Batatu bakoraga mu kabari kazwi ko mu Karere ka Musanze, bafunzwe bakekwaho gukubita umusaza w’imyaka 67 agapfa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Musanze: Batatu bafunzwe bakekwaho gukubitira umusaza mu kabari agapfa
6 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Sobanukirwa iby’ubutaka buri mu mujyi wa Kigali butabyazwa umusaruro bugiye gushyirwa mu bubiko bw’ubutaka
15 November 2019, by Martin MunezeroKu wa mbere tariki 11 Ugushyingo 2019 nibwo umujyi wa Kigali watangaje ko ugiye gufatira ibibanza yaba ibya leta n’iby’abantu ku giti cyabo bitabyazwa umusaruro n’inyubako zadindiye none zikaba zarahindutse indiri y’ibisambo n’abajura.
-
Handball: APR HC yahize kwitwara neza muri ‘ECAHF Senior Club Championship’
26 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbatoza n’abakinnyi ba APR HC bakoze umwiherero wo kwisuzuma no kurebera hamwe intego z’umwaka w’imikino wa 2024/25, bemeza ko bagomba kwitwara neza mu irushanwa rya ‘ECAHF Senior Club Championship’ rizabera mu Rwanda.
-
Huye: Barasaba gusanirwa iteme ryangijwe n’imvura kigahuhurwa n’imodoka
8 February, by Angeline MUKANGENZIAbaturage bakoresha umuhanda unyura mu gishanga cya Kazabagarura uhuza Umurenge wa Huye n’uwa Mbazi yo mu Karere ka Huye, bavuga ko iteme rihuza iyi Mirenge ryasenyutse kubera imvura imaze iminsi igwa, ariko rikaba ryarahuhuwe n’imodoka ziremereye kuko ubusanzwe ryubakiwe abanyamaguru n’ibinyabiziga bito.
-
Icyumvikana mu butumwa bw’umukinnyi wa Maroc wahushije penaliti
20 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmukinnyi wa Real Madrid n’Ikipe y’Igihugu ya Maroc, Brahim Diaz wahushije penalitiki ku mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika, yanditse ubutumwa busaba imbabazi Abanya-Maroc, bwumvikanamo ko na we byamusigiye umubabaro ukomeye, ku buryo gukira ibikomere byawo bizamugora.
-
Li John yasibye indirimbo yakoreshejemo abana batarageza imyaka y’ubukure
27 December 2024, by Joseph IradukundaUmuhanzi Li John ubifatanya no gutunganya indirimbo, yakuye kuri YouTube indirimbo ye nshya yari yashyize hanze; agaragaza ko hari umwana wagaragayemo abyina, umubyeyi we ntabyishimire ku buryo yashatse kumujyana mu nkiko.
-
Imirwano yubuye hagati ya M23 na Wazalendo muri Rutshuru
6 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImirwano yongeye kubura ku wa Mbere, itariki ya 5 Gicurasi, mu karere ka Tongo na Kabizo, muri Sheferi ya Bwito, muri Teritwari ya Rutshuru, muri Kivu y’Amajyaruguru.
-
Putin yatabarije Trump
29 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yatabarije Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko umutekano we utizewe akurikije uburyo yahushijwe kabiri mu gihe cyo kwiyamamaza.
-
U Bufaransa n’u Bwongereza mu biganiro bigamije kohereza ingabo muri Ukraine
26 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIbihugu by’u Bufaransa n’u Bwongereza byabyukije ibiganiro bigamije kohereza muri Ukraine ingabo, mu ntambara iki gihugu kimazemo imyaka irenga ibiri gihanganye n’u Burusiya.
-
Rwamagana: Hibutswe abana n’abagore barenga 1080 biciwe i Sovu
21 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée, yanenze Interahamwe zishe abagore n’abana, zikabicana ubugome bukabije burimo no kubanza kubafata kungufu, asaba abakiri bato kwirinda ingengabitekerezo ya Jenoside kuko yatuma babana mu macakubiri.
Umuryango.rw
Musanze: Batatu bafunzwe bakekwaho gukubitira umusaza mu kabari agapfa
Handball: APR HC yahize kwitwara neza muri ‘ECAHF Senior Club Championship’
Huye: Barasaba gusanirwa iteme ryangijwe n’imvura kigahuhurwa n’imodoka
Icyumvikana mu butumwa bw’umukinnyi wa Maroc wahushije penaliti
Li John yasibye indirimbo yakoreshejemo abana batarageza imyaka y’ubukure
Imirwano yubuye hagati ya M23 na Wazalendo muri Rutshuru
Putin yatabarije Trump
U Bufaransa n’u Bwongereza mu biganiro bigamije kohereza ingabo muri Ukraine
Rwamagana: Hibutswe abana n’abagore barenga 1080 biciwe i Sovu