Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko hateganyijwe ibiganiro bishya hagati ya Ukraine na Amerika bizabera muri Arabia Saoudite, ndetse ngo yiteze kuzabibonamo umusaruro mwiza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Zelensky yizeye umusaruro mu biganiro bishya bihuza Amerika na Ukraine
7 March 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
France Mpundu yabaye Umunyarwanda wa mbere winjiye muri ‘Secret Story’
7 October 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi France Mpundu uri kubarizwa muri Afurika y’Epfo yabaye Umunyarwanda wa mbere winjiye muri ‘Secret story’, ikiganiro gitambuka kuri Canal+ gisigira uwatsinze arenga miliyoni 20 z’ama CFA (miliyoni 50Frw).
-
Umuntu wa gatanu yashyizwemo impyiko z’ingurube
18 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmugore witwa Towana Looney w’imyaka 53 yabaye umuntu wa gatanu ku Isi ushyizwemo impyiko z’ingurube kuva mu 2022 ubwo ibyo bikorwa bishya mu buvuzi bugezweho byatangiraga muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
-
Perezida Kagame yagizwe umuyobozi w’umwaka muri Afurika
20 December 2018, by Martin MunezeroIkinyamakuru cyandikirwa ku mugabane wa Afurika ariko kikaba ari umutungo wa Euronews cyagize perezida Kagame umuyobozi w’Umwaka kubera ibikorwa bitandukanye yakoreye u Rwanda ndetse na Afurika.
-
M23 yongeye gufata akandi gace ihishura ikiratuma yemera guhagarika imirwano kuri uyu wa Kabiri
6 March 2023, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 wemeye ko witeguye kumvira Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron ugahagarika imirwano, ariko uvuga ko nugabwaho ibitero uzirwanaho.
Umuvugizi wa M23, Lawrence Kanyuka, yabwiye Al Jazeera ko ubwabo baheruka gusinya itangazo bemera guhagarika imirwano ku wa 1 Mata 2022, ndetse muri uyu mwaka bahaye Ingabo za EAC ibirindiro bya Kibumba na Rumangabo.
Ati "Twarabikoze muri Kibumba, twarabikoze muri Rumangabo, icyo ni ikimenyetso cy’uko twifuza amahoro. Ariko nta kintu na kimwe (…) -
Ikirunga cya Nyamulagira kiri kuruka
15 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo gishinzwe ubushakashatsi ku birebana n’ibirunga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (OVG), cyaraye gitangaje ko kuva ku Cyumweru gishize ikirunga cya Nyamulagira kiri kuruka.
-
Dr.Habineza Frank yemeje ko azongera kwiyamamariza kuyobora u Rwanda
7 February 2022, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije (DPGR), Dr Frank Habineza wiyamamaje mu matora y’Umukuru w’Igihugu aheruka akagira amajwi 0,48%, yemeje ko azongera akiyamamaza muri 2024.
Dr Frank Habineza uyobora Democratic Green Party of Rwanda, (DPGR) usanzwe ari Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, yari yiyamamaje mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye muri Kanama 2017.
Mu kiganiro yagiranye na YouTube Channel yitwa Prime Media Rwanda, Dr Frank Habineza (…) -
Netanyahu ashaka indi manda
19 October 2025, by ISIMBI EstellaBenjamin Netanyahu, ufite agahigo ko kuba ari we umaze igihe kinini ari Minisitiri w’Intebe wa Israel, yatangaje ko azongera kwiyamamaza mu matora y’abadepite ateganyijwe kuba mu Ugushyingo 2026.
-
KWIBUKA 31 : Umubyeyi umwe wa Stromae ’PAPA ’ wishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yari muntu ki.? Amateka ya RUTARE Pierre.
9 April 2025, by Gladiator OGUmuhanzi Stromae ari mu bantu bafite inkomoko mu Rwanda bafite amazina aremereye ku ruhando mpuzamahanga, uyu ni umuhanzi wakoze indirimbo nyinshi zabaye ikimenyabose ndetse wagiye yegukana ibihembo byinshi mu rugendo rwe nk’umuhanzi. Gusa iyo uganira ku mateka ye ntiwabura kuvuga ku ipaji iteye agahinda mu buzima bwe igaruka kuri papa we wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Ariko se mu busanzwe Papa wa Stromae yari muntu ki.? Muriyi nkuru munyemerere tugaruke ku mateka ya RUTARE (…)
-
Musanze: Polisi yafashe abagabo babiri bakoraga inzoga itemewe yitwa Nzogejo
9 October 2025, by ISIMBI EstellaMu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 09 Ukwakira 2025, Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yatangaje ko yataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho gukora no gucuruza inzoga zitemewe zizwi ku izina rya Nzogejo, ikanasenya uruganda rwabo rw’izo nzoga z’inkorano aho yafatiye litiro zisaga 1 300.
Umuryango.rw
Perezida Zelensky yizeye umusaruro mu biganiro bishya bihuza Amerika na Ukraine
France Mpundu yabaye Umunyarwanda wa mbere winjiye muri ‘Secret Story’
Umuntu wa gatanu yashyizwemo impyiko z’ingurube
M23 yongeye gufata akandi gace ihishura ikiratuma yemera guhagarika imirwano kuri uyu wa Kabiri
Ikirunga cya Nyamulagira kiri kuruka
Dr.Habineza Frank yemeje ko azongera kwiyamamariza kuyobora u Rwanda
Netanyahu ashaka indi manda
KWIBUKA 31 : Umubyeyi umwe wa Stromae ’PAPA ’ wishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yari muntu ki.? Amateka ya RUTARE Pierre.
Musanze: Polisi yafashe abagabo babiri bakoraga inzoga itemewe yitwa Nzogejo