake muri Syria, ikirinda kwangiza icyo gihugu nk’uburyo bwo gukemura ibibazo byayo muri rusange.
Umuryango.rw
Minisitiri Nduhungirehe yaganiriye na Maxime Prévot w’u Bubiligi
Urukiko rwitambitse umugambi wa Trump wo kwima ubwenegihugu abana bahavukiye
FERWAFA yeteguje abazakorera Licence A-CAF
Abasenateri batangiye kugenzura uko serivisi z’ubuvuzi zitangwa
Kenya: Mackenzie washukishije abantu kwiyicisha inzara ngo bajye mu ijuru, akurikiranyweho urupfu rw’abandi 52
Umukambwe Carter yarotoye inzozi yahoranye zo Gutora Umwiraburakazi wa Mbere Ku Mwanya wa Prezida
Kigali Pelé Stadium yakuwe muri stade zizakinirwaho CAF Champions League na Confederation Cup
APR FC inganyije na Gorilla FC mu mukino yakozemo ikosa rishobora kuyiteresha mpaga
U Burusiya bwasabye Israel kugenda gake muri Syria