Umutwe witwaje intwaro wa UPC na 3Rs yari igihangana n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Centrafrique, yemeye kurambika intwaro nyuma y’ibiganiro byabereye muri Tchad.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Inyeshyamba zo muri Centrafrique zemeye kurambika intwaro
25 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Leta ya RDC yahagaritse amashyaka 12 atavuga rumwe na yo
1 November 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jacquemain Shabani Lukoo, ku wa 31 Ukwakira 2025 yahagaritse amashyaka 12 atavuga rumwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu.
-
Perezida Kagame yahishuye ko intandaro y’ibibazo biri hagati y’umubano w’u Rwanda na Uganda bituruka muri Afurika y’Epfo
18 February 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko ibibazo biri mu mubano w’u Rwanda na Uganda bituruka muri Afurika y’Epfo aho abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda bakorera .
-
Perezida Kagame yasabye abacamanza kudasumbanya abantu imbere y’amategeko no kutavugirwamo
18 April 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika yasabye Abacamanza ndetse n’abayobozi ba gisirikare gufatatana uburemere indahiro barahiriye imbere ye ndetse no kunoza inshingano zabo hagendewe ku cyerekezo igihugu kiri kujyamo.
-
Nyuma y’u Rwanda hari ikindi Gihugu cyemeje ko cyakiriye abimukira birukanywe muri America
11 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Ghana, John Dramani Mahama yemeje ko iki Gihugu cyakiriye abantu 14 birukanywe na Leta Zunze Ubumwe za America, nyuma yuko Guverinoma y’u Rwanda na yo yemeje ko yakiriye barindwi.
-
U Bubiligi, u Burundi, na Congo biri gutegura ibitero simusiga ku birindiro bya M23
27 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuva Umujyi wa Goma, munini mu burasirazuba bwa DRC, wafatwa ku itariki ya 27 Mutarama, abayobozi bo mu Muryango w’Iterambere rya Afurika y’Amajyepfo (SADC) n’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bakoranye umwete kugira ngo babone igisubizo cy’amahoro kuri iki kibazo. Icyakora ku rundi ruhande, ngo u Bubiligi, u Burundi, na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, byongereye ingufu mu bufatanye bwabo bwa gisirikare, bitegura ibitero simusiga ku nyeshyamba za AFC / M23.
-
KENYA : Pasiteri yakomerekeje abagore babiri arimo kubakuramo amadayimoni.
25 February 2025, by ISIMBI EstellaMu gihugu cya Kenya, abagore babiri, uwitwa Mercy Rono w’imyaka 38 y’amavuko na Mercy Cherotich w’imyaka 30, bakubiswe na Pasiteri wo mu rusengero basengeramo arabakomeretsa cyane, agamije kubakuramo imyuka mibi y’abadayimoni yavugaga ko bafite.
Mu gihe abo bagore bari bamaze kumva ko barembejwe n’izo nkoni za Pasiteri, ngo barasohotse bava mu rusengero rwa Betheli ruherereye ahitwa Kapkwen-Bomet, bariruka barahunga, ndetse bahita bajya gutabaza polisi, ihita iza gufata Pasiteri n’abandi (…) -
Minisitiri Prévot yagaragaje ko nta kibi u Bubiligi bwakoze mu bihe by’ubukoloni ku buryo bwacyicuza.
28 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prévot, yitarukije iby’ubukoloni mu mubano w’igihugu cye n’u Rwanda wazambye muri iki gihe.
-
M23 yafashe ikibuga cy’Indege cya Goma bidasubirwaho
28 January 2025, by Joseph IradukundaUmuvugizi w’umutwe wa M23 mu rwego rwa gisirikare, Maj. Willy Ngoma, yatangaje ko bidasubirwaho bari kugenzura Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Goma cyose.
-
Aterian PLC ikora mu by’amabuye y’agaciro mu Rwanda yabonye ishoramari rya miliyoni 4,5$
29 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo Aterian PLC cy’Abongereza cyatangaje ko cyabonye miliyoni 4,5$ yo gushora mu bikorwa by’ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro.
Umuryango.rw
Inyeshyamba zo muri Centrafrique zemeye kurambika intwaro
Leta ya RDC yahagaritse amashyaka 12 atavuga rumwe na yo
Nyuma y’u Rwanda hari ikindi Gihugu cyemeje ko cyakiriye abimukira birukanywe muri America
U Bubiligi, u Burundi, na Congo biri gutegura ibitero simusiga ku birindiro bya M23
KENYA : Pasiteri yakomerekeje abagore babiri arimo kubakuramo amadayimoni.
Minisitiri Prévot yagaragaje ko nta kibi u Bubiligi bwakoze mu bihe by’ubukoloni ku buryo bwacyicuza.
M23 yafashe ikibuga cy’Indege cya Goma bidasubirwaho
Aterian PLC ikora mu by’amabuye y’agaciro mu Rwanda yabonye ishoramari rya miliyoni 4,5$