Annie Knight, umukobwa w’imyaka 26 wo muri Australia yiyemeje guca agahigo ko kuryamana n’abagabo 600 muri uyu mwaka nyuma y’abagabo 480 amaze kuryamana mu mezi icumi ashize.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umukobwa yihaye agahigo ko kuryamana n’abagabo 600 mu mwaka umwe
7 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Diddy yajuririye igifungo aheruka guhabwa
25 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Sean “Diddy” Combs yajuririye igifungo cy’amezi 50 aherutse gukatirwa, asaba ko icyemezo cy’urukiko cyahindurwa urubanza rugasubirwamo bundi bushya agafungurwa cyangwa byibuze igihano kikagabanywa.
-
Abanduye Coronavirus mu Rwanda babaye 207…Habonetse 16 bashya
27 April 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu bipimo 1,214 bya Coronavirus byafashwe uyu munsi tariki ya 27 Mata 2020, abantu 16 aribo basanzwemo iyo virusi mu gihe hari umurwayi wayo umwe wakize.Ubu mu Rwanda harabarurwa abantu 207 bamaze kwandura barimo 93 bakize.Nta n’umwe urapfa.Abakirwaye ni 114.
-
Filipe Nyusi wayoboye Mozambique yasabye abaturage guhagarika imyigaragambyo
6 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuFilipe Nyusi usoje manda ze nka Perezida wa Mozambique, yasabye abari kwigaragambya mu mujyi wa Maputo bamagana ibyavuye mu matora, ko bakwiye kubihagarika.
-
Bayisenge Emery agiye gukinira Gasogi United-KNC
5 November 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles (KNC), yatangaje Emery Bayisenge watandukanye na Gor Mahia, kugeza ubu ari umukinnyi wayo mushya.
-
Jean Marie Le Pen utavugaga rumwe na buri butegetsi mu Bufaransa Yapfuye
7 January 2025, by Joseph IradukundaUmufaransa wari umunyapolitiki ukomeye mu batavuga rumwe na Leta akaba Se wa Marine Le Pen yapfuye afite imyaka 96.
-
USA: Minisitiri Blinken Ari mu Nama ya G7 mu Butaliyani yitezweho guhana Uburusiya
25 November 2024, by Joseph IradukundaKuri iki cyumweru, Ministiri w’ububanyi n’amahanga w’Amerika Anthony Blinken yageze mu Butaliyani aho yagiye mu nama y’abaministiri b’ububanyi n’amahanga bo mu bihugu byo mu muryango wa G7.
-
Shenseea azahurira ku rubyiniro na Wizkid i Los Angeles
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi w’Umunya-Jamiaca Shenseea ari ku rutonde rw’abahanzi bazafatanya na Wizkid mu gitaramo afite i Los Angeles mu kwezi gutaha, kikaba kimwe mu bitaramo bye bizenguruka Isi.
-
Somalia: Abasirikare bahamijwe icyaha cyo gukorana na Al shabaab bishwe
12 August 2025, by ISIMBI EstellaAbasirikare babiri bo muri Somalia bakatiwe urwo gupfa nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab, bakagira uruhare mu kwica umuyobozi wabo.
-
U Rwanda rwiteze inyungu mu Inama Nyafurika y’isoko ry’imari n’imigabane izaba kunshuro ya 28
5 August 2025, by Joseph IradukundaNi amahirwe yakomojweho kuri uyu wa 5 Kanama 2025, munama yahuje abafite Aho bahuriye n’isoko ry’imari n’imigabane muri Afurika yabereye I igali .
Umuryango.rw
Umukobwa yihaye agahigo ko kuryamana n’abagabo 600 mu mwaka umwe
Diddy yajuririye igifungo aheruka guhabwa
Abanduye Coronavirus mu Rwanda babaye 207…Habonetse 16 bashya
Filipe Nyusi wayoboye Mozambique yasabye abaturage guhagarika imyigaragambyo
Bayisenge Emery agiye gukinira Gasogi United-KNC
Jean Marie Le Pen utavugaga rumwe na buri butegetsi mu Bufaransa Yapfuye
USA: Minisitiri Blinken Ari mu Nama ya G7 mu Butaliyani yitezweho guhana Uburusiya
Shenseea azahurira ku rubyiniro na Wizkid i Los Angeles
Somalia: Abasirikare bahamijwe icyaha cyo gukorana na Al shabaab bishwe
U Rwanda rwiteze inyungu mu Inama Nyafurika y’isoko ry’imari n’imigabane izaba kunshuro ya 28