Rutahizamu wa Real Madrid n’Ikipe y’Igihugu ya Brésil, Vinícius Júnior, yamaze kugira ikipe ye mu mupira w’amaguru abinyujije mu kugura imigabane muri F.C. Alverca yo muri Portugal.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Vinícius Júnior yaguze ikipe muri Portugal
18 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran yaburiye abakomeje guteza imvururu zimaze guhitana abantu 10
4 January, by ISIMBI EstellaUmuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yahaye ishingiro abaturage bigaragambiriza ibibazo by’ubukungu, ariko anihanangiriza abateza imvururu, agaragaza ko bakwiriye gushyirwa ahabakwiriye.
-
Abakinnyi ba AS Kigali bibutswe nyuma yo kumara igihe bategereje umushahara
27 August 2024, by Joseph IradukundaAbakinnyi b’amakipe ya AS Kigali na AS Kigali Women Football Club, bahawe amafaranga agabanya umwenda bafitiwe.
-
DRC na M23 bemeranyije guhagarika imirwano hagamijwe ’kurangiza intambara’
24 April 2025, by Joseph IradukundaLeta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’umutwe w’inyeshyamba uyirwanya wa M23 bemeranyije kuba bahagaritse imirwano, "nyuma y’ibiganiro byo kubwizanya ukuri kandi byubaka" bagiranye i Doha ku buhuza bwa Qatar.
-
U Burusiya bwagabye igitero cya drones 610 kuri Ukraine
20 September 2025, by ISIMBI EstellaIgisirikare cya Ukraine kirwanira mu kirere cyatangaje ko u Burusiya bwagabye ibitero bya drones 619. Ni ibitero Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko byahitanye abantu batatu bikomeretsa abandi 30.
-
Kirehe: Mu ngo akarere kahize ko kazaha amashanyarazi 8% nizo zayabonye
15 March, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Akarere ka Kirehe bwatangaje ko ingo 8.000 zashyizwe mu mihigo nk’izizahabwa amashanyarazi muri uyu mwaka, izigera kuri 659 arizo zimaze kuyahabwa zingana 8%, bukagaragaza ko hakwiriye kongerwa imbaraga mu kwihutisha iki gikorwa.
-
U Burusiya: Ikiraro cyagwiriye gari ya moshi, barindwi barapfa
1 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu Burusiya ikiraro cyasenyutse kigwira gari ya moshi yari itwaye abagenzi, abagera kuri barindwi barapfa abandi barenga 30 barakomereka
-
Nyamasheke: Ikamyo yavanaga amakara muri Tanzania yaguye ihitana umushoferi
7 January, by ISHIMWE Jean de DieuIkamyo ifite pulake RL 4626 yari itwaye amakara yifashishwa mu gukora sima yari iyavanye muri Tanzania iyajyanye mu ruganda rwa Sima Nyarwanda (CIMERWA) ruherereye mu Karere ka Rusizi, yakoze impanuka igeze mu Mudugudu wa Ruvumbu, Akagari ka Buvungira, Umurenge wa Bushekeri, Akarere ka Nyamasheke, umushoferi wari uyitwaye ayipfiramo.
-
Kenya: Gachagua wahoze ari Visi Perezida arashaka gusubiza Perezida Ruto imbere ya ICC
14 January 2025, by Joseph IradukundaRigathi Gachagua uherutse kweguzwa ku mwanya wa Visi Perezida wa Kenya yaburiye Perezida Dr. William Ruto, amubwira ko imyitwarire ye ishobora kumusubiza mu Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC).
-
Ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda zahuriye mu nama ku mutekano
19 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbayobozi mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) n’abo mu za Uganda (UPDF) bahuriye mu nama y’iminsi itatu mu Karere ka Nyagatare, igamije kwiga ku ishusho y’umutekano, gushaka ibisubizo by’ibibazo by’abaturiye imipaka no gukaza umutekano ku mupaka w’ibihugu byombi.
Umuryango.rw
Vinícius Júnior yaguze ikipe muri Portugal
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran yaburiye abakomeje guteza imvururu zimaze guhitana abantu 10
Abakinnyi ba AS Kigali bibutswe nyuma yo kumara igihe bategereje umushahara
DRC na M23 bemeranyije guhagarika imirwano hagamijwe ’kurangiza intambara’
U Burusiya bwagabye igitero cya drones 610 kuri Ukraine
Kirehe: Mu ngo akarere kahize ko kazaha amashanyarazi 8% nizo zayabonye
U Burusiya: Ikiraro cyagwiriye gari ya moshi, barindwi barapfa
Nyamasheke: Ikamyo yavanaga amakara muri Tanzania yaguye ihitana umushoferi
Kenya: Gachagua wahoze ari Visi Perezida arashaka gusubiza Perezida Ruto imbere ya ICC
Ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda zahuriye mu nama ku mutekano