Ministiri w’ububanyi n’amahanga w’Amerika Marco Rubio ari i Yerusalemu aho yagiranye ibiganiro na Ministiri w’intebe wa Isirayeli Benjamini Netanyahu yavuze ko Amerika ishyigikiye byimazeyo intambara ya Isirayeli muri Gaza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Marco Rubio Yavuze ko Umutwe wa Hamas Ugomba Kurandurwa
17 February 2025, by Joseph Iradukunda -
Umugore yafunzwe azira kugaburira umwana amazirantoki n’inkari
3 November 2024, by Joseph IradukundaPolisi yo mu gace ka Masaka muri Uganda yataye muri yombi umugore ukekwaho kwica urubozo umwana w’amezi 10, amugaburira amazirantoki n’inkari.
-
Umuherwe Elon Musk yatangiye gukurikiranwa kubera urwenya yateye kuri Perezida Biden
20 September 2024, by Joseph IradukundaUrwego Rushinzwe kurinda Abayobozi bakuru muri Amerika (Secret Service) rwatangaje ko hari gukorwa iperereza ku byo umuherwe Elon Musk yanditse ku rubuga rwe rwa X, yibaza impamvu nta muntu wari wagerageza kwivugana Perezida Biden cyangwa Visi Perezida we Kamala Harris, bikaba kuri Donald Trump gusa.
-
Minisitiri Kaboneka na Minisitiri Busingye basanze Gicumbi isinziriye
20 September 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubutegetsi bw’ igihugu Francis Kaboneka na Minisitiri y’ ubutabera akaba n’ intumwa nkuru ya Leta basuye akarere ka Gicumbi basanga ishoramari mu mugi wa Gicumbi risinziriye.
Ni mu nama yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Nzeli 2017 igamije gusuzumira hamwe amahirwe ari mu karere ashobora gukurura ishoramari bareba n’ibimaze gukorwa mu kuvugurura umujyi wa Gicumbi n’ishoramari muri rusange.
Iyi nama mpuzabikorwa ku iterambere ry’ akarere ka Gicumbi yitabiriwe n’ (…) -
Abana bo muri ‘Moriox kids’ bakoreye igitaramo muri Arménie
15 September 2025, by ISIMBI EstellaNyuma y’ukwezi kurenga bari bamaze muri Arménie, abana bo muri ‘Moriox kids’ mu ijoro ryo ku wa 14 Nzeri 2025, bahakoreye igitaramo cyitabiriwe ku rwego rwo hejuru.
-
Reba ibihugu bya Afurika biyoboye ibindi mu kubamo "kudeta" nyinshi
5 October 2022, by Dusingizimana RemyIhirikwa ry’ubutegetsi bikozwe n’igisirikare ryakunze kugaragara muri Afurika mu myaka mirongo nyuma y’ubwigenge kandi hari impungenge ko zitangiye kuba nyinshi.
Uyu mwaka hagaragaye guhirika ubutegetsi inshuro 2 muri Burkina Faso kimwe no muri Gineya Bissau habayemo kubigerageza.
Umwaka wa 2021, Afurika yabayemo umubare munini w’ihirikwa ry’ubutegetsi ugereranyije n’imyaka yashize.
Ubushakashatsi bwakozwe n’abashakashatsi babiri bo muri Amerika, Jonathan Powell na Clayton Thyne, (…) -
RDCongo: Abahitanywe n’umwuzure watewe n’imvura bamaze kuba 43
10 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma ya Congo, yatangaje ko umubare w’abamaze kumenyekana ko bishwe n’isuri n’umwuzure watewe n’imvura yaguye mu Mujyi wa Kinshasa, wavuye kuri 33, ugera kuri 43 nkuko itangazo ryashyizwe hanze ku munsi w’ejo na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu , Jacquemain Shabani Lukoo ribivuga.
-
Canada: Abantu 10 barasiwe ku ishuri, abandi 25 barakomereka
11 February, by ISIMBI EstellaPolisi yo muri Canada yatangaje ko abantu 10 barimo n’umwicanyi barasiwe ku kigo cy’ishuri mu Burengerazuba bw’igihugu abandi 25 barakomereka bikomeye.
-
Dubai wubatse inzu zikagwira abantu yari yarahuye na Perezida Kagame
5 April 2023, by Joseph IradukundaKu itariki ya 5 ukuboza 2015 nibwo Nsabimana Jean yahuye na Perezida Paulo Kagame, amubwira umushinga we yari yaratangiye wo kubaka amazu aciriritse kandi yorohereza abanyarwanda gutura neza badahenzwe.
-
U Buholandi: Abaminisitiri babiri beguye kubera Israel
24 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Buholandi, Caspar Veldkamp, yeguye ku mwanya we nyuma y’uko Guverinoma ihuriweho n’amashyaka menshi y’iki gihugu yanze gufatira ibihano Israel, kuko ikomeje kugaba ibitero muri Gaza.
Umuryango.rw
Marco Rubio Yavuze ko Umutwe wa Hamas Ugomba Kurandurwa
Umugore yafunzwe azira kugaburira umwana amazirantoki n’inkari
Umuherwe Elon Musk yatangiye gukurikiranwa kubera urwenya yateye kuri Perezida Biden
Abana bo muri ‘Moriox kids’ bakoreye igitaramo muri Arménie
Reba ibihugu bya Afurika biyoboye ibindi mu kubamo "kudeta" nyinshi
RDCongo: Abahitanywe n’umwuzure watewe n’imvura bamaze kuba 43
Canada: Abantu 10 barasiwe ku ishuri, abandi 25 barakomereka
Dubai wubatse inzu zikagwira abantu yari yarahuye na Perezida Kagame
U Buholandi: Abaminisitiri babiri beguye kubera Israel