Mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, abarimu bakora ku bigo bya leta bavuga ko batazigera basubira kwigisha igihe cyose leta itabongereye umushahara. Aba bavuga ko badateze kuva kw’izima nimba guverinoma idasubije ubusabe bwabo
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abanyeshuri Mu Burasirazuba Bwa Kongo Bamaze Ukwezi Batiga
1 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Somalia: Abantu barindwi baguye mu gitero cy’ubwiyahuzi
18 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Somalia, abantu barindwi (7), bapfuye bazize igisasu cyaturikijwe n’umwiyahuzi muri ‘Café’ iherereye mu Murwa mukuru wa Somalia, Mogadishu.
-
Kanyuka yamaganye HRW yamuhinduriye imvugo igamije ibinyoma bya RDC
17 March 2025, by Joseph IradukundaUmuvugizi wa AFC/M23 Lawrence Kanyuka yamaganye ubuyobozi bw’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Right Watch, bwakoresheje izina rye bukamuhimbira amatangazo atakoze bugamije gukwirakwiza ibinyoma bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
The Ben na Uwicyeza Pamella bibarutse imfura
19 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuThe Ben na Uwicyeza Pamella bibarutse imfura yabo, yavukiye mu Mujyi wa Bruxelles mu ijoro ryo ku wa 18 Werurwe 2025.
-
Rayon Sports yakiriye umukinnyi mushya w’Umunya-Mali
6 February 2025, by Joseph IradukundaRayon Sports yakiriye umukinnyi mushya w’Umunya- Mali Souleymane Daffé, ukina mu kibuga yugarira akaba yakiniraga Salitas FC yo muri Burkina Faso.
-
Gen Muhoozi yateguje ibitero ku bacanshuro b’abazungu bari muri RDC
17 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko guhera mu kwezi gutaha kwa Mutarama ingabo ayoboye zizatangira kugaba ibitero ku bacanshuro b’abazungu bari mu duce two mu burasirazuba bwa RDC zikoreramo ibikorwa.
-
Trump arateganya gusoresha filimi
5 May 2025, by ISIMBI EstellaTrump yatangaje ko agiye gushyiraho umusoro ungana na 100% kuri filimi zitari izo muri Amerika, avuga ko ugamije guteza imbere izikorerwa mu gihugu cye.
-
Imibare iragaragaza ko Ibitero bya Israel bimaze guhitana abasaga 3,000 muri Liban
11 November 2024, by Joseph IradukundaKuva Israel yatangira kugaba ibitero mu gihugu cya Liban, abantu basaga ibihumbi 3,130 bamaze guhitanwa na byo, abandi barakomereka.
-
Ariel Wayz yasinye muri Universal Music Group
12 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi Ariel Wayz yamaze kwinjira mu bahanzi bakorana na sosiyete mpuzamahanga “Universal Music Group”isanzwe izwiho gufasha abahanzi bakomeye ku Isi.
-
Prof.Sam Rugege yasimbujwe ku buyobozi bw’urukiko rw’ikirenga
4 December 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu tariki 4 Ukuboza 2019, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yagize Dr Faustin Nteziryayo Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga asimbuye Prof Sam Rugege wari umaze imyaka umunani aruyobora.
Umuryango.rw
Abanyeshuri Mu Burasirazuba Bwa Kongo Bamaze Ukwezi Batiga
Somalia: Abantu barindwi baguye mu gitero cy’ubwiyahuzi
Kanyuka yamaganye HRW yamuhinduriye imvugo igamije ibinyoma bya RDC
The Ben na Uwicyeza Pamella bibarutse imfura
Rayon Sports yakiriye umukinnyi mushya w’Umunya-Mali
Gen Muhoozi yateguje ibitero ku bacanshuro b’abazungu bari muri RDC
Trump arateganya gusoresha filimi
Imibare iragaragaza ko Ibitero bya Israel bimaze guhitana abasaga 3,000 muri Liban
Ariel Wayz yasinye muri Universal Music Group