Guhera kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Mata 2025, mu mashuri atandukanye mu Gihugu haratangira Isuzumabumenyi Mpuzamahanga rigenewe abanyeshuri biga mu yisumbuye (PISA) rizamara igihe kirenga ukwezi n’ibyumweru bibiri.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda mu bihugu 91 byitabiriye isuzumabumenyi mpuzamahanga
28 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Abanyarwanda 2 mu banyafurika bakiri bato bahesheje ishema umugabane wa Afurika mu mwaka wa 2019
2 October 2019, by Martin MunezeroAbanyarwanda babiri, Jean de Dieu Uwihanganye wamamaye mu itangazamakuru rya hano mu Rwanda nka MC Henri Jado na Usher Komugisha, bari ku rutonde rw’Abanyafurika bakiri bato bahesheje ishema umugabane muri uyu mwaka wa 2019, ‘100 Most Influential Young Africans.’
-
Amerika: Imyigaragambyo yahinduye isura nyuma y’uko umwe mu bigaragambyaga yishwe arashwe
26 January, by ISIMBI EstellaImyigaragambyo mu Mujyi wa Minneapolis muri Leta ya Minnesota muri Amerika yakajije umurego nyuma y’uko uwitwa Alex Pretti w’imyaka 37 yishwe arashwe n’Urwego rw’umutekano rushinzwe abimukira (ICE) ubwo we n’abandi bari mu myigaragambyo y’undi muntu uherutse kwicwa n’uru rwego.
-
Hon.Bamporiki yasubije abavuga ko Urugamba rwo kubohora u Rwanda atari ubutwari
23 January 2022, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Umuco,Hon.Bamporiki Edouard yatangaje ko kuba Inkotanyi zarabohoye u Rwanda ari ubutwari bukomeye kuko zanze ubuhunzi no kuba kure y’igihugu cyabo ndetse zikanatabara abari bari mu gihugu bayeho nabi kubera ubutegetsi bubi
-
Perezida Xi Jinping w’u Bushinwa yibukije Amerika kwitondera guha intwaro Taiwan
5 February, by ISIMBI EstellaPerezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yavuze ko Taiwan ari ikibazo cy’ingenzi cyane ku mubano w’u Bushinwa na Amerika, bityo ko Amerika igomba kwitondera kugurisha intwaro kuri iki kirwa.
-
Israel Mbonyi yateguje igitaramo Amb. Nduhungirehe amugira inama
28 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyicyambu uzwi nka Israel Mbonyi yateguje abakunzi igitaramo ngarukamwaka, yise ‘Icyambu’ kigiye kuba ku nshuro yacyo ya gatatu.
-
Abanya-Ethiopia binjiye mu mwaka wa 2018, Kuki Indangaminsi yabo yihariye?
11 September 2025, by ISIMBI EstellaKuri uyu wa Kane tariki 11 Nzeri 2025, Abanya-Ethiopia bari mu byishimo byo gutangira umwaka mushya wa 2018.
-
Guverinoma y’u Bwongereza yasabwe gusubizaho gahunda yayo n’u Rwanda ku bimukira
12 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuChris Philp ushinzwe gukurikirana ibirebana n’umutekano w’imbere mu Bwongereza mu ishyaka ry’Aba-Conservateurs yasabye Guverinoma y’iki gihugu iyobowe n’ishyaka ry’abakozi gusubizaho gahunda yo kohereza mu Rwanda abimukira batemewe n’amategeko.
-
Kamonyi:Imodoka yagonze moto abantu babiri bahasiga ubuzima
8 June 2019, by Dusingizimana RemyImodoka yo mu bwoko bwa Fuso yavaga i Muhanga yerekeza I Kigali kuwa 07 Kamena 2019, yaraye ikoze impanuka ubwo yaburaga feri imanuka yihuta cyane mu muhanda wa kaburimbo wo munsi y’ibiro by’Akarere ka Kamonyi igonga moto yariho abantu 2 bahasiga ubuzima abandi 3 barakomereka.
-
Reba uburyo umuriro watse hagata y’abakunzi batari bake b’irushanwa rya Miss Rwanda batishimiye abakobwa 2 baraye bambitswe ikamba[AMAFOTO]
25 January 2019, by Martin MunezeroMu ijoro ryakeye abakobwa 3 bari muri Bootcamp baraye bambwitswe amakamba atandukanye ariyo Miss Heritage, Miss Photogenic ndetse na Miss Congeneality, gusa nyuma yitorwa ry’abakobwa ubu ikiri kuvugwa ni amanyanga akomeye ari gukorerwa muri Boot Camp.
Umuryango.rw
U Rwanda mu bihugu 91 byitabiriye isuzumabumenyi mpuzamahanga
Amerika: Imyigaragambyo yahinduye isura nyuma y’uko umwe mu bigaragambyaga yishwe arashwe
Hon.Bamporiki yasubije abavuga ko Urugamba rwo kubohora u Rwanda atari ubutwari
Perezida Xi Jinping w’u Bushinwa yibukije Amerika kwitondera guha intwaro Taiwan
Israel Mbonyi yateguje igitaramo Amb. Nduhungirehe amugira inama
Abanya-Ethiopia binjiye mu mwaka wa 2018, Kuki Indangaminsi yabo yihariye?
Guverinoma y’u Bwongereza yasabwe gusubizaho gahunda yayo n’u Rwanda ku bimukira