Brésil ni kimwe mu bihugu byo muri Amerika y’Amajyepfo byiganjemo abanyabyaha benshi. Gereza zaho zizwiho kugira imfungwa nyinshi ziba zarafunzwe zizira urugomo rukabije, ndetse n’ikwirakwizwa ry’ibiyobyabwenge.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Gusoma ibitabo bishobora gufasha abagororwa bo muri Brésil kugabanya igifungo bakatiwe
6 March, by ISIMBI Estella -
Kuri ubu kwamamaza ku rubuga www.mdgrou.com inzu n’ibibanza bigurishwa ni ubuntu
1 November 2019, by UbwanditsiMulti design Group Ltd ni ikigo cy’ubucuruzi cyashyizeho urubuga rukora nkisoko rusange ryo kugurishirizaho imitungo itimukanwa aribyo amazu n’ibibanza. Iki kigo gisanzwe gitanga na serivisi zijyanye no kugena agaciro k’imitungo, gucunga imitungo itimukanwa, gukora no gucunga imishinga, serivisi zerekeranye no kugurisha, gukodesha no gukodeshereza ba nyir’imitungo, guhuza abagura n’abagurisha inzu n’ibibanza n’ibindi.
-
Kenya: Abandi bantu 40 bagonzwe n’imodoka kuri Noheli
27 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuImpanuka ikomeye y’imodoka yabereye mu gihugu cya Kenya mu gace ka Mwisho wa Lami, yakomerekeyemo abantu bagera kuri 40 bose bakaba bahise bajyanwa mu bitaro igitaraganya ngo bitabweho.
-
Iran na Amerika byongeye kurebana ay’ingwe; umuriro ushobora kwaka
12 January, by ISHIMWE Jean de DieuImyigaragambyo yatangiye ku wa 28 Ukuboza muri Iran, itewe n’izamuka rikabije ry’ibiciro, nyuma igahinduka igamije kwamagana abayobozi bagendera ku matwara y’idini ya Islam bayoboye igihugu kuva mu 1979, imaze guhitana abantu barenga 500.
-
Icyerekezo cya menshi ni 11.445 Frw: Imiterere y’ibiciro bishya by’ingendo mu Rwanda
4 April, by ISIMBI EstellaUrwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ingendo bisimbura ibyari bimaze imyaka ibiri bikoreshwa. Izi mpinduka zije zikurikiye izamuka rikomeye mu mateka y’u Rwanda y’ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli kuko bwa mbere, Lisansi na Mazutu byarenze 2000 Frw, kimwe kikagera kuri 2.303 Frw ikindi aba 2.205 Frw.
-
Muhanga: Hagiye gusiburwa inzira z’amazi yangizaga imyaka y’abaturage
25 February, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Umurenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga bwahumurije abaturage batuye mu Midugudu ya Matsinsi na Rwamaraba, Akagari ka Mubuga, ko mu Muganda Rusange usoza ukwezi kwa Gashyantare hateganyijwe ibikorwa byo gusibura, gutunganya imihanda n’inzira z’amazi.
-
Abanyeshuri mu bice bigenzurwa na M23 bakoze ibizamini bya leta
26 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNubwo byari bigoye kwitegura, abanyeshuri bo muri Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo barekana ko biruhukije kuko uyu mwaka w’amashuri utakibabereye impfabusa, nyuma y’aho bemerewe gukora ibizamini bya leta byari byarasubitswe.
-
Ambasaderi Festus Bizimana yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Sénégal
9 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasaderi w’u Rwanda muri Sénégal, Festus Bizimana, yatanze inyandiko zimuhesha uburenganzira bwo guhagararira u Rwanda muri iki gihugu kuri Perezida Bassirou Diomaye Diakhar Faye. Ni umuhango wabereye mu Ngoro ya Perezida mu Murwa Mukuru Dakar.
-
Chameleone yishimiwe bidasanzwe mu gitaramo yakoreye i Kigali
26 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’umunya-Uganda Dr. Jose Chameleone wamamaye mu muziki muri Afurika y’Iburasirazuba no hanze yayo mu myaka isaga 25 ishize, yakoreye igitaramo cy’amateka mu Mujyi wa Kigali yahuriyemo n’abarimo umuvandimwe we Weasel ndetse na Rafiki Coga Style na we umaze igihe kinini ari umwe mu bahanzi b’abanyabigwi.
-
Min w’intebe Dr Ngirente yagaragaje inkingi 3 zigize gahunda ya Guverinoma
26 September 2017, by Iyamuremye JanvierMinisitiri w’intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente kuri uyu wa kabiri yagaragarije abagize inteko ishingamategeko inkingi 3 zigize gahunda ya Guverinoma y’imyaka 7 zirimo ubukungu, imibereho myiza y’abaturage n’imiyoborere myiza. Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente yagaragaje imirongo migari ya gahunda guverinoma ifite mu gihe cy’imyaka 7 kuva mu 2017 kugeza mu 2024.
Mu bikorwa bizibandwaho mu nkingi ijyanye n’Ubukungu avuga ko hazubakwa imihanda yihariye izanyurwamo n’imodoka (…)
Umuryango.rw
Kuri ubu kwamamaza ku rubuga www.mdgrou.com inzu n’ibibanza bigurishwa ni ubuntu
Kenya: Abandi bantu 40 bagonzwe n’imodoka kuri Noheli
Iran na Amerika byongeye kurebana ay’ingwe; umuriro ushobora kwaka
Icyerekezo cya menshi ni 11.445 Frw: Imiterere y’ibiciro bishya by’ingendo mu Rwanda
Muhanga: Hagiye gusiburwa inzira z’amazi yangizaga imyaka y’abaturage
Abanyeshuri mu bice bigenzurwa na M23 bakoze ibizamini bya leta
Ambasaderi Festus Bizimana yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Sénégal
Chameleone yishimiwe bidasanzwe mu gitaramo yakoreye i Kigali