Umwana witwa Mugisha Happy w’imyaka 9 wigaga ku kigo cy’amashuri abanza cy’Intwari giherereye mu murenge wa Rwezamenyo mu karere ka Nyarugenge,yatwawe na ruhurura ubwo yari kumwe na mugenzi we bavuye ku ishuri none kugeza ubu yaburiwe irengero.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyarugenge:Umwana w’imyaka 9 yaburiwe irengero nyuma yo gutwarwa na ruhurura avuye ku ishuri
12 March 2020, by Dusingizimana Remy -
Amerika yatangiye gucyura Abanyamerika nyuma yiraswa rya ambasade i Riyadh
3 March, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa Kabiri, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yimuye abakozi badakenewe cyane n’imiryango yabo iri mu bihugu bitandatu harimo na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE). Ni nyuma y’uko Iran irashe kuri Ambasade ya Amerika i Riyadh.
-
Iyo hataba RDF, Bangui iba yarafashwe: Brig Gen Rwivanga
6 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko iyo hatabaho umusada wa RDF kuri ubu imitwe y’inyeshyamba ishyigikiye François Bozizé wahoze ari Perezida wa Repubulika ya Centrafrique yakabaye yarisubije ubutegetsi bw’iki gihugu.
-
Mozambique: Impungenge ni zose nyuma yo gutaha kwa Mondlane wemeza ko ari we watsinze amatora
9 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kane, umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Mozambique, Venancio Mondlane, yagarutse mu gihugu avuye mu buhungiro, aho abantu ibihumbi bateraniye ku Kibuga cy’indege cya Maputo bagiye kumwakira.
-
Sean Dyche yagizwe Umutoza Mukuru wa Nottingham Forest
21 October 2025, by ISIMBI EstellaIkipe ya Nottingham Forest yemeje Sean Dyche nk’Umutoza Mukuru, aho yamuhaye amasezerano azageza mu mpeshyi ya 2027, asimbuye Ange Postecoglou.
-
Perezida wa Rayon Sports yahakanye ibyo gusinyisha Apam Assongwe wa APR FC
3 January 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée yavuze ko nta gahunda ihari yo kuba ubuyoboza bwasinyisha rutahizamu wa APR FC, Apam Assongwe Bemol, ko ababivuga ari ibihuha.
-
RDC iraca amarenga ashyira kutazubahiriza amasezerano y’amahoro yasinye
9 July 2025, by Joseph IradukundaNubwo u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) byashyize umukono ku masezerano y’amahoro, hagamijwe gushakira umuti w’ikibazo cy’umutekano muke umaze igihe mu Burasirazuba bwa RDC, ariko RDC yatangiye guca amarenga y’uko kuyubahiriza bizagorana.
-
Umukino wa APR FC na Bugesera FC wakerewe iminota 72 kubera kubura abasifuzi
10 August 2025, by ISIMBI EstellaUmukino wa gicuti wahuje Bugesera FC na APR FC kuri iki Cyumweru, kuri Stade ya Bugesera, wakerewe iminota 72 kubera gutinda kugera ku kibuga kw’abasifuzi.
-
Polisi yataye muri yombi ’umusekirite’ wahohoteye umufana ku kibuga
12 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’Igihugu yatangaje ko yataye muri yombi umwe mu bari bashinzwe umutekano wo kibuga bazwi nka ‘stewads’, wateze umufana wambukiranyaga ikibuga akikubita hasi mu buryo bwateye benshi kwikanga.
-
Umuhungu wa Perezida Kagame ari mu Bofisiye barahirira kwinjira muri RDF
4 November 2022, by Dusingizimana RemyUmuhungu wa Perezida Kagame, Ian Kagame, ari mu basore n’inkumi barinjizwa mu ngabo z’u Rwanda nk’aba Ofisiye uyu munsi.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Ugushyingo 2022 nibwo nibwo aba Ofisiye bashya barahirira kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) nyuma yo gusoza amasomo n’imyitozo bya gisirikare bari bamaze igihe bakorera mu kigo cya gisirikare cya Gako mu Karere ka Bugesera.
Nkuko amafoto yashyizwe hanze abigaragaza,Umuhungu wa Perezida Kagame Ian Kagame ari mu barahira uyu munsi. (…)
Umuryango.rw
Nyarugenge:Umwana w’imyaka 9 yaburiwe irengero nyuma yo gutwarwa na ruhurura avuye ku ishuri
Iyo hataba RDF, Bangui iba yarafashwe: Brig Gen Rwivanga
Mozambique: Impungenge ni zose nyuma yo gutaha kwa Mondlane wemeza ko ari we watsinze amatora
Sean Dyche yagizwe Umutoza Mukuru wa Nottingham Forest
Perezida wa Rayon Sports yahakanye ibyo gusinyisha Apam Assongwe wa APR FC
RDC iraca amarenga ashyira kutazubahiriza amasezerano y’amahoro yasinye
Umukino wa APR FC na Bugesera FC wakerewe iminota 72 kubera kubura abasifuzi
Polisi yataye muri yombi ’umusekirite’ wahohoteye umufana ku kibuga
Umuhungu wa Perezida Kagame ari mu Bofisiye barahirira kwinjira muri RDF