Igisirikare cya Israel cyatangaje ko cyamaze kohereza indege ebyiri za gisirikare zo gucyura abenigihugu babo basagariwe mu mujyi wa Amsterdam, ubwo bari bagiye gukurikirana umukino wa Europa League hagati ya Ajax na Maccabi Tel Aviv.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Israel yohereje indege zo gutabara abafana babo basagariwe mu Buholandi
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Mu Buhinde abantu 10 bahiriye mu bitaro mu cyumba cy’indembe
16 March, by Angeline MUKANGENZIAbantu 10 bari barwariye mu ndembe bahiriye mu muriro wafashe mu kigo cyita ku bagize ihungabana, mu bitaro bya leta mu ntara ya Odisha mu Buhinde.
-
U Burusiya yashinje Ukraine kwica umunyamakuru ku bushake
5 January 2025, by Joseph IradukundaLeta y’u Burusiya yashinje Ukraine kwica umunyamakuru w’ikinyamakuru Izvestia gikorera mu Burusiya, aho giherutse gutangaza ko umunyamakuru wabo yiciwe mu gitero cy’indege zitagira abapilote ‘drones’.
-
La Corniche: Hari kubera ibiganiro bihuza u Rwanda, DRC na Angola
5 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKu mupaka munini uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, DRC, uzwi nka La Corniche, hagiye kubera ibiganiro bihuje intumwa z’u Rwanda, DRC n’iza Angola nk’umuhuza w’ibi bihuguku rwego rw’abaminisitiri.
-
Abaturage 15.000 b’i Gatsibo bagiye kwegerezwa amazi meza
12 February, by ISIMBI EstellaAmbasade y’u Buyapani mu Rwanda yatanze inkunga ya 138.706 Frw (asaga miliyoni 202.962 Frw) yo kugeza amazi meza ku batuye mu Kagari ka Gakenke mu Murenge wa Kiramuruzi mu Karere ka Gatsibo.
-
Abanyarwanda bafite ubugufi budasanzwe bakoze ubukwe butangaje [AMAFOTO]
30 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmusore witwa Jean de Dieu na Nibagwire Veneranda bombi bafite ubugufi budasanzwe bakoze ubukwe butangaje aho n’ ababaherekeje ba bugufi ya bose bafite ubugufi budasanzwe.
-
Itangazo: BAMBUJIJUMUGISHA Theoneste yasabye guhindura amazina akitwa MUGISHA Theoneste
17 December 2024, by UbwanditsiUwitwa BAMBUJIJUMUGISHA Theoneste yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MUGISHA Theoneste mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina mukaba muzisanga hano hasi mu itangazo: -
Vincent Mfura ukekwaho uruhare muri Jenoside yafatiwe muri Amerika
15 June 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Abinjira n’Abasohoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwataye muri yombi undi Munyarwanda ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Nzigiyimfura Vincent wamenyakanye nka ‘Vincent Mfura’.
-
Startimes izerekana Europa League itoroheye Tottenham ya Jose Mourinho
1 December 2020, by Dusingizimana RemyAbakunzi b’ifatabuguzi rya Startimes bahishiwe imikino ibanziriza iya nyuma mu matsinda ya UEFA Europa League aho Jose Mourinho na Tottenham ye basabwa gutsinda bakagera mu mikino ya 1/32 cy’iri rushanwa.
-
Abagabo babiri bafashwe batwaye urumogi barwita imibavu ihumura
10 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbagabo babiri bafatiwe mu mujyi wa Kigali bafite igikapu kirimo urumogi bakekwaho kurukura mu Karere ka Gakenke mu Ntara y’Amajyaruguru, bari barushyize mu gikapu ubundi barenzaho imibavu ‘Perfume’ kugira ngo rutanukira abantu.
Aba bagabo bafashwe bombi bari hagati y’imyaka 20-30 dore ko umukuru afite imyaka 29, undi akaba afite 22, mu mayeri bakoreshaga harimo kuba bashyiraga iki kiyobyabwenge mu gikapu bakarenzaho imibavu ihumura ndetse bakagenda mu mudoka zitwara abantu mu buryo bwa (…)
Umuryango.rw
Israel yohereje indege zo gutabara abafana babo basagariwe mu Buholandi
U Burusiya yashinje Ukraine kwica umunyamakuru ku bushake
La Corniche: Hari kubera ibiganiro bihuza u Rwanda, DRC na Angola
Vincent Mfura ukekwaho uruhare muri Jenoside yafatiwe muri Amerika
Abagabo babiri bafashwe batwaye urumogi barwita imibavu ihumura