Umugandekazi, Rebecca Cheptegei, wabaye uwa 44 muri marathon mu Mikino Olempike iherutse kubera i Paris, yagize ibikomere nyinshi byo gushya nyuma yo gutwikwa hakoreshejwe peteroli n’umukunzi we, mu gihe ihohoterwa rikorerwa mu ngo rikorerwa abagore rikomeje kuba ikibazo gikomeye muri Kenya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kenya:Rebecca waserukiye Uganda mu Mikino Olempike yatwikishijwewe Peteroli
3 September 2024, by Joseph Iradukunda -
Minisitiri w’Uburezi yahishuye gahunda iteganyijwe mu ifungurwa ry’amashuri
26 September 2020, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Nzeri 2020 iyobowe na nyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yatangaje ko ibikorwa bitandukanye byari byarafunzwe kubera Covid-19 byakomorewe harimo n’amashuri yari yarafunzwe guhera kuwa 16 Werurwe 2020.
-
Abakunzi ba Mwiseneza Josiane buriye imodoka yararimo abandi barayitangatanga bayibuza kugenda bashaka kumukoraho[AMAFOTO]
10 January 2019, by Martin MunezeroKu munsi w’ejo tariki 9,Mwiseneza Josiane yongeye kugaragarizwa ko ari umukobwa ukunzwe cyane kurusha abandi bakobwa bose bakandagiye mu irushanwa rya Miss Rwanda mu mateka yaryo, ubwo abafana be bamutangiriye mu muhanda babuza imodoka kugenda neza.
-
Harry Kane yegukanye igikombe cye cya mbere mu mateka
5 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBayern Munich yegukanye Igikombe cya Shampiyona y’u Budage ku nshuro ya 33, bituma rutahizamu wayo Harry Kane akuraho amateka mabi yari afite yo kuba ataregukana igikombe na kimwe.
-
Abahagarariye AFC/M23 na RDC bongeye guhurira muri Qatar
5 May 2025, by Angeline MUKANGENZIAbahagarariye ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basubiye mu biganiro by’amahoro bimaze igihe kirenga ukwezi bibera muri Qatar.
-
Coronavirus: Nta murwayi wabonetse mu bipimo 896 byafashwe kuri uyu wa 2….Hakize umuntu umwe
5 May 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa kabiri tariki ya 05 Gicurasi 2020, nta murwayi mushya wa Coronavirus wabonetse mu bipimo 896 byafashwe, inemeza ko umuntu umwe yakize Covid-19.
-
RDC: Indwara itaramenyekana imaze guhitana abantu 79
5 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko indwara itaramenyekana ariko ikaba ifite ibimenyetso nk’iby’ibicurane imaze guhitana abantu 79 muri iki gihugu.
-
Sahabo yahaye ikaze Gueulette: Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye
28 July 2025, by Joseph IradukundaMpera z’icyumweru gishize mu gihugu cy’u Bubiligi hatangiye Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu bagabo 2025/26.
-
Benin: Abasirikare 15 ba FAB biciwe mu gitero kidasanzwe cya JNIM
6 March, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa Kane, itariki ya 5 Werurwe, Umujyi wa Kofonou, hafi ya Karimama mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Benin, wabayemo igitero simusiga cyagabwe ku Ngabo za Bénin. Abasirikare 15 bahasize ubuzima, ku birometero bike uvuye ku mupaka na Niger. Hari hashize hafi umwaka igihugu kitagabweho igitero cyo kuri uru rwego.
-
Abayobozi b’u Bufaransa, u Budage na Finlande mu baherekeza Zelensky i Washington
18 August 2025, by ISIMBI EstellaMu rugendo rwerekeza i Washington, agiye kuganira na Donald Trump ku hazaza h’intambara ikomeje kuzahaza igihugu cye, biteganyijwe ko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, aherekezwa n’abayobozi bo mu bihugu by’u Burayi.
Umuryango.rw
Kenya:Rebecca waserukiye Uganda mu Mikino Olempike yatwikishijwewe Peteroli
Minisitiri w’Uburezi yahishuye gahunda iteganyijwe mu ifungurwa ry’amashuri
Harry Kane yegukanye igikombe cye cya mbere mu mateka
Abahagarariye AFC/M23 na RDC bongeye guhurira muri Qatar
Coronavirus: Nta murwayi wabonetse mu bipimo 896 byafashwe kuri uyu wa 2….Hakize umuntu umwe
RDC: Indwara itaramenyekana imaze guhitana abantu 79
Sahabo yahaye ikaze Gueulette: Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye
Benin: Abasirikare 15 ba FAB biciwe mu gitero kidasanzwe cya JNIM
Abayobozi b’u Bufaransa, u Budage na Finlande mu baherekeza Zelensky i Washington