Umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa M23 ku rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, yashinje ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurenga ku gahenge kagombaga gutangira tariki ya 4 Kanama 2024.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
M23 yashinje Leta ya RDC kurenga ku gahenge
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Imodoka ya mbere iguruka yasuzumwe
28 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKompanyi ya Alef Aeronautics yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamuritse imodoka ya mbere iguruka ku Isi.
-
Ibitero bya Isirayeli muri Gaza Byahitanye Abarenga 20
3 November 2024, by Joseph IradukundaAbaganga bo muri Palestina baratangaza ko abantu 23 bishwe n’ibisasu indege z’intambara za Isirayeli zasutse ku ntara ya Gaza kuri iki cyumweru.
-
Australia: Itegeko rikumira abana ku mbuga nkoranyambaga ntirivugwaho rumwe
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’igihugu cya Australia yatangaje ko igiye gutangiza itegeko ridasanzwe ribuza abana bari munsi y’imyaka 16 gukoresha imbuga nkoranyambaga zinyuranye.
Mu cyumweru gitaha nibwo hateganyijwe inama y’inteko ishinga amategeko, aho bazibanda ku mategeko n’uburyo bwo kugabanya ingaruka mbi z’imbuga nkoranyambaga ku bana b’iki gihugu, nk’uko Minisitiri w’Intebe ’Anthony Albanese’ yabitangaje.
Bitangazwa ko muri iki gihugu cya Australia ababyeyi benshi bahangayikishijwe bikomeye (…) -
Icyiswe #GitwazaChallenge cyaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga [AMAFOTO 30]
26 September 2018, by Martin MunezeroKu wa mbere w’iki cyumweru taliki ya 23 Nzeri 2018 nibwo hakwirakwijwe amashusho ya Apôtre Dr Paul Gitwaza ari imbere y’imbaga y’abayoboke be ababwira ukuntu ari we muhanuzi wenyine mu Rwanda no muri Afurika.
-
Uganda: Rema yahakanye ibyo gutandukana n’umugabo we
12 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi Rema Namakula uri mu bakomeye muri Uganda, yagaragaje ko amakuru amaze iminsi akwirakwira ko yaba yaratandukanye n’umugabo we, Dr. Hamza Ssebunya, atari yo.
-
Junior Giti ari kubarizwa i Burayi
18 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuJunior Giti ari kubarizwa mu Bubiligi, aho yerekeje mu minsi mike ishize, gutegura urugendo rwa Chriss Eazy ugomba kuhakorera ibitaramo bitandukanye.
-
FIA yemeye ko ikibuga cyo muri Afurika y’Epfo kivugururirwa kwakira Formula One
19 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi Mukuru w’Umuhanda wa Kyalami uherereye muri Afurika y’Epfo, Toby Venter, yatangaje ko FIA yabemereye gutangira imirimo yo kuwuvugurura ukajya ku rwego rwa mbere (Grade 1), ruwemerera kuberaho Formula One.
-
Amb. Col (Rtd) Karemera yitabye Imana
11 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasaderi akanaba Col (Rtd) Karemera Joseph wakoze imirimo itandukanye muri Guverinoma y’u Rwanda, yapfuye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Ukwakira.
-
Inama za Dr. Karangwa wa RFI ku bapimisha ADN ngo bahamye ko abana ari ababo
26 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi n’Ubuhanga bikoreshwa mu Butabera (RFI), Dr. Charles Karangwa, yasabye ababyeyi bifuza gupimisha uturemangingo ndangasano (ADN) ngo bamenye niba abana ari ababo ko babigendamo gake, kuko bishyira mu kaga abo bana n’umuryango Nyarwanda muri rusange.
Umuryango.rw
M23 yashinje Leta ya RDC kurenga ku gahenge
Imodoka ya mbere iguruka yasuzumwe
Ibitero bya Isirayeli muri Gaza Byahitanye Abarenga 20
Australia: Itegeko rikumira abana ku mbuga nkoranyambaga ntirivugwaho rumwe
Uganda: Rema yahakanye ibyo gutandukana n’umugabo we
Junior Giti ari kubarizwa i Burayi
FIA yemeye ko ikibuga cyo muri Afurika y’Epfo kivugururirwa kwakira Formula One
Amb. Col (Rtd) Karemera yitabye Imana
Inama za Dr. Karangwa wa RFI ku bapimisha ADN ngo bahamye ko abana ari ababo