Abantu batatu bakomoka mu muryango utuye mu mujyi wa Goma wo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu mpera z’icyumweru gishize bishwe barashwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Goma: Abantu 3 bo mu muryango umwe bishwe barashwe
5 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Nigeria yiyongereye mu bihugu byifuza kwakira Formula One
26 July 2025, by Joseph IradukundaNigeria yinjiye mu bihugu birimo u Rwanda byasabye ubuyobozi bwa Formula One ko byifuza kongera kwakira Grand Prix y’iri siganwa nyuma y’imyaka 32 ritabera muri Afurika.
-
Lugumi ucuditse na Miss Jolly agiye kugirira uruzinduko i Kigali
21 July 2025, by ISIMBI EstellaUmunyemari w’umunya-Tanzania, Saidi Lugumi, umaze igihe avugwaho umubano udasanzwe na Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2016, yatangaje ko ari mu myiteguro yo kuza i Kigali, asiga ku mbuga nkoranyambaga ubutumwa bwazamuye amarangamutima y’abamukurikirana.
-
Perezida Kagame yasuye Umunyamabanga w’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa Louise Mushikiwabo[AMAFOTO]
18 May 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame uri i Paris aho yitabiriye imishinga n’ibiganiro bigaruka ku ikoranabuhanga, VivaTech, yasuye Umunyamabanga w’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa, Louise Mushikiwabo, mu biro bye.
-
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#40; Urugendo rwa Politike rwa Amb. MUTSINDASHYAKA Theoneste wahimbwe n’abakene Mutsindamazu
8 September 2021, by Dusingizimana RemyIkiganiro IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#40 kiragaruka ku rugendo rwa Politiki rwa Amb. MUTSINDASHAKA Theoneste! Uko Habyarimana yamufunze mu byitso, uko yageze mu Nkotanyi, uko yayoboje Umujyi wa Kigali inkoni y’icyuma abakene bakamuhimba Mutsindamazu.
Imanza za ba La Comette na Mirimo! Imanza no gufungwa ashinjwa kwigwizaho imitungo no kunyereza ibya rubanda! Ibyiza n’ibitaravuzweho rumwe ku Ngoma ze aho yayoboye hose.Muze tubane muri iki kiganiro.
Ambasaderi Mutsindashyaka yavutse ku itariki (…) -
Ntagikozwe indege yagenewe gutwara Perezida Nkurunziza yakomeza kwangizwa n’ umugese
15 November 2017, by Nsanzimana ErnestIndege yagenewe gutwara Perezida w’ u Burundi igiye kumara umwaka iparitse ku kibuga cy’ indege mpuzamahanga cya Bujumbura.
Hari ubwoba ko nta gikozwe iyi ndege yakomeza kwangizwa n’ umugese, dore ko magingo aya hari icyuma cyayo cyamaze kwangirika.
Tariki 14 Ukuboza 2016 nibwo iyi ndege Gulf Steam GIV-1151 yaguzwe.
Nk’ uko UMURYANGO ubikesha ikinyamakuru The Tribune kuva Gulf Steam GIV-1151 yagurwa nta narimwe irakora urugendo kandi ubwo niko bisaba abatekinisiye bo kuyitaho ari nako (…) -
Perezida Museveni yemeje itegeko rigiye gutuma abahanzi bo muri Uganda bazajya barya ihene imwe indi iziritse
4 March 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Uganda, Yoweri Museveni yemeje ishyirwaho ry’uburyo bushya bwo gucunga uburenganzira ku bihangano by’abahanzi ibizwi cyane nka (Copyright Management System) iri tegeko Perezida Museveni yarishyizeho hagamijwe kurinda abahanzi ndetse no gutuma binjiza amafaranga abiturutseho. Iri koranabuhanga rizafasha kumenya ahantu indirimbo yakinwe n’umubare w’igihe yacuranzwe. Ni icyemezo cyafatiwe mu nama yabereye i Rwakitura aho yari yahuje Perezida Museveni n’abahanzi bakomeye muri (…)
-
Adeline Rwigara ngo abantu 4 si rubanda ahubwo byari ukuganyira inshuti
7 November 2018, by Nsanzimana ErnestDiane Rwigara na nyina Adeline Rwigara bitabye urukuko ngo bakomeze kuburanishwa nyuma y’ uko barekuwe by’ agateganyo. Saa mbili za mu gitondo bari bageze mu cyumba cy’ iburanisha aho basanze abantu benshi baje gukurikirana uru rubanza.
-
Natwe twashoye imyaka 10 tutarunguka! Manager wa Diamond yakebuye Coach Gael ushaka kuva mu muziki
30 April 2025, by ISIMBI EstellaNyuma y’iminsi micye Coach Gael avuze ko yajugunye amafaranga menshi none agiye kwiyitaho, Manager wa Diamond yavuze ko atagakwiye kwivumbura ahubwo akiga umushinga neza kuko nabo bashoye imyaka irenga 10 nta nyungu bari babona.
-
Pakistan yatangaje ko yishe abasirikare b’u Buhinde 50
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPakistan yatangaje ko imaze kwica abasirikare b’u Buhinde nyuma y‘ibitero bwagabye ku wa 7 Gicurasi 2025, ku bikorwaremezo byifashishwa mu bitero by’iterabwoba muri Pakistan no mu gice igenzura mu Ntara ya Kashmir.
Umuryango.rw
Goma: Abantu 3 bo mu muryango umwe bishwe barashwe
Nigeria yiyongereye mu bihugu byifuza kwakira Formula One
Lugumi ucuditse na Miss Jolly agiye kugirira uruzinduko i Kigali
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#40; Urugendo rwa Politike rwa Amb. MUTSINDASHYAKA Theoneste wahimbwe n’abakene Mutsindamazu
Perezida Museveni yemeje itegeko rigiye gutuma abahanzi bo muri Uganda bazajya barya ihene imwe indi iziritse
Natwe twashoye imyaka 10 tutarunguka! Manager wa Diamond yakebuye Coach Gael ushaka kuva mu muziki
Pakistan yatangaje ko yishe abasirikare b’u Buhinde 50