Abantu benshi bizewe bo mu rwego rushinzwe umutekano mu gihugu muri Uganda (ISO), bahishuriye Virunga Post ko Uganda n’u Burundi barimo gutegura igitero gihuriweho ku Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uganda n’u Burundi barimo gutegura igitero gihuriweho ku Rwanda
28 December 2019, by Martin Munezero -
Muhanga:Inkangu yafunze umuhanda
23 March, by ISIMBI EstellaPolisi y’u Rwanda yatangaje ko imvura nyinshi yaguye yatumye umuhanda wa Muhanga-Ngororero-Mukamira ufungwa by’agateganyo.
-
Henry yikomye Arteta: Umupira mwiza ntuhagije, dukeneye gutsinda
28 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyabigwi wa Arsenal Thierry Henry yanenze bikomeye umutoza Mikel Arteta kubera kudashobora kwegukana ibikombe, anagereranya Arsenal na manchester united.
-
Priscilla Presley yahishuye ko yigeze guterwa impungenge n’umubano w’umukobwa we na Michael Jackson
22 September 2025, by ISIMBI EstellaPriscilla Presley yahishuye ukuntu yigeze kugira impungenge zikomeye ku mubano w’umukobwa we Lisa Marie Presley na Michael Jackson, ndetse n’ukuntu gushyingiranwa kwabo kwari kurimo amacenga.
-
U Bushinwa bwasubitse gahunda yo gucyura Abashinwa batatu bari mu isanzure
5 November 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’u Bushinwa gishinzwe ubumenyi mu by’isanzure, CNSA, cyatangaje ko Abashinwa batatu bagiye mu isanzure bazagumayo andi mezi atandatu nyuma y’aho biketswe ko icyogajuru cyari kubacyura cyangiritse.
-
SADC yateranyije inama y’igitaraganya muri Tanzania
29 January 2025, by Joseph IradukundaUmuryango uhuza ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo, SADC, wakoze inama y’igitaraganya i Dar es Salaam muri Tanzania, ihuza abakuru b’ibihugu bawugize.
-
Musanze: Muko amavomo yarangiritse bashoka Mukungwa
13 November 2025, by ISIMBI EstellaAbaturage bo mu Murenge wa Muko, akagari ka Mburabuturo mu Karere ka Musanze, bavuga ko bamaze igihe kirekire babangamiwe no kubura amazi meza, ibintu byatumye bajya kuvoma ibirohwa mu mugezi wa Mukungwa, kubera ko amavomo rusange yangiritse n’aho yasigaye ntibabonere amazi ku gihe.
-
Iran yemeje ko Komanda w’ingabo zirwanira mu mazi yishwe
30 March, by Angeline MUKANGENZIUmutwe w’ingabo za Iran, Islamic Revolutionary Guard Corps (IRGC), wemeje urupfu rwa komanda w’ishami ryawo rirwanira mu mazi, Alireza Tangsiri, nyuma y’iminsi ine Israel itangaje ko yamwishe mu gitero yagabye.
-
DJ Cuppy yagaragaje ko arambiwe kuba ingaragu
18 February 2025, by ISIMBI EstellaUmunya-Nigeria Florence Otedola wamamaye nka DJ Cuppy, yagaragaje ko umwaka utaha azizihiza umunsi w’abakundanye yubatse urugo.
-
UEFA Champions League: Real Madrid na Arsenal zatangiye neza
17 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImikino ya UEFA Champions League ya 2025/26 yatangiye gukinwa, Arsenal yatsinze Atletico Club ibitego 2-0 naho Real Madrid Itsinda Olympic Marseille ibitego 2-1.
Umuryango.rw
Muhanga:Inkangu yafunze umuhanda
Henry yikomye Arteta: Umupira mwiza ntuhagije, dukeneye gutsinda
Priscilla Presley yahishuye ko yigeze guterwa impungenge n’umubano w’umukobwa we na Michael Jackson
U Bushinwa bwasubitse gahunda yo gucyura Abashinwa batatu bari mu isanzure
SADC yateranyije inama y’igitaraganya muri Tanzania
Musanze: Muko amavomo yarangiritse bashoka Mukungwa
Iran yemeje ko Komanda w’ingabo zirwanira mu mazi yishwe
DJ Cuppy yagaragaje ko arambiwe kuba ingaragu
UEFA Champions League: Real Madrid na Arsenal zatangiye neza