Ishuri Rikuru ryo Kwigisha no Guteza Imbere Amategeko (ILPD), ryashyize ku isoko ry’umurimo abanyeshuri 436 bamaze igihe bahabwa amasomo ajyanye n’amategeko mu by’imisoro, ubutabera bw’abana ndetse n’ubumenyingiro mu mategeko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abanyamategeko 436 basoje amasomo muri ILPD
29 March, by Angeline MUKANGENZI -
Akamaro k’umutobe w’imboga mu gusukura umwijima
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmwijima ni rumwe mu ngingo z’ibanze z’umubiri w’umuntu, rukaba urw’ingenzi mu rwungano ngogozi, ndetse amakuru dukesha Wikipedia avuga ko ukora imirimo 300 mu mikorere y’umubiri.
-
Davido mu nzira zo kumurikira album ye ‘5Ive’ i Kigali
22 July 2025, by ISIMBI EstellaDavid Adedeji Adeleke wamamaye nka Davido uri mu rugendo rw’ibitaramo by’uruhererekane bizenguruka Isi aho ari kumvisha abakunzi be album ye nshya yise ‘5Ive’, ageze kure ibiganiro byo gutaramira abakunzi be b’i Kigali mu Ukuboza 2025.
-
Igitero cya Isiraheli cyibasiye bikomeye Umujyi wa Lattaquié uri ku nkombe za Siriya
17 October 2024, by Joseph IradukundaMu ijoro ryo ku ya 16 rishyira 17 Ukwakira 2024, ikigo cyemewe cya Siriya cya Sana cyatangaje igitero cya Isiraheli ku mujyi wa Lattaquié uri ku nkombe za Syria. Mu ijoro ryakeye, Minisitiri w’ingabo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, Lloyd Austin, yatangaje ko Amerika yibasiye ububiko bw’amasasu bw’inyeshyamba za Houthi muri Yemeni mu bitero byinshi.
-
Nyamagabe: Ari gukorera ikizamini cya leta kuri polisi nyuma yo gushaka gutera umuntu icyuma
16 July 2025, by ISIMBI EstellaUmunyeshuri w’imyaka 17 wiga mu mwaka wa gatatu w’amashuri yisumbuye mu Rwunge rw’Amashuri rwa Gasaka mu Karere ka Nyamagabe, yafatanywe icyuma ku ishuri ahari kubera ibizamini bya leta, avuga ko ikizamini nikirangira ahita agitera umuntu.
-
Paul Rutikanga yasezeraniye imbere y’amategeko
27 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamakuru Paul Rutikanga n’umukunzi we Uwera Caroline basezeranye imbere y’amategeko.
-
Leta ya South West yiyomoye kuri Somalia
19 March, by Angeline MUKANGENZILeta ya South West muri Somalia yatangaje ko yiyomoye ku butegetsi bwa Somalia nyuma yo kuyishinja kwivanga mu miyoborere yayo.
-
Amerika: Umuyobozi yashinjwe gusangiza ChatGPT amakuru y’ibanga
29 January, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi w’Agateganyo w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Umutekano w’Ikoranabuhanga muri Amerika [CISA], Madhu Gottumukkala, aravugwaho gusangiza amakuru y’ibanga porogaramu y’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano ya ChatGPT, mu mpeshyi y’umwaka ushize.
-
Real Madrid na Borussia Dortmund zabonye itike ya ¼ cy’irangiza
2 July 2025, by Joseph IradukundaReal Madrid yatsinze Juventus mu mukino utari urimo guhatana bikomeye, Borussia Dortmund itsinda Monterrey, zombi zihita zibona itike yo kuzahurira muri ¼ cy’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe kiri kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Rusizi: Yafatanywe urumogi munsi y’uburiri
11 January, by ISHIMWE Jean de DieuNzacahinyeretse Aaron w’imyaka 30 ubana n’umugore n’umwana mu Mudugudu wa Rushakamba, Akagari ka Kamashangi, Umurenge wa Kamembe, Akarere ka Rusizi,yatafanwe urumogi munsi y’uburiri.
Umuryango.rw
Abanyamategeko 436 basoje amasomo muri ILPD
Akamaro k’umutobe w’imboga mu gusukura umwijima
Davido mu nzira zo kumurikira album ye ‘5Ive’ i Kigali
Igitero cya Isiraheli cyibasiye bikomeye Umujyi wa Lattaquié uri ku nkombe za Siriya
Nyamagabe: Ari gukorera ikizamini cya leta kuri polisi nyuma yo gushaka gutera umuntu icyuma
Paul Rutikanga yasezeraniye imbere y’amategeko
Leta ya South West yiyomoye kuri Somalia
Amerika: Umuyobozi yashinjwe gusangiza ChatGPT amakuru y’ibanga
Real Madrid na Borussia Dortmund zabonye itike ya ¼ cy’irangiza
Rusizi: Yafatanywe urumogi munsi y’uburiri